• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inzego zishinzwe umutekano mu Gihugu cy’u Burundi zataye muri yombi umupasitoli zimwita Umunyamulenge w’intasi.

minebwenews by minebwenews
June 10, 2024
in Regional Politics
0
Inzego zishinzwe umutekano mu Gihugu cy’u Burundi zataye muri yombi umupasitoli zimwita Umunyamulenge w’intasi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inzego zishinzwe umutekano mu Gihugu cy’u Burundi zataye muri yombi umupasitoli zimwita Umunyamulenge w’intasi.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni umushumba w’itorero rya Methodiste Libre, Amoni Binagana , uyoboye paroisse yo mu Kajaga ho muri Komine Mutimbuzi, Intara ya Bujumbura, mu Burengerazuba bw’u Burundi, afungiwe i Kirundo, mu majyaruguru y’iki gihugu.

Nk’uko iy’inkuru tuyikesha ibitangaza makuru by’u Burundi ivuga ko Pasitoli Amoni Binagana yazize gukoresha inyandiko mpimbano no gukora ubutasi, kandi ko uyu mupasitoli yafashwe mu kwezi kwa Gatanu.

Ibirego Pasitoli Amoni Binagana aregwa, arabihakana byose, nk’uko ikinyamakuru Sos Media kubivuga.

Kuva ku itariki ya 30/05/2024 nibwo Pasitoli Amoni Binagana yinjijwe muri Casho iri ku biro by’ubushinjacyaha bwa Kirundo, ibi akaba ari ibivugwa n’umuryango wa bwana Amoni Binagana.

Umuryango kandi uvuga ko nta cyaha inzego zishinzwe umutekano ziziho Binagana ko ahubwo zishaka kumurya amafaranga.

Ndetse umuryango uvuga ko Pasitoli Amoni Binagana ko yimuriwe aha nyuma yuko yari yabanjye gufungirwa muri Casho y’igipolisi iherereye mu Ntara itavuzwe.

Amakuru avuga ko Binagana n’undi mushumba bakorana bari berekeje mw’ivuga butumwa mu Kirundo. Bageze ahantu ku iduka muri iyi Ntara atabwa muri yombi.

Abapolisi bo ba mutaye muri yombi bavuze ko Binagana ari Umunyarwanda. Ariko nk’uko bivugwa n’umuryango wa Pasitoli Amoni Binagana bavuga ko imivugire ye, ntaho ihuriye n’ikinyarwanda kuko avuga hubwo nk’Abanyamulenge, ni mu gihe yabanye nabo cyane.

Abari aho yafatiwe batanze ubuhamya bagira bati: “Pasitoli Amoni Binagana yerekanye ibyangombwa bye bimuranga ko ari Umurundi, ariko igipolisi cyarabyanze, biba ibyubusa.”

Ay’amakuru akomeza avuga ko abapolisi n’abakora mu iperereza ry’u Burundi baketse ko ibyangombwa akoresha ari impimbano. Gusa byaje kwemezwa ko izo nyandiko zibyangombwa bye atari impimbano ariko igitangaje aracyakomeje gufungwa.

Abavandimwe be bavuga ko Amoni Binagana ari Umurundi wavukiye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Yatashye mu 2000 mbere yo gutura i Kajaga aho akora nk’umushumba mu itorero rya Methodiste Libre.

Ibyangombwa bye byerekanye ko yabihawe mu 2003 na minisiteri yari ishinzwe gucyura impunzi icyo gihe iyobowe na Françoise Ngendahayo.

Abatangabuhamya bavuga kandi ko ibirego Pasitoli Amoni Binagana aregwa bidafite ishingiro.

Ati: “Umushinjacyaha aratinza urubanza gusa kugira ngo abone amafaranga kuri uyu mushumba. Twese tuzi ko uyu ari umuco usuzuguritse abantu bitabaza kugira ngo bikungahaze mu buryo butemewe n’amategeko.”

Umwe mu badepite utabona impamvu y’ifungwa ry’uyu mupasitoli agira ati: “Uru rubanza rwagizwe politiki ariko umushinjacyaha nta ngingo afite zemeza ko akomeza kurutinza.”

Ntabwo bwari ubwa mbere Pasitoli Amoni Binagana agiye i Kirundo mu bikorwa bye bya gikiristo.

                MCN.
Tags: arafunzweCashoKirundoPasitoli
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
I Burundi, u Munyamulenge wafashwe n’igipolisi ari gutabarizwa.

I Burundi, u Munyamulenge wafashwe n'igipolisi ari gutabarizwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?