• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

minebwenews by minebwenews
May 22, 2025
in Regional Politics
0
Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

You might also like

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Nyuma y’aho u Rwanda rumuritse bwa mbere mu nama mpuzamahanga y’umutekano iheruka kubera i Kigali intwaro zarwo zirukorerwamo bigatungura ibihugu byinshi, izi mbunda zatangiye kubona isoko.

Mu minsi ibiri ishize ni bwo i Kigali mu Rwanda habereye inama mpuzamahanga ya ISCA aho yigaga ku mutekano wa Afrika.

U Rwanda rwayigaragajemo ko rufite uruganda rukora intwaro, urwo ruganda na rwo rwitwa REMECO (Rwanda Engineering and Manufacturing Corporation).

Uru ruganda ruherereye i Masoro mu cyanya cy’inganda. Bivugwa ko uru ruganda rwa REMECO rukora imbunda ku bufatanye n’u rwa Israel ruzwi nka Israel weapon industries.

Ahanini intwaro uru ruganda rwa REMECO rukora n’izifashishwa mu ntambara yo kubutaka, izikoreshwa n’umutwe udasanzwe (special operations Forces) n’ibindi bikoresho byagisirikare byifashishwa ku rugamba nka night vision n’ibindi.

Igisirikare kimaze gukoresha izi mbunda zikorwa n’uru ruganda rwa REMECO harimo icy’u Rwanda, hakaba hiyongereyeho n’icya Israel cyatangiye kuzigura nk’uko amakuru dukesha Bwiza.com abivuga.

Mu bandi bakiriya REMECO imaze kubona barimo inshuti z’ibihugu by’u Rwanda, kuko nabyo byatangiye gutumiza izi ntwaro mu rwego rwo kugira ngo zibafashe kurinda umutekano w’ibihugu byabo.

Muri Afrika hari hasanzwe ibihugu 11 bikora intwaro, birimo Afrika y’Epfo, Ethiopiya, Ghana, Kenya, Namibia, Zimbambwe, Nigeria Sudan, Tanzania na Uganda. U Rwanda rukaba ruje rwiyongera kuri ibyo bihugu mu gukora intwaro.

Akarusho u Rwanda rwo rurigukora n’izigezweho kuko rukora izikoreshwa na bamudahusha ndetse ni nini nka mashin Gun na Masotera. Mu gihe ibindi bihugu bikora ahanini izo mu bwoko bwa Pistolet n’izindi.

U Rwanda rukaba ruje ku isoko ry’Afrika ubusanzwe ryihariye imbunda zo mu bwoko bwa AK-47 zikorwa n’u Burusiya, ruje guhatana n’ibindi bihugu, kubera ubuziranenge bw’intwaro rukora zikunzwe cyane n’igisirikare cya Israel.

Tags: IntwaroIsraelREMECOZikorerwa mu Rwanda
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails
Next Post
Icyo wa menya kuri Family TV 1 ikoreshwa n’umukobwa w’Umunyamulenge.

Icyo wa menya kuri Family TV 1 ikoreshwa n'umukobwa w'Umunyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?