Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inzara iravuza ubuhuha mu baturage n’Abasirikare baturiye teritware ya i Djwi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 7, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inzara iravuza ubuhuha muri teritware ya i Djwi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi n’umwe (11), nyuma y’uko byari bimaze ku menyekana ko leta ya Kinshasa ikomeje kohereza ingabo z’u Burundi na FDLR aho Congo ihana imbibi n’igihugu c’u Rwanda, muri icyo gihe byavuzwe ko Congo Kinshasa ko y’aba ishaka gushora intambara yeruye kuri leta ya Kigali, ibi byatumye Abacuruzi bahagarara ahanini abacuruza ibijanye n’ibiryo.

Nk’uko byagiye bivugwa leta ya Kinshasa yashize Ingabo ninshi z’u Burundi na FDLR Nyangezi, Kamanyola, Ngomo na i Djwi, kugeza n’ubu ziriya Ngabo ziracahari n’amagingo aya.

Ibi byanahamijwe n’abaturage bo muribyo bice aho bahaye ubuhamya MCN, bagize bati: “Uduce twose twa Congo duhana imbibi n’u Rwanda, bari kuhashira Ingabo z’u Burundi na FDLR.”

Bisanzwe bizwi ko abaturage baturiye teritware ya i Djwi, bahahira mu Gihugu cya baturanyi mu Rwanda. Ariko kuri ubu Abacuruzi baho ba bujijwe kongera kugurira ibijanye n’ibiryo mu Rwanda aho bariya bategetsi batinye ko byaba bigemurirwa FDLR na FDNB, bashaka gutera i Gihugu c’u Rwanda.

Umwe mu baturage baturiye ibyo bice yabwiye Minembwe Capital News, ati: “Ubu dufite inzara ninshi Abanyarwanda banze ko duhahira mu gihugu cyabo ngo ahari tubishira FDLR. Ariko kandi nibyo kuko niyo FDLR nayo itegera ibiryo ku bacuruzi bahahira i Rwanda.”

Yunzemo kandi ati: “Haba mu basirikare b’u Burundi baraha, FARDC na FDLR natwe abasivile, turashonje cyane. Abanyarwanda batwemereye gusa Inzoga n’izo ziva iwabo zikaza hano kw’i Djwi. Inzara iratumara tu kandi muzi ko na leta ya Kinshasa idahahaye abaturage bayo n’Abasirikare.”

Teritware ya i Djwi, iherereye hagati mu mazi y’ikiyaga cya Kivu, gikora ku gihugu c’u Rwanda na Congo Kinshasa. Iyi teritware ya i Djwi yahawe ubwigenge ahagana mu mwaka w’1974. Ikaba ifite Cheferie zibiri gusa: Cheferie ya Mbere ni Rubenga iherereye mu Burasirazuba bw’iyi teritware na Cheferie Ntambuka, iherereye mu majy’Epfo.

Aka gace gatuwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abahavu.

Bruce Bahanda.

Tags: Inzara iravuza ubuhuha mu baturage n'Abasirikare baturiye teritware ya i DjwiKivu yamajy'Epfo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, asobanuye impamvu bambuye ihuriro ry'ingabo za RDC, u Mujyi wa Mushaki?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?