• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Iran yagize icyo itangaza kubyo Amerika yatangaje byo guhagarika intambara.

minebwenews by minebwenews
June 24, 2025
in World News
0
Iran yagize icyo itangaza kubyo Amerika yatangaje byo guhagarika intambara.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iran yagize icyo itangaza kubyo Amerika yatangaje byo guhagarika intambara.

You might also like

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Nyuma y’aho Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, atangaje amahoro hagati ya Israel na Iran, iki gihugu cya Iran cyavuze ko kibyemera mu gihe Israel itongera kuyirasaho.

Byatangajwe na minisitiri w’ubanye n’amaganga wa Iran, Abbas Araghchi, mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri tariki ya 24/06/2025.

Abbas, akoresheje urubuga rwa x rwahoze rwitwa Twitter, yagize ati: “Israel niba iretse kutugabaho ibitero, natwe tuzabihagarika nta yandi mananiza.”

Uyu minisitiri w’ubanye n’amaganga wa Iran yatangaje ibi nyuma y’aho Perezida Donald Trump yaramaze amasaha abarirwa ku ntoki atangaje ko amahoro agiye gushyirwa mu byiciro, aho yasobanuye ko “Iran izahagarika ibikorwa bya gisirikare mbere, hanyuma Israel ikabikurikira nyuma y’amasaha 12.”

Yanashimiye impande zombi kubw’ubwitonzi bwabo, avuga ko aya ari amahirwe mashya ku karere ko mu Burasirazuba bwo hagati.

Ibi ntacyo Israel iragira icyo ibivugaho, ariko amahoro aramutse ashyizwe mu bikorwa nk’uko Trump yabitangaje ihungabana mu karere ndetse n’ingaruka ku bukungu ku isi, by’umwihariko kubijyanye n’ibikomoka Kuri petelori. Bitanga icyizere ko ibintu byahita bija mu buryo, nubwo hakiri impungenge ku kuba impande zombi zubahiriza ibyo bemeranyujeho.

Nyamara amakuru amwe avuga ko abategetsi ba Iran nta nama bagishijwe uretse kobivugwa ko Qatar yabaye umuhuza isaba ko iyi ntambara ihagarara. Binavugwa ko Ayatollah Ali umuyobozi w’ikirenga wa Iran we, yakunze gutangaza ko igihe cyose Israel izaba iri kuyirasaho nta biganiro by’amahoro bizabaho, ndetse akagaragaza ko nta mpamvu abona zatuma haba guhagarika intambara. Ni mu gihe Trump yakomezaga guhatira Iran gusaba ibiganiro ikemera ubutsindwe.

Ariko ku rundi ruhande ibihugu byombi biratekanye, uretse ibitero Iran yagabye i Beershab mbere yuko Trump atangaza amahoro. Ibi bitero amakuru akomeza avuga ko byaguyemo abantu bane. Ariko kandi Iran na yo yabikoze nyuma y’aho Israel iteye ibisasu biremereye i Teheran bikangiza byinshi birimo ko byasize bihitanye abantu benshi abandi bagakomereka.

Tags: Guhagarika intambaraIranIsrael
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi  Netanyahu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yandikiye Perezida wa Israel, Isaac Herzog, amwibutsa ko yagombye...

Read moreDetails

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo Ku wa 11/11/ 1918, ku isaha ya saa tanu z’amanywa (11:00), isi yose yahagaritse umutima ubwo...

Read moreDetails
Next Post
Kivu y’Epfo: AFC/M23 izindutse yambikana n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Kivu y'Epfo: AFC/M23 izindutse yambikana n'ihuriro ry'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?