Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 22, 2025
in Regional Politics
0
Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

You might also like

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

Nyuma y’aho u Rwanda rumuritse bwa mbere mu nama mpuzamahanga y’umutekano iheruka kubera i Kigali intwaro zarwo zirukorerwamo bigatungura ibihugu byinshi, izi mbunda zatangiye kubona isoko.

Mu minsi ibiri ishize ni bwo i Kigali mu Rwanda habereye inama mpuzamahanga ya ISCA aho yigaga ku mutekano wa Afrika.

U Rwanda rwayigaragajemo ko rufite uruganda rukora intwaro, urwo ruganda na rwo rwitwa REMECO (Rwanda Engineering and Manufacturing Corporation).

Uru ruganda ruherereye i Masoro mu cyanya cy’inganda. Bivugwa ko uru ruganda rwa REMECO rukora imbunda ku bufatanye n’u rwa Israel ruzwi nka Israel weapon industries.

Ahanini intwaro uru ruganda rwa REMECO rukora n’izifashishwa mu ntambara yo kubutaka, izikoreshwa n’umutwe udasanzwe (special operations Forces) n’ibindi bikoresho byagisirikare byifashishwa ku rugamba nka night vision n’ibindi.

Igisirikare kimaze gukoresha izi mbunda zikorwa n’uru ruganda rwa REMECO harimo icy’u Rwanda, hakaba hiyongereyeho n’icya Israel cyatangiye kuzigura nk’uko amakuru dukesha Bwiza.com abivuga.

Mu bandi bakiriya REMECO imaze kubona barimo inshuti z’ibihugu by’u Rwanda, kuko nabyo byatangiye gutumiza izi ntwaro mu rwego rwo kugira ngo zibafashe kurinda umutekano w’ibihugu byabo.

Muri Afrika hari hasanzwe ibihugu 11 bikora intwaro, birimo Afrika y’Epfo, Ethiopiya, Ghana, Kenya, Namibia, Zimbambwe, Nigeria Sudan, Tanzania na Uganda. U Rwanda rukaba ruje rwiyongera kuri ibyo bihugu mu gukora intwaro.

Akarusho u Rwanda rwo rurigukora n’izigezweho kuko rukora izikoreshwa na bamudahusha ndetse ni nini nka mashin Gun na Masotera. Mu gihe ibindi bihugu bikora ahanini izo mu bwoko bwa Pistolet n’izindi.

U Rwanda rukaba ruje ku isoko ry’Afrika ubusanzwe ryihariye imbunda zo mu bwoko bwa AK-47 zikorwa n’u Burusiya, ruje guhatana n’ibindi bihugu, kubera ubuziranenge bw’intwaro rukora zikunzwe cyane n’igisirikare cya Israel.

Tags: IntwaroIsraelREMECOZikorerwa mu Rwanda
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Minisitiri w'ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa. Umushinjacyaha w'urukiko rushyinzwe imanza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yandikiye inteko ishinga amategeko ayisaba kwambura...

Read moreDetails

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y'Epfo umutego ukomeye. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko ntaho ahuriye na...

Read moreDetails

Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

by Bruce Bahanda
May 21, 2025
0
Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

Amabuye y'agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda. Amabuye y'agaciro ya Repubulika ya demokarasi ya Congo nka tungsten, tantalum na tin, ayo iki gihugu cyagiye gishinja u...

Read moreDetails

Mushikiwabo yatangaje ibintu byatuma Afrika igera ku iterambere yifuza.

by Bruce Bahanda
May 21, 2025
0
Mushikiwabo yatangaje ibintu byatuma Afrika igera ku iterambere yifuza.

Mushikiwabo yatangaje ibintu byatuma Afrika igera ku iterambere yifuza. Umunyabanga mukuru w'umuryango w'ibihugu bikoresha ururimi rw'igifaransa(OIF), Louise Mushikiwabo yatangaje ko Afrika ikwiye guhahira aho ishaka no gukorana n'abo...

Read moreDetails

Icyo abaturage bavuga kuri disikuru yatanzwe na guverineri Perusi i Uvira.

by Bruce Bahanda
May 21, 2025
0
Icyo abaturage bavuga kuri disikuru yatanzwe na guverineri Perusi i Uvira.

Icyo abaturage bavuga kuri disikuru yatanzwe na guverineri Perusi i Uvira. Guverineri wa Kivu y'Amajyepfo i Uvira, Jeaques Perusi, yabwiye abaturage bari muri uyu mujyi ko intambara zirangiye,...

Read moreDetails
Next Post
Icyo wa menya kuri Family TV 1 ikoreshwa n’umukobwa w’Umunyamulenge.

Icyo wa menya kuri Family TV 1 ikoreshwa n'umukobwa w'Umunyamulenge.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?