Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Iran yagize icyo itangaza kubyo Amerika yatangaje byo guhagarika intambara.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 24, 2025
in World News
0
Iran yagize icyo itangaza kubyo Amerika yatangaje byo guhagarika intambara.
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iran yagize icyo itangaza kubyo Amerika yatangaje byo guhagarika intambara.

You might also like

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n’igikuta.

Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.

Nyuma y’aho Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, atangaje amahoro hagati ya Israel na Iran, iki gihugu cya Iran cyavuze ko kibyemera mu gihe Israel itongera kuyirasaho.

Byatangajwe na minisitiri w’ubanye n’amaganga wa Iran, Abbas Araghchi, mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri tariki ya 24/06/2025.

Abbas, akoresheje urubuga rwa x rwahoze rwitwa Twitter, yagize ati: “Israel niba iretse kutugabaho ibitero, natwe tuzabihagarika nta yandi mananiza.”

Uyu minisitiri w’ubanye n’amaganga wa Iran yatangaje ibi nyuma y’aho Perezida Donald Trump yaramaze amasaha abarirwa ku ntoki atangaje ko amahoro agiye gushyirwa mu byiciro, aho yasobanuye ko “Iran izahagarika ibikorwa bya gisirikare mbere, hanyuma Israel ikabikurikira nyuma y’amasaha 12.”

Yanashimiye impande zombi kubw’ubwitonzi bwabo, avuga ko aya ari amahirwe mashya ku karere ko mu Burasirazuba bwo hagati.

Ibi ntacyo Israel iragira icyo ibivugaho, ariko amahoro aramutse ashyizwe mu bikorwa nk’uko Trump yabitangaje ihungabana mu karere ndetse n’ingaruka ku bukungu ku isi, by’umwihariko kubijyanye n’ibikomoka Kuri petelori. Bitanga icyizere ko ibintu byahita bija mu buryo, nubwo hakiri impungenge ku kuba impande zombi zubahiriza ibyo bemeranyujeho.

Nyamara amakuru amwe avuga ko abategetsi ba Iran nta nama bagishijwe uretse kobivugwa ko Qatar yabaye umuhuza isaba ko iyi ntambara ihagarara. Binavugwa ko Ayatollah Ali umuyobozi w’ikirenga wa Iran we, yakunze gutangaza ko igihe cyose Israel izaba iri kuyirasaho nta biganiro by’amahoro bizabaho, ndetse akagaragaza ko nta mpamvu abona zatuma haba guhagarika intambara. Ni mu gihe Trump yakomezaga guhatira Iran gusaba ibiganiro ikemera ubutsindwe.

Ariko ku rundi ruhande ibihugu byombi biratekanye, uretse ibitero Iran yagabye i Beershab mbere yuko Trump atangaza amahoro. Ibi bitero amakuru akomeza avuga ko byaguyemo abantu bane. Ariko kandi Iran na yo yabikoze nyuma y’aho Israel iteye ibisasu biremereye i Teheran bikangiza byinshi birimo ko byasize bihitanye abantu benshi abandi bagakomereka.

Tags: Guhagarika intambaraIranIsrael
Share28Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y'igitero Iran yagabye ku ngabo ze. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump nyuma y'aho Iran igabye igitero gikaze ku birindiro...

Read moreDetails

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n’igikuta.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n'igikuta. Iran ibitero yagabye ku birindiro by'ingabo za Leta Zunze ubumwe z'Amerika muri Qatar, ntacyo byangije nk'uko amakuru ava muri...

Read moreDetails

Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.

Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by'ingabo z'Amerika. Bidasubirwaho igisirikare cya Iran cyagabye igitero gikomeye ku birindiro by'ingabo za Leta Zunze ubumwe z'Amerika biherereye muri Qatar n'ibiri muri Iraq....

Read moreDetails

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran. Minisitiri w'intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yari yasabye Leta Zunze ubumwe z'Amerika ibintu bibiri,...

Read moreDetails

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho.

by Bruce Bahanda
June 22, 2025
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zarashe kuri Iran bwa mbere mu gitero gikaze zayigabyeho zirasa ahantu hatandukanye ku bigo...

Read moreDetails
Next Post
Kivu y’Epfo: AFC/M23 izindutse yambikana n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Kivu y'Epfo: AFC/M23 izindutse yambikana n'ihuriro ry'ingabo za RDC.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?