Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inzara iravuza ubuhuha mu baturage n’Abasirikare baturiye teritware ya i Djwi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 7, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inzara iravuza ubuhuha muri teritware ya i Djwi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi n’umwe (11), nyuma y’uko byari bimaze ku menyekana ko leta ya Kinshasa ikomeje kohereza ingabo z’u Burundi na FDLR aho Congo ihana imbibi n’igihugu c’u Rwanda, muri icyo gihe byavuzwe ko Congo Kinshasa ko y’aba ishaka gushora intambara yeruye kuri leta ya Kigali, ibi byatumye Abacuruzi bahagarara ahanini abacuruza ibijanye n’ibiryo.

Nk’uko byagiye bivugwa leta ya Kinshasa yashize Ingabo ninshi z’u Burundi na FDLR Nyangezi, Kamanyola, Ngomo na i Djwi, kugeza n’ubu ziriya Ngabo ziracahari n’amagingo aya.

Ibi byanahamijwe n’abaturage bo muribyo bice aho bahaye ubuhamya MCN, bagize bati: “Uduce twose twa Congo duhana imbibi n’u Rwanda, bari kuhashira Ingabo z’u Burundi na FDLR.”

Bisanzwe bizwi ko abaturage baturiye teritware ya i Djwi, bahahira mu Gihugu cya baturanyi mu Rwanda. Ariko kuri ubu Abacuruzi baho ba bujijwe kongera kugurira ibijanye n’ibiryo mu Rwanda aho bariya bategetsi batinye ko byaba bigemurirwa FDLR na FDNB, bashaka gutera i Gihugu c’u Rwanda.

Umwe mu baturage baturiye ibyo bice yabwiye Minembwe Capital News, ati: “Ubu dufite inzara ninshi Abanyarwanda banze ko duhahira mu gihugu cyabo ngo ahari tubishira FDLR. Ariko kandi nibyo kuko niyo FDLR nayo itegera ibiryo ku bacuruzi bahahira i Rwanda.”

Yunzemo kandi ati: “Haba mu basirikare b’u Burundi baraha, FARDC na FDLR natwe abasivile, turashonje cyane. Abanyarwanda batwemereye gusa Inzoga n’izo ziva iwabo zikaza hano kw’i Djwi. Inzara iratumara tu kandi muzi ko na leta ya Kinshasa idahahaye abaturage bayo n’Abasirikare.”

Teritware ya i Djwi, iherereye hagati mu mazi y’ikiyaga cya Kivu, gikora ku gihugu c’u Rwanda na Congo Kinshasa. Iyi teritware ya i Djwi yahawe ubwigenge ahagana mu mwaka w’1974. Ikaba ifite Cheferie zibiri gusa: Cheferie ya Mbere ni Rubenga iherereye mu Burasirazuba bw’iyi teritware na Cheferie Ntambuka, iherereye mu majy’Epfo.

Aka gace gatuwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abahavu.

Bruce Bahanda.

Tags: Inzara iravuza ubuhuha mu baturage n'Abasirikare baturiye teritware ya i DjwiKivu yamajy'Epfo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, asobanuye impamvu bambuye ihuriro ry'ingabo za RDC, u Mujyi wa Mushaki?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?