• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishyaka rya Ensemble pour la République, rya tangaje ko Moïse Katumbi, kariwe watsinze amatora, bityo ko abashaka kw’iba, iy’intsinzi bakwiye ku rwanywa byeruye.

minebwenews by minebwenews
December 26, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishyaka rya Ensemble pour La République, ryatangaje ko umukandinda wabo Moïse Katumbi Chapwe, kwa riwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu aheruka kuba tariki ya 20/12/2023, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Iri Shyaka, binyuze mu muyobozi waryo mukuru, Christian Mwando Kabulo, yatangaje ibi ku Cyumweru, tariki ya 25/12/2023, ari i Lubumbashi, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Haut-Katanga, mu cyahoze cyitwa Katanga.

Yagize ati: “Turashaka kunyomoza ibirimo gutangazwa na CENI, uwatsinze Amatora ni nimero 3 Moïse Katumbi Chapwe. Ibindi bikomeza gutangazwa nyuma y’ibi n’ibihimbano.”

Amajwi y’agateganyo akomeje gutangazwa kuva kw’itariki ya 22/12/2023, yagiye agaragaza ko Tshisekedi ariwe uza kwisonga. Ibi akaba aribyo Ishyaka rya Ensemble pour La République, banyomoje.

Bwana Christian Mwando Kabulo, uhagarariye Intara ya Haut Katanga, munteko ishinga mategeko, yanavuze ko Guverinoma y’igihugu cye ikomeje kugaragaza ubu bagito bwayo, ahanini bushingiye ku “ku kuriganya.”

Ati: “Twebwe ubwocyu turifuza ko ibibazo bya banyekongo bikemuka. Kuba ubutegetsi b’u bi bwo butabyifuza nibyo bigomba gutuma twinjira mu rugamba tugahangana na gatsiko ka babi.”

Yunzemo kandi ati: “Uru rugamba mu menye ko tutarutsinda twenyine, tugomba kuba turikumwe na Moïse Katumbi, Matata Mponyo, Franck Diong na Seth Kikuni. Ikindi uru rugamba rugomba kwinjirwamo n’Abanyekongo muri rusange.”

Kabulo, kandi ati: “Igihe cyose umukandinda wacyu ya kw’ibwa intsinzi ye, nti tuzabyemera nagato, hubwo dukwiye kw’itegura ku rwana byeruye.”

Ensemble pour La République, bakaba banatangaje ko bashigikiwe n’abanyapolitike benshi ba Kongo, maze baherako basaba abaturage bose guhangana n’Abajura bari kw’iba amajwi yuwa tahanye intsinzi.

Bruce Bahanda.

Tags: Abiba iy'intsinzi bakwiye ku rwanywa byeruyeIshyaka rya Ensemble pour la RépubliqueMoïse KatumbiNiwe watsinze amatora
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwa tangije ko bwa hagaritse imyigaragambyari kuzaba ejo yari yateguwe n'abarimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?