Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishyaka rya Ensemble pour la République, rya tangaje ko Moïse Katumbi, kariwe watsinze amatora, bityo ko abashaka kw’iba, iy’intsinzi bakwiye ku rwanywa byeruye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 26, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishyaka rya Ensemble pour La République, ryatangaje ko umukandinda wabo Moïse Katumbi Chapwe, kwa riwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu aheruka kuba tariki ya 20/12/2023, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Iri Shyaka, binyuze mu muyobozi waryo mukuru, Christian Mwando Kabulo, yatangaje ibi ku Cyumweru, tariki ya 25/12/2023, ari i Lubumbashi, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Haut-Katanga, mu cyahoze cyitwa Katanga.

Yagize ati: “Turashaka kunyomoza ibirimo gutangazwa na CENI, uwatsinze Amatora ni nimero 3 Moïse Katumbi Chapwe. Ibindi bikomeza gutangazwa nyuma y’ibi n’ibihimbano.”

Amajwi y’agateganyo akomeje gutangazwa kuva kw’itariki ya 22/12/2023, yagiye agaragaza ko Tshisekedi ariwe uza kwisonga. Ibi akaba aribyo Ishyaka rya Ensemble pour La République, banyomoje.

Bwana Christian Mwando Kabulo, uhagarariye Intara ya Haut Katanga, munteko ishinga mategeko, yanavuze ko Guverinoma y’igihugu cye ikomeje kugaragaza ubu bagito bwayo, ahanini bushingiye ku “ku kuriganya.”

Ati: “Twebwe ubwocyu turifuza ko ibibazo bya banyekongo bikemuka. Kuba ubutegetsi b’u bi bwo butabyifuza nibyo bigomba gutuma twinjira mu rugamba tugahangana na gatsiko ka babi.”

Yunzemo kandi ati: “Uru rugamba mu menye ko tutarutsinda twenyine, tugomba kuba turikumwe na Moïse Katumbi, Matata Mponyo, Franck Diong na Seth Kikuni. Ikindi uru rugamba rugomba kwinjirwamo n’Abanyekongo muri rusange.”

Kabulo, kandi ati: “Igihe cyose umukandinda wacyu ya kw’ibwa intsinzi ye, nti tuzabyemera nagato, hubwo dukwiye kw’itegura ku rwana byeruye.”

Ensemble pour La République, bakaba banatangaje ko bashigikiwe n’abanyapolitike benshi ba Kongo, maze baherako basaba abaturage bose guhangana n’Abajura bari kw’iba amajwi yuwa tahanye intsinzi.

Bruce Bahanda.

Tags: Abiba iy'intsinzi bakwiye ku rwanywa byeruyeIshyaka rya Ensemble pour la RépubliqueMoïse KatumbiNiwe watsinze amatora
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwa tangije ko bwa hagaritse imyigaragambyari kuzaba ejo yari yateguwe n'abarimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?