Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel ibitero yagabye muri Gaza byahitanye benshi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 4, 2024
in World News
0
Israel ibitero yagabye muri Gaza byahitanye benshi.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel ibitero yagabye muri Gaza byahitanye benshi.

You might also like

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ni amakuru yemejwe n’Abaganga bo muri Palestine aho bavuze ko abantu 23 bishwe n’ibisasu by’indege z’intambara za Israel ubwo zarasaga muri Gaza kuri iki Cyumweru cy’ejo hashize.

Bavuga ko abenshi muri aba bapfuye ari abo mu majyaruguru y’iyi Ntara ya Gaza, ni mu gihe Israel ivuga ko iherekeza ibisasu mu rwego rwo guhuza abarwanyi b’umutwe wa Hamas kwisuganya.

Abanyapalesitine bavuga ko ibi bitero by’indege z’intambara bigabwa n’ingabo za Israel zirwanira ku butaka ari icyo bise “itsembabwoko.”

Ni bitero bavuga ko bigamije kumaraho abaturage bo mu mijyi ibiri yo mu ntara ya Gaza mu rwego rwo kugirango habe akarere kadatuwe kameze nk’urukuta hagati ya Israel n’ahandi hatuwe muri Palestina. Ariko ibyo Israel irabihakana ikavuga ko ikurikiranye abarwanyi b’umutwe wa Hamas bagaba ibitero bavuye muri utwo turere.

Abaganga banavuze kandi ko abandi banyepalestina 13 baguye mu bitero binyuranye mu mazu yo mu mujyi wa Lahiya na Jabalia ahabarizwa inkambi y’impunzi nini kurusha izindi zigera muri zirindwi zisigaye.
Ubu ni ho hibasiwe cyane n’ibitero bya Israel.

Kugeza ubu, Israel ntacyo iratangaza ku bitero yagabye mu majyaruguru ya Gaza ariko ku wa Gatandatu yohereje andi matsinda y’ingabo mu mujyi wa Jabaliya yunganira batayo 2 zari zihasanzwe.

Tags: GazaIbiteroIsrael
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails
Next Post
M23 yafashe akandi gace k’ingenzi ko muri Lubero.

M23 yafashe akandi gace k'ingenzi ko muri Lubero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?