• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inzara iravuza ubuhuha mu baturage n’Abasirikare baturiye teritware ya i Djwi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
December 7, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inzara iravuza ubuhuha muri teritware ya i Djwi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi n’umwe (11), nyuma y’uko byari bimaze ku menyekana ko leta ya Kinshasa ikomeje kohereza ingabo z’u Burundi na FDLR aho Congo ihana imbibi n’igihugu c’u Rwanda, muri icyo gihe byavuzwe ko Congo Kinshasa ko y’aba ishaka gushora intambara yeruye kuri leta ya Kigali, ibi byatumye Abacuruzi bahagarara ahanini abacuruza ibijanye n’ibiryo.

Nk’uko byagiye bivugwa leta ya Kinshasa yashize Ingabo ninshi z’u Burundi na FDLR Nyangezi, Kamanyola, Ngomo na i Djwi, kugeza n’ubu ziriya Ngabo ziracahari n’amagingo aya.

Ibi byanahamijwe n’abaturage bo muribyo bice aho bahaye ubuhamya MCN, bagize bati: “Uduce twose twa Congo duhana imbibi n’u Rwanda, bari kuhashira Ingabo z’u Burundi na FDLR.”

Bisanzwe bizwi ko abaturage baturiye teritware ya i Djwi, bahahira mu Gihugu cya baturanyi mu Rwanda. Ariko kuri ubu Abacuruzi baho ba bujijwe kongera kugurira ibijanye n’ibiryo mu Rwanda aho bariya bategetsi batinye ko byaba bigemurirwa FDLR na FDNB, bashaka gutera i Gihugu c’u Rwanda.

Umwe mu baturage baturiye ibyo bice yabwiye Minembwe Capital News, ati: “Ubu dufite inzara ninshi Abanyarwanda banze ko duhahira mu gihugu cyabo ngo ahari tubishira FDLR. Ariko kandi nibyo kuko niyo FDLR nayo itegera ibiryo ku bacuruzi bahahira i Rwanda.”

Yunzemo kandi ati: “Haba mu basirikare b’u Burundi baraha, FARDC na FDLR natwe abasivile, turashonje cyane. Abanyarwanda batwemereye gusa Inzoga n’izo ziva iwabo zikaza hano kw’i Djwi. Inzara iratumara tu kandi muzi ko na leta ya Kinshasa idahahaye abaturage bayo n’Abasirikare.”

Teritware ya i Djwi, iherereye hagati mu mazi y’ikiyaga cya Kivu, gikora ku gihugu c’u Rwanda na Congo Kinshasa. Iyi teritware ya i Djwi yahawe ubwigenge ahagana mu mwaka w’1974. Ikaba ifite Cheferie zibiri gusa: Cheferie ya Mbere ni Rubenga iherereye mu Burasirazuba bw’iyi teritware na Cheferie Ntambuka, iherereye mu majy’Epfo.

Aka gace gatuwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abahavu.

Bruce Bahanda.

Tags: Inzara iravuza ubuhuha mu baturage n'Abasirikare baturiye teritware ya i DjwiKivu yamajy'Epfo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, asobanuye impamvu bambuye ihuriro ry'ingabo za RDC, u Mujyi wa Mushaki?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?