• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

minebwenews by minebwenews
June 18, 2025
in World News
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

You might also like

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Igisirikare cya Iran cyateye ibisasu ahantu hatandukanye mu mujyi wa Tel Aviv wo muri Israel no mu bice by’i Golan, ariko Israel na yo yakomeje kurasa i Tehran muri Iran.

Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatatu tariki ya 18/06/2025, ibitero bigira umunsi wa gatandatu hagati y’ibihugu byombi bihanganye byakomeje.

Iran yaje gutahura ahantu Israel ikorera za drones zikozwe n’intasi za Mossad, ihita irasa indege nini ya drone ya Israel yo mu bwoko bwa Hermes type UAV ikoreshwa mu kugaba ibitero. Iyi ndege ni imwe mu zigezweho zikorwa na Israel, ifite agaciro kabarirwa hagati ya miliyoni 18$ na miliyoni 30$.

Israel na yo itera ibisasu kuri kaminuza yitwa Imam Hussein i Tehran. Iran ihita yihorera irasa ishuri ryo muri Israel rya Weizmann institute.

Andi makuru akomeye kuri iyi ntambara ni amagambo yatangajwe na perezida Donald Trump, mbere yari yasabye Iran kumanika amaboko nta yandi mananiza, anavuga ko bagenzura ikirere cya Iran, ndetse ko Iran idafite ibikoresho bikomeye nk’ibya Amerika. Trump yongeye gutangaza ko amahirwe yo kwifata ngo Amerika ntijye gufasha Israel agenda agabanuka.

Nyamara ku rundi ruhande, aba Houthi bo muri Yemen bavuze ko Amerika niyinjira mu ntambara bazarasa ku bikorwa remezo byayo.

Ndetse kandi Iran ishobora gutangira kurasa ku ngabo za Amerika aho zifite ibirindiro, nk’uko iheruka kubitangaza.

Indege za Amerika zitwara petrol ziri kwerekeza mu karere k’u Burasizuba bwo hagati zivuye i Burayi. Amakuru aravuga ko ingabo za Amerika ziba mu bihugu bitandukanye bituranye na Iran ziryamiye amajanja.

Mu bitero Iran yagabye kuri Israel, ntiharamenyekana abo byahitanye ariko imbugankoranyambaga zikorera mu kwaha k’u butegetsi bwa Iran zagaragaje amashusho atandukanye y’i Tel Aviv harimo gushya.

Byari binabaye n’ubwa mbere Iran itangaza ko yakoresheje misile yayo yihuta yo mu bwoko bwa Fatth-1.

Ni mu gihe Iran imaze kurasa misile 400 kuri Israel, izigera kuri 40 zaguye ku butaka izindi Israel yarazishywanuaguje. Abantu 24 bamaze gupfa, abagera kuri 800 barakomereka.

Naho muri Iran hamaze gupfa abantu 450 harimo abasirikare bakuru b’iki gihugu.

Tags: DroneIgiteroIranIsrael
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare wahoze ari inkoramutima ya Tshisekedi ararira ayo kwarika.

Umusirikare wahoze ari inkoramutima ya Tshisekedi ararira ayo kwarika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?