• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishyaka rya Ensemble pour la République, rya tangaje ko Moïse Katumbi, kariwe watsinze amatora, bityo ko abashaka kw’iba, iy’intsinzi bakwiye ku rwanywa byeruye.

minebwenews by minebwenews
December 26, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishyaka rya Ensemble pour La République, ryatangaje ko umukandinda wabo Moïse Katumbi Chapwe, kwa riwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu aheruka kuba tariki ya 20/12/2023, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Iri Shyaka, binyuze mu muyobozi waryo mukuru, Christian Mwando Kabulo, yatangaje ibi ku Cyumweru, tariki ya 25/12/2023, ari i Lubumbashi, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Haut-Katanga, mu cyahoze cyitwa Katanga.

Yagize ati: “Turashaka kunyomoza ibirimo gutangazwa na CENI, uwatsinze Amatora ni nimero 3 Moïse Katumbi Chapwe. Ibindi bikomeza gutangazwa nyuma y’ibi n’ibihimbano.”

Amajwi y’agateganyo akomeje gutangazwa kuva kw’itariki ya 22/12/2023, yagiye agaragaza ko Tshisekedi ariwe uza kwisonga. Ibi akaba aribyo Ishyaka rya Ensemble pour La République, banyomoje.

Bwana Christian Mwando Kabulo, uhagarariye Intara ya Haut Katanga, munteko ishinga mategeko, yanavuze ko Guverinoma y’igihugu cye ikomeje kugaragaza ubu bagito bwayo, ahanini bushingiye ku “ku kuriganya.”

Ati: “Twebwe ubwocyu turifuza ko ibibazo bya banyekongo bikemuka. Kuba ubutegetsi b’u bi bwo butabyifuza nibyo bigomba gutuma twinjira mu rugamba tugahangana na gatsiko ka babi.”

Yunzemo kandi ati: “Uru rugamba mu menye ko tutarutsinda twenyine, tugomba kuba turikumwe na Moïse Katumbi, Matata Mponyo, Franck Diong na Seth Kikuni. Ikindi uru rugamba rugomba kwinjirwamo n’Abanyekongo muri rusange.”

Kabulo, kandi ati: “Igihe cyose umukandinda wacyu ya kw’ibwa intsinzi ye, nti tuzabyemera nagato, hubwo dukwiye kw’itegura ku rwana byeruye.”

Ensemble pour La République, bakaba banatangaje ko bashigikiwe n’abanyapolitike benshi ba Kongo, maze baherako basaba abaturage bose guhangana n’Abajura bari kw’iba amajwi yuwa tahanye intsinzi.

Bruce Bahanda.

Tags: Abiba iy'intsinzi bakwiye ku rwanywa byeruyeIshyaka rya Ensemble pour la RépubliqueMoïse KatumbiNiwe watsinze amatora
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwa tangije ko bwa hagaritse imyigaragambyari kuzaba ejo yari yateguwe n'abarimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?