• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umusirikare wahoze ari inkoramutima ya Tshisekedi ararira ayo kwarika.

minebwenews by minebwenews
June 18, 2025
in Conflict & Security
0
Umusirikare wahoze ari inkoramutima ya Tshisekedi ararira ayo kwarika.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusirikare wahoze ari inkoramutima ya Tshisekedi ararira ayo kwarika.

You might also like

RDC yemeye kutazongera kwica abasivile no gusahura imitungo yabo

Ibibazo by’Abimukira Baturutse muri Amerika Byahungabanyije Leta ya RDC

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyataye muri yombi Lieutenant General Jean Claude Yav Kabeya, wabaye inkoramutima ya perezida Felix Tshisekedi kuva ubwo yajyaga ku butegetsi mu 2019.

I Kinshasa amakuru ahaturuka ahamya ko mu gitondo cy’ejo bundi ku wa mbere tariki ya 16/06/2025, inzego zishyinzwe umutekano zataye muri yombi Lt Gen. Yav, nubwo ibyo zimushinja zitarabitangaza.

Zimufunze mu gihe urwego rushyinzwe iperereza ry’igisirikare cya RDC zimaze iminsi zifunga aba ofisiye bakuru, gusa ibyaha zibakurikiranyeho ntibyatangajwe.

Mu nyandiko sosiyete sivili ziheruka gushyira hanze zigaragaza ko hamaze gufungwa abo ku rwego rwa General bagera kuri 29.

Ubundi kandi ihita inasaba ko aba basirikare ko badakwiye kumara igihe bafunzwe bataburanishwa, usibye ko umuvugizi w’igisirikare cya RDC, General Sylvain Ekenge, yasubije ko mu bihe by’intambara nta bwihute buba bukwiye kubaho.

Nyamara abenshi bakurikiranira hafi politiki ya Congo, bavuga ko ifungwa ry’aba basirikare bakuru rifatanye isano n’umwuka mubi uri hagati ya RDC na Joseph Kabila uheruka kugera i Goma mu gice cyabohojwe n’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubu butegetsi bw’i Kinshasa.

Uyu musirikare watawe muri yombi, Lt.Gen. Yav, perezida Felix Tshisekedi akigera k’u butegetsi mu mwaka wa 2019 yahise amugira umuyobozi w’ibiro bishinzwe igisirikare bizwi nka Maison Militaire.

Naho mu mwaka wa 2023 yasimbujwe Gen Franck Ntumba kuri iyi nshingano. Icyo gihe byahise bitangira kuvugwa ko yakuwe kuri uwo mwanya kubera ko Tshisekedi atakimwizeye, kuko nta yindi mirimo izwi yamuhaye

Tags: KabeyaKinshasaLt Gen
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC yemeye kutazongera kwica abasivile no gusahura imitungo yabo

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Ubusesenguzi bwa MRC ku Masezerano hagati ya AFC/M23 na Leta ya Kinshasa mu Busuwisi

RDC yemeye kutazongera kwica abasivile no gusahura imitungo yabo Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yemereye abahuza mu biganiro biyihuza n’ihuriro rya AFC/M23 ko...

Read moreDetails

Ibibazo by’Abimukira Baturutse muri Amerika Byahungabanyije Leta ya RDC

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Ibibazo by’Abimukira Baturutse muri Amerika Byahungabanyije Leta ya RDC

Ibibazo by’Abimukira Baturutse muri Amerika Byahungabanyije Leta ya RDC Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Judith Suminwa, yahuye n’ikibazo gikomeye ubwo yasobanuraga uburyo igihugu cye...

Read moreDetails

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Mahoro ya RDC Hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba Mu rwego rwo gushaka umuti urambye w’amakimbirane amaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero

Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Point Zero gaherereye muri teritware ya Mwenga, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Ibiganiro hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu Busuwisi byageze mu ihurizo rikomeye

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Mahoro ya RDC Hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa

Ibiganiro hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu Busuwisi byageze mu ihurizo rikomeye Mu gihe amahanga yari ategereje ko ibiganiro by’amahoro bibera mu Busuwisi bizatanga umusaruro ugaragara, gahunda yo...

Read moreDetails
Next Post
Byakomeye, intambara ya Iran na Israel yahinduye isura mu buryo budasanzwe.

Agezweho ku ntambara ihanganishije Israel na Iran ku munsi wayo wa 6.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?