• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, February 3, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel igiye guhabwa intwaro za miliyari 8$.

minebwenews by minebwenews
January 5, 2025
in World News
0
Israel igiye guhabwa intwaro za miliyari 8$.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel igiye guhabwa intwaro za miliyari 8$.

You might also like

Iran Yibasiriye u Burayi mu Magambo Ashaririye

Amerika Mu Mwiryane Ukomeye wa Politiki, Abademokarate Batangiye Gushyira Ku Mugaragaro Umugambi Wo Guhirika Trump

Tehran Yemeye Ibiganiro Ariko Isaba Icyubahiro n’Umutekano

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika igiye kohereza intwaro zifite agaciro ka miliyari 8$ muri Israel, iki gikorwa perezida Joe Biden arashaka kugisoza mbere y’uko asezera muri Whaite House ni mu gihe perezida mushya Donald Trump arimo yitegurira guhabwa inshingano zo kuyobora iki gihugu.

Mu mwaka ushize wa 2024 naho Amerika yemeye kugurisha indege z’intambara n’ibindi bikoresho bya gisirikare kuri Israel, bifite agaciro ka miliyari 20 $.

Mu busanzwe Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’iyo itanga intwaro nyinshi muri Israel aho imaze kuyifasha kubaka ingabo zifite ubuhanga buhanitse ku Isi. Mu mwaka w’ 2019 na 2023, Amerika yahaye Israel hafi 70% by’intwaro zose iki gihugu cyaguze, ndetse nyinshi ni zo ziri kwifashishwa mu ntambara iki gihugu kirimo na Hamas muri Gaza.

Hagataho iyi ntambara ikaba imaze kugwamo abarenga ibihumbi 45, abandi barenga ibihumbi 100 barakomereka, mu gihe hejuru ya 60% by’inyubako zose zangiritse.

Tags: AmerikaIntwaroIsrael
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Iran Yibasiriye u Burayi mu Magambo Ashaririye

by Bahanda Bruce
February 2, 2026
0
Iran Yibasiriye u Burayi mu Magambo Ashaririye

Iran Yibasiriye u Burayi mu Magambo Ashaririye Leta ya Repubulika ya Kisilamu ya Iran yatangaje amagambo akakaye yibasira Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), iwushinja kuba warahindutse “igicucu kitagira...

Read moreDetails

Amerika Mu Mwiryane Ukomeye wa Politiki, Abademokarate Batangiye Gushyira Ku Mugaragaro Umugambi Wo Guhirika Trump

by Bahanda Bruce
February 2, 2026
0
Amerika Mu Mwiryane Ukomeye wa Politiki, Abademokarate Batangiye Gushyira Ku Mugaragaro Umugambi Wo Guhirika Trump

Amerika Mu Mwiryane Ukomeye wa Politiki, Abademokarate Batangiye Gushyira Ku Mugaragaro Umugambi Wo Guhirika Trump Mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kunyura mu bihe by’ubwumvikane buke...

Read moreDetails

Tehran Yemeye Ibiganiro Ariko Isaba Icyubahiro n’Umutekano

by Bahanda Bruce
February 1, 2026
0
Tehran Yemeye Ibiganiro Ariko Isaba Icyubahiro n’Umutekano

Tehran Yemeye Ibiganiro Ariko Isaba Icyubahiro n’Umutekano Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yatangaje ko igihugu cye cyiteguye kugirana ibiganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu...

Read moreDetails

U Buyapani Bwatangaje Umushinga Udanzwe wa “Solar Ring”: Intangiriro y’Igihe Isi Ishobora Kubaho Itagikeneye Peteroli?

by Bahanda Bruce
February 1, 2026
0
U Buyapani Bwatangaje Umushinga Udanzwe wa “Solar Ring”: Intangiriro y’Igihe Isi Ishobora Kubaho Itagikeneye Peteroli?

U Buyapani Bwatangaje Umushinga Udanzwe wa “Solar Ring”: Intangiriro y’Igihe Isi Ishobora Kubaho Itagikeneye Peteroli? U Buyapani bwashyize ahagaragara umushinga udasanzwe ushobora guhindura burundu amateka y’ingufu ku Isi....

Read moreDetails

Menya Ingaruka Isi Ishobora Guhura na Zo mu Gihe Amerika Yagaba Igitero kuri Irani

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
Menya Ingaruka Isi Ishobora Guhura na Zo mu Gihe Amerika Yagaba Igitero kuri Irani

Menya Ingaruka Isi Ishobora Guhura na Zo mu Gihe Amerika Yagaba Igitero kuri Irani Mu gihe ibiganiro hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Irani byananirana burundu,...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru ava muri Kivu y’Epfo aravuga uko hafunzwe abashinwa batatu n’icyo bazira.

Amakuru ava muri Kivu y'Epfo aravuga uko hafunzwe abashinwa batatu n'icyo bazira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?