Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel yagize ibyo ishinjwa ku ntambara ibera muri Gaza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 12, 2024
in World News
0
Israel yagize ibyo ishinjwa ku ntambara ibera muri Gaza.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel yagize ibyo ishinjwa ku ntambara ibera muri Gaza.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Israel irashinjwa kutubahiriza amasezerano yagahenge kasabwe na Leta Zunze ubumwe z’Amerika. Ni mu gihe yagabye ibitero mu ntara ya Gaza bikaba byahitanye abantu 14, nk’uko byatangajwe n’abategetsi bo muri Palestina.

Kuri ibyo bitero Israel yakoze kuri uyu wa kabiri, amashyirahamwe y’abagiraneza yavuze ko byatumye ahagarika imfashanyo zayo zari zitegekanyijwe koherezwa muri Gaza.

Ariko aya makuru igisirikare cya Israel cyayahakanye kivuga ko imfashanyo zibiribwa zoherejwe muri Gaza kandi ko zahawe abaturage.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zari zatanze itegeko ko Israel ibwirizwa gutanga agahenge k’intambara bitarenze kuri uyu wa kabiri, mu rwego rwo kugira ngo abagiraneza bageze imfashanyo ku baturage, kandi ngo Israel nitabyubahiriza inkunga yahabwaga igahagarikwa.

Amashirahamwe mpuzamahanga 8 akorera muri ibyo bice, yasohoye itangazo ryerekana ingingo 19 Amerika yategetse Israel kubahiriza, ariko ko murizo yubahirije gusa 4. Ayo mashirahamwe akagaragaza ko Israel yafashe ibyemezo byatumye ibintu byongera kuja idobwe.

Ibiro bya Loni bitunganya ibikorwa byabatwara imfashanyo muri Gaza, bivuga ko nko mu kwezi gushize, Israel yaburijemo ibice 85% byibikorwa byari bigamije gufasha abaturage bo muri iyo ntara ya Gaza.

Kimweho inama y’abaminisitiri yabaye ku wa mbere muri iki Cyumweru, byavuzwemo ko imfashanyo ihabwa abaturage bo mu ntara ya Gaza yongereka umunsi ku munsi.

Ku rundi ruhande, minisitiri w’ingabo muri Israel nawe yari aheruka gitangaza ko mu nkengero z’umujyi wa Gaza ahari inyubako z’umutwe wa Hezbollah uyu mutwe ukomeje kuhakorera ibikorwa bibi, bityo avuga ko Ingabo za Israel zigiye kuhagaba ibitero kugira ngo basenyagure abanzi babo.

Tags: AmerikaGazaIsrael
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Ibyabaye ku nyeshamba za Maï Maï na FDLR, bisa n’ibyawamugani uvuga ngo “intambara ni agapfizi kimiriza bose.”

Ibyabaye ku nyeshamba za Maï Maï na FDLR, bisa n'ibyawamugani uvuga ngo "intambara ni agapfizi kimiriza bose."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?