• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Iran yagize icyo itangaza kubyo Amerika yatangaje byo guhagarika intambara.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 24, 2025
in World News
0
Iran yagize icyo itangaza kubyo Amerika yatangaje byo guhagarika intambara.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iran yagize icyo itangaza kubyo Amerika yatangaje byo guhagarika intambara.

You might also like

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Nyuma y’aho Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, atangaje amahoro hagati ya Israel na Iran, iki gihugu cya Iran cyavuze ko kibyemera mu gihe Israel itongera kuyirasaho.

Byatangajwe na minisitiri w’ubanye n’amaganga wa Iran, Abbas Araghchi, mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri tariki ya 24/06/2025.

Abbas, akoresheje urubuga rwa x rwahoze rwitwa Twitter, yagize ati: “Israel niba iretse kutugabaho ibitero, natwe tuzabihagarika nta yandi mananiza.”

Uyu minisitiri w’ubanye n’amaganga wa Iran yatangaje ibi nyuma y’aho Perezida Donald Trump yaramaze amasaha abarirwa ku ntoki atangaje ko amahoro agiye gushyirwa mu byiciro, aho yasobanuye ko “Iran izahagarika ibikorwa bya gisirikare mbere, hanyuma Israel ikabikurikira nyuma y’amasaha 12.”

Yanashimiye impande zombi kubw’ubwitonzi bwabo, avuga ko aya ari amahirwe mashya ku karere ko mu Burasirazuba bwo hagati.

Ibi ntacyo Israel iragira icyo ibivugaho, ariko amahoro aramutse ashyizwe mu bikorwa nk’uko Trump yabitangaje ihungabana mu karere ndetse n’ingaruka ku bukungu ku isi, by’umwihariko kubijyanye n’ibikomoka Kuri petelori. Bitanga icyizere ko ibintu byahita bija mu buryo, nubwo hakiri impungenge ku kuba impande zombi zubahiriza ibyo bemeranyujeho.

Nyamara amakuru amwe avuga ko abategetsi ba Iran nta nama bagishijwe uretse kobivugwa ko Qatar yabaye umuhuza isaba ko iyi ntambara ihagarara. Binavugwa ko Ayatollah Ali umuyobozi w’ikirenga wa Iran we, yakunze gutangaza ko igihe cyose Israel izaba iri kuyirasaho nta biganiro by’amahoro bizabaho, ndetse akagaragaza ko nta mpamvu abona zatuma haba guhagarika intambara. Ni mu gihe Trump yakomezaga guhatira Iran gusaba ibiganiro ikemera ubutsindwe.

Ariko ku rundi ruhande ibihugu byombi biratekanye, uretse ibitero Iran yagabye i Beershab mbere yuko Trump atangaza amahoro. Ibi bitero amakuru akomeza avuga ko byaguyemo abantu bane. Ariko kandi Iran na yo yabikoze nyuma y’aho Israel iteye ibisasu biremereye i Teheran bikangiza byinshi birimo ko byasize bihitanye abantu benshi abandi bagakomereka.

Tags: Guhagarika intambaraIranIsrael
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

by Bruce Bahanda
August 24, 2025
0
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Koreya y'Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane. Igisirikare cya Koreya y'Epfo cyarashe ku basirikare ba Koreya Yaruguru barinda umupaka uhuza ibihugu...

Read moreDetails

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

by Bruce Bahanda
August 21, 2025
0
Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe. Abana babarirwa mu bihumbi 19 biciwe mu ntambara ihanganishije Israel na Hamas mu ntara ya Gaza mu Burasirazuba...

Read moreDetails

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin. Perezida Zelenskyy Volodymyr wa Ukraine yavuze ko afite ubushake bwo kuzahurira mu biganiro bizamuhuza na perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara. Leta Zunze ubumwe z'Amerika yo keje igitutu Ukraine, iyisaba guhagarike intambara vuba na bwangu, kandi ikemera ibyumvikanyweho mu biganiro biheruka guhuriramo perezida...

Read moreDetails

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails
Next Post
Kivu y’Epfo: AFC/M23 izindutse yambikana n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Kivu y'Epfo: AFC/M23 izindutse yambikana n'ihuriro ry'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?