• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, May 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel ibitero yagabye muri Gaza byahitanye benshi.

minebwenews by minebwenews
November 4, 2024
in World News
0
Israel ibitero yagabye muri Gaza byahitanye benshi.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel ibitero yagabye muri Gaza byahitanye benshi.

You might also like

President Trump and Pope Leo XIV Renew Sharp War of Words, Sparking Global Debate

Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi

Umwuka Mubi hagati ya Amerika na Iran Wongeye Gufata Indi Ntera

Ni amakuru yemejwe n’Abaganga bo muri Palestine aho bavuze ko abantu 23 bishwe n’ibisasu by’indege z’intambara za Israel ubwo zarasaga muri Gaza kuri iki Cyumweru cy’ejo hashize.

Bavuga ko abenshi muri aba bapfuye ari abo mu majyaruguru y’iyi Ntara ya Gaza, ni mu gihe Israel ivuga ko iherekeza ibisasu mu rwego rwo guhuza abarwanyi b’umutwe wa Hamas kwisuganya.

Abanyapalesitine bavuga ko ibi bitero by’indege z’intambara bigabwa n’ingabo za Israel zirwanira ku butaka ari icyo bise “itsembabwoko.”

Ni bitero bavuga ko bigamije kumaraho abaturage bo mu mijyi ibiri yo mu ntara ya Gaza mu rwego rwo kugirango habe akarere kadatuwe kameze nk’urukuta hagati ya Israel n’ahandi hatuwe muri Palestina. Ariko ibyo Israel irabihakana ikavuga ko ikurikiranye abarwanyi b’umutwe wa Hamas bagaba ibitero bavuye muri utwo turere.

Abaganga banavuze kandi ko abandi banyepalestina 13 baguye mu bitero binyuranye mu mazu yo mu mujyi wa Lahiya na Jabalia ahabarizwa inkambi y’impunzi nini kurusha izindi zigera muri zirindwi zisigaye.
Ubu ni ho hibasiwe cyane n’ibitero bya Israel.

Kugeza ubu, Israel ntacyo iratangaza ku bitero yagabye mu majyaruguru ya Gaza ariko ku wa Gatandatu yohereje andi matsinda y’ingabo mu mujyi wa Jabaliya yunganira batayo 2 zari zihasanzwe.

Tags: GazaIbiteroIsrael
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

President Trump and Pope Leo XIV Renew Sharp War of Words, Sparking Global Debate

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi

President Trump and Pope Leo XIV Renew Sharp War of Words, Sparking Global Debate As the world continues to closely follow the relationship between international politics and the...

Read moreDetails

Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi

Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umubano hagati ya politiki mpuzamahanga n’ubuyobozi bwa...

Read moreDetails

Umwuka Mubi hagati ya Amerika na Iran Wongeye Gufata Indi Ntera

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0
Umwuka Mubi hagati ya Amerika na Iran Wongeye Gufata Indi Ntera

Umwuka Mubi hagati ya Amerika na Iran Wongeye Gufata Indi Ntera Amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran akomeje gufata indi ntera, aho ibikorwa bya...

Read moreDetails

Iran na Amerika bongeye gukozanyaho mu Muhora wa Hormuz, ariko ibyatangajwe n’impande zombi biravuguruzanya

by Bahanda Bruce
May 4, 2026
0
Iran na Amerika bongeye gukozanyaho mu Muhora wa Hormuz, ariko ibyatangajwe n’impande zombi biravuguruzanya

Iran na Amerika bongeye gukozanyaho mu Muhora wa Hormuz, ariko ibyatangajwe n’impande zombi biravuguruzanya Umwuka w’ubushyamirane hagati ya Repubulika ya Kisilamu ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails

Ibikorwa bya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika

by Bahanda Bruce
May 4, 2026
0
Ibikorwa bya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika

Ibikorwa bya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika Mu gihe umwuka mubi ukomeje gututumba mu Burasirazuba bwo Hagati, umubano hagati ya Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post
M23 yafashe akandi gace k’ingenzi ko muri Lubero.

M23 yafashe akandi gace k'ingenzi ko muri Lubero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?