• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel yagize ibyo ishinjwa ku ntambara ibera muri Gaza.

minebwenews by minebwenews
November 12, 2024
in World News
0
Israel yagize ibyo ishinjwa ku ntambara ibera muri Gaza.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel yagize ibyo ishinjwa ku ntambara ibera muri Gaza.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Israel irashinjwa kutubahiriza amasezerano yagahenge kasabwe na Leta Zunze ubumwe z’Amerika. Ni mu gihe yagabye ibitero mu ntara ya Gaza bikaba byahitanye abantu 14, nk’uko byatangajwe n’abategetsi bo muri Palestina.

Kuri ibyo bitero Israel yakoze kuri uyu wa kabiri, amashyirahamwe y’abagiraneza yavuze ko byatumye ahagarika imfashanyo zayo zari zitegekanyijwe koherezwa muri Gaza.

Ariko aya makuru igisirikare cya Israel cyayahakanye kivuga ko imfashanyo zibiribwa zoherejwe muri Gaza kandi ko zahawe abaturage.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zari zatanze itegeko ko Israel ibwirizwa gutanga agahenge k’intambara bitarenze kuri uyu wa kabiri, mu rwego rwo kugira ngo abagiraneza bageze imfashanyo ku baturage, kandi ngo Israel nitabyubahiriza inkunga yahabwaga igahagarikwa.

Amashirahamwe mpuzamahanga 8 akorera muri ibyo bice, yasohoye itangazo ryerekana ingingo 19 Amerika yategetse Israel kubahiriza, ariko ko murizo yubahirije gusa 4. Ayo mashirahamwe akagaragaza ko Israel yafashe ibyemezo byatumye ibintu byongera kuja idobwe.

Ibiro bya Loni bitunganya ibikorwa byabatwara imfashanyo muri Gaza, bivuga ko nko mu kwezi gushize, Israel yaburijemo ibice 85% byibikorwa byari bigamije gufasha abaturage bo muri iyo ntara ya Gaza.

Kimweho inama y’abaminisitiri yabaye ku wa mbere muri iki Cyumweru, byavuzwemo ko imfashanyo ihabwa abaturage bo mu ntara ya Gaza yongereka umunsi ku munsi.

Ku rundi ruhande, minisitiri w’ingabo muri Israel nawe yari aheruka gitangaza ko mu nkengero z’umujyi wa Gaza ahari inyubako z’umutwe wa Hezbollah uyu mutwe ukomeje kuhakorera ibikorwa bibi, bityo avuga ko Ingabo za Israel zigiye kuhagaba ibitero kugira ngo basenyagure abanzi babo.

Tags: AmerikaGazaIsrael
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Ibyabaye ku nyeshamba za Maï Maï na FDLR, bisa n’ibyawamugani uvuga ngo “intambara ni agapfizi kimiriza bose.”

Ibyabaye ku nyeshamba za Maï Maï na FDLR, bisa n'ibyawamugani uvuga ngo "intambara ni agapfizi kimiriza bose."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?