• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, April 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel yagize ibyo ishinjwa ku ntambara ibera muri Gaza.

minebwenews by minebwenews
November 12, 2024
in World News
0
Israel yagize ibyo ishinjwa ku ntambara ibera muri Gaza.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel yagize ibyo ishinjwa ku ntambara ibera muri Gaza.

You might also like

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

Israel irashinjwa kutubahiriza amasezerano yagahenge kasabwe na Leta Zunze ubumwe z’Amerika. Ni mu gihe yagabye ibitero mu ntara ya Gaza bikaba byahitanye abantu 14, nk’uko byatangajwe n’abategetsi bo muri Palestina.

Kuri ibyo bitero Israel yakoze kuri uyu wa kabiri, amashyirahamwe y’abagiraneza yavuze ko byatumye ahagarika imfashanyo zayo zari zitegekanyijwe koherezwa muri Gaza.

Ariko aya makuru igisirikare cya Israel cyayahakanye kivuga ko imfashanyo zibiribwa zoherejwe muri Gaza kandi ko zahawe abaturage.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zari zatanze itegeko ko Israel ibwirizwa gutanga agahenge k’intambara bitarenze kuri uyu wa kabiri, mu rwego rwo kugira ngo abagiraneza bageze imfashanyo ku baturage, kandi ngo Israel nitabyubahiriza inkunga yahabwaga igahagarikwa.

Amashirahamwe mpuzamahanga 8 akorera muri ibyo bice, yasohoye itangazo ryerekana ingingo 19 Amerika yategetse Israel kubahiriza, ariko ko murizo yubahirije gusa 4. Ayo mashirahamwe akagaragaza ko Israel yafashe ibyemezo byatumye ibintu byongera kuja idobwe.

Ibiro bya Loni bitunganya ibikorwa byabatwara imfashanyo muri Gaza, bivuga ko nko mu kwezi gushize, Israel yaburijemo ibice 85% byibikorwa byari bigamije gufasha abaturage bo muri iyo ntara ya Gaza.

Kimweho inama y’abaminisitiri yabaye ku wa mbere muri iki Cyumweru, byavuzwemo ko imfashanyo ihabwa abaturage bo mu ntara ya Gaza yongereka umunsi ku munsi.

Ku rundi ruhande, minisitiri w’ingabo muri Israel nawe yari aheruka gitangaza ko mu nkengero z’umujyi wa Gaza ahari inyubako z’umutwe wa Hezbollah uyu mutwe ukomeje kuhakorera ibikorwa bibi, bityo avuga ko Ingabo za Israel zigiye kuhagaba ibitero kugira ngo basenyagure abanzi babo.

Tags: AmerikaGazaIsrael
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa Mu gihe isi ikomeje guhangayikishwa n’umutekano w’inzira z’ubucuruzi zo ku nyanja, igihugu cya Iran cyongeye gutangaza icyemezo gikomeye cyo gufunga umuhora wa Strait...

Read moreDetails

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umutekano w’inyanja zifite akamaro kanini mu bucuruzi mpuzamahanga, by’umwihariko Umuhora wa Hormuz, Leta Zunze...

Read moreDetails

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye Perezida wa Brésil, Luiz Inácio Lula da Silva, yatangaje ko politiki ya Perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran Umuhora wa Hormuz ni wo mutima w’ubucuruzi bwa peteroli ku isi, kuko unyuzwamo hafi 20% kugeza kuri 30%...

Read moreDetails
Next Post
Ibyabaye ku nyeshamba za Maï Maï na FDLR, bisa n’ibyawamugani uvuga ngo “intambara ni agapfizi kimiriza bose.”

Ibyabaye ku nyeshamba za Maï Maï na FDLR, bisa n'ibyawamugani uvuga ngo "intambara ni agapfizi kimiriza bose."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?