• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

minebwenews by minebwenews
May 22, 2025
in Regional Politics
0
Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Nyuma y’aho u Rwanda rumuritse bwa mbere mu nama mpuzamahanga y’umutekano iheruka kubera i Kigali intwaro zarwo zirukorerwamo bigatungura ibihugu byinshi, izi mbunda zatangiye kubona isoko.

Mu minsi ibiri ishize ni bwo i Kigali mu Rwanda habereye inama mpuzamahanga ya ISCA aho yigaga ku mutekano wa Afrika.

U Rwanda rwayigaragajemo ko rufite uruganda rukora intwaro, urwo ruganda na rwo rwitwa REMECO (Rwanda Engineering and Manufacturing Corporation).

Uru ruganda ruherereye i Masoro mu cyanya cy’inganda. Bivugwa ko uru ruganda rwa REMECO rukora imbunda ku bufatanye n’u rwa Israel ruzwi nka Israel weapon industries.

Ahanini intwaro uru ruganda rwa REMECO rukora n’izifashishwa mu ntambara yo kubutaka, izikoreshwa n’umutwe udasanzwe (special operations Forces) n’ibindi bikoresho byagisirikare byifashishwa ku rugamba nka night vision n’ibindi.

Igisirikare kimaze gukoresha izi mbunda zikorwa n’uru ruganda rwa REMECO harimo icy’u Rwanda, hakaba hiyongereyeho n’icya Israel cyatangiye kuzigura nk’uko amakuru dukesha Bwiza.com abivuga.

Mu bandi bakiriya REMECO imaze kubona barimo inshuti z’ibihugu by’u Rwanda, kuko nabyo byatangiye gutumiza izi ntwaro mu rwego rwo kugira ngo zibafashe kurinda umutekano w’ibihugu byabo.

Muri Afrika hari hasanzwe ibihugu 11 bikora intwaro, birimo Afrika y’Epfo, Ethiopiya, Ghana, Kenya, Namibia, Zimbambwe, Nigeria Sudan, Tanzania na Uganda. U Rwanda rukaba ruje rwiyongera kuri ibyo bihugu mu gukora intwaro.

Akarusho u Rwanda rwo rurigukora n’izigezweho kuko rukora izikoreshwa na bamudahusha ndetse ni nini nka mashin Gun na Masotera. Mu gihe ibindi bihugu bikora ahanini izo mu bwoko bwa Pistolet n’izindi.

U Rwanda rukaba ruje ku isoko ry’Afrika ubusanzwe ryihariye imbunda zo mu bwoko bwa AK-47 zikorwa n’u Burusiya, ruje guhatana n’ibindi bihugu, kubera ubuziranenge bw’intwaro rukora zikunzwe cyane n’igisirikare cya Israel.

Tags: IntwaroIsraelREMECOZikorerwa mu Rwanda
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Icyo wa menya kuri Family TV 1 ikoreshwa n’umukobwa w’Umunyamulenge.

Icyo wa menya kuri Family TV 1 ikoreshwa n'umukobwa w'Umunyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?