• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel yakoze igitero gikomeye cyo mu kirere muri Libani

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 7, 2025
in World News
0
Israel yakoze igitero gikomeye cyo mu kirere muri Libani
65
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel yakoze igitero gikomeye cyo mu kirere muri Libani

You might also like

Perezida wa Colombia yanenze imyitwarire ya Trump mu nama ya COP30

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani

Mu burasirazuba bwa Ukraine mu icyuraburindi nyuma y’ibitero bikaze by’u Burusiya

Mu gikorwa cyatunguye benshi, Israel yakoze ibitero bikomeye by’indege mu majy’Epfo ya Libani, ivuga ko yibasiye ibirindiro n’ibikoresho bya gisirikare by’umutwe wa Hezbollah. Israel yabikoze mu gihe hari amasezerano yo guhagarika imirwano imaze umyaka urenga hagati y’impande zombi.

Ubuyobozi bwa gisirikare bwa Israel bwatangaje ko ibitero byagabwe ku birindiro byifashishwa mu gutera ibisasu bya misile n’indege zitagira abapilote. Buvuga ko ibikorwa bya Hezbollah bikomeje guhungabanya umutekano w’akarere, bikaba byaratumye hakenerwa “igisubizo cyihuse kandi gikomeye.”

Ku ruhande rwa Hezbollah, ntiharamenyekana abahasize ubuzima cyangwa ibyangiritse muri ibyo bitero. Ariko bivugwa ko hari ubwoba bw’imirwano ishobora kongera gukaza umurego mu bice byegereye umupaka wa Libani na Isirayeli.

Ibi bibaye mu gihe amahanga, cyane cyane Loni n’ibihugu by’i Burayi, byari bikomeje gushishikariza impande zombi kubahiriza amasezerano yo guhagarika imirwano no gushaka umuti w’ibibazo binyuze mu biganiro.

Hari impungenge ko ibi bitero bishobora gutuma amasezerano asenyuka burundu, bigatuma ako karere kongera kwisanga mu ntambara irambuye.

Tags: IgiteroIsraelLibani
Share26Tweet16Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida wa Colombia yanenze imyitwarire ya Trump mu nama ya COP30

by Bahanda Bruce
November 7, 2025
0
Perezida wa Colombia yanenze imyitwarire ya Trump mu nama ya COP30

Perezida wa Colombia yanenze imyitwarire ya Trump mu nama ya COP30 Perezida wa Colombia, Gustavo Petro, yanenze bikomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, amushinja...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani

by Bahanda Bruce
November 4, 2025
0
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin...

Read moreDetails

Mu burasirazuba bwa Ukraine mu icyuraburindi nyuma y’ibitero bikaze by’u Burusiya

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Mu burasirazuba bwa Ukraine mu icyuraburindi nyuma y’ibitero bikaze by’u Burusiya

Mu burasirazuba bwa Ukraine mu icyuraburindi nyuma y'ibitero bikaze by'u Burusiya Intara ya Donetsk, iherereye mu burasirazuba bwa Ukraine, iri mu mwijima, nyuma y'aho u Burusiya buyigabyemo ibitero...

Read moreDetails

I Burundi mu byishimo nyuma y’uko babonye igitoro (lisansi)

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
1
I Burundi mu byishimo nyuma y’uko babonye igitoro (lisansi)

I Burundi mu byishimo nyuma y'uko babonye igitoro (lisansi) Igihugu cy'u Burundi cyari kimaze hafi imyaka irenga itanu cyarabuze ibikomoka kuri peteroli, ahanini lisansi, ariko cyongeye kuyibona. Ni...

Read moreDetails

Tanzania: Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Tanzania: Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye

Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye Komisiyo y'amatora mu gihugu cya Tanzania, yatangaje ko "Samia Suluhu Hassan ariwe watsinze amatora y'umukuru w'igihugu, aho yayatsinze ku majwi 97, 66%....

Read moreDetails
Next Post
Umunyamulengekazi yarasiwe i Bujumbura arakomereka bikabije

Umunyamulengekazi yarasiwe i Bujumbura arakomereka bikabije

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?