Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 22, 2025
in Regional Politics
0
Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

You might also like

Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

Nyuma y’aho u Rwanda rumuritse bwa mbere mu nama mpuzamahanga y’umutekano iheruka kubera i Kigali intwaro zarwo zirukorerwamo bigatungura ibihugu byinshi, izi mbunda zatangiye kubona isoko.

Mu minsi ibiri ishize ni bwo i Kigali mu Rwanda habereye inama mpuzamahanga ya ISCA aho yigaga ku mutekano wa Afrika.

U Rwanda rwayigaragajemo ko rufite uruganda rukora intwaro, urwo ruganda na rwo rwitwa REMECO (Rwanda Engineering and Manufacturing Corporation).

Uru ruganda ruherereye i Masoro mu cyanya cy’inganda. Bivugwa ko uru ruganda rwa REMECO rukora imbunda ku bufatanye n’u rwa Israel ruzwi nka Israel weapon industries.

Ahanini intwaro uru ruganda rwa REMECO rukora n’izifashishwa mu ntambara yo kubutaka, izikoreshwa n’umutwe udasanzwe (special operations Forces) n’ibindi bikoresho byagisirikare byifashishwa ku rugamba nka night vision n’ibindi.

Igisirikare kimaze gukoresha izi mbunda zikorwa n’uru ruganda rwa REMECO harimo icy’u Rwanda, hakaba hiyongereyeho n’icya Israel cyatangiye kuzigura nk’uko amakuru dukesha Bwiza.com abivuga.

Mu bandi bakiriya REMECO imaze kubona barimo inshuti z’ibihugu by’u Rwanda, kuko nabyo byatangiye gutumiza izi ntwaro mu rwego rwo kugira ngo zibafashe kurinda umutekano w’ibihugu byabo.

Muri Afrika hari hasanzwe ibihugu 11 bikora intwaro, birimo Afrika y’Epfo, Ethiopiya, Ghana, Kenya, Namibia, Zimbambwe, Nigeria Sudan, Tanzania na Uganda. U Rwanda rukaba ruje rwiyongera kuri ibyo bihugu mu gukora intwaro.

Akarusho u Rwanda rwo rurigukora n’izigezweho kuko rukora izikoreshwa na bamudahusha ndetse ni nini nka mashin Gun na Masotera. Mu gihe ibindi bihugu bikora ahanini izo mu bwoko bwa Pistolet n’izindi.

U Rwanda rukaba ruje ku isoko ry’Afrika ubusanzwe ryihariye imbunda zo mu bwoko bwa AK-47 zikorwa n’u Burusiya, ruje guhatana n’ibindi bihugu, kubera ubuziranenge bw’intwaro rukora zikunzwe cyane n’igisirikare cya Israel.

Tags: IntwaroIsraelREMECOZikorerwa mu Rwanda
Share39Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi . Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yatangaje ko yiteguye kwakira perezida w'u...

Read moreDetails

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

by Bruce Bahanda
July 12, 2025
0
Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC. Uhuru Kenyatta wahoze ayobora Kenya akaba ari n'umwe mubahuza mu bibazo by'intambara ibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya...

Read moreDetails

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Bimwe mu biremereye Leta y'i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro biri kubera i Doha. Ibiganiro by'imishyikorano biri kubera i Doha muri Qatar byahuriyemo Leta ya Congo n'umutwe...

Read moreDetails

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Avugwa mu biganiro by'i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n'iza leta y'i Kinshasa. Ibiganiro by'imishyikirano byahuriyemo intumwa z'umutwe wa M23 n'iza leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

Ikibuga cy'indege cya Goma kirimo gukorwa neza. Ikibuga cy'indege mpuzamahanga cya Goma ho mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo kiri gutunganywa...

Read moreDetails
Next Post
Icyo wa menya kuri Family TV 1 ikoreshwa n’umukobwa w’Umunyamulenge.

Icyo wa menya kuri Family TV 1 ikoreshwa n'umukobwa w'Umunyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?