• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umunyamulengekazi yarasiwe i Bujumbura arakomereka bikabije

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 7, 2025
in Conflict & Security
0
Umunyamulengekazi yarasiwe i Bujumbura arakomereka bikabije
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyamulengekazi yarasiwe i Bujumbura arakomereka bikabije

You might also like

Birakaze: C64 yatangaje imyigaragambyo simusiga yo kurwanya umushinga wo guhindura Itegeko Nshinga rya RDC

Imyaka 22 Nyuma ya Gatumba: Me Byashoni Atangaje Icyerekezo Gishya ku Banyamulenge—“Amarira yacu Agomba Kuvamo Imbaraga zo Kongera Kubaka”

Menya byinshi ku ntambara yo gusubiranamo iheruka hagati ya Biroze Bishambuke n’abarwanyi ba Yakutumba

Umugore w’Umunyamulenge yarashwe n’umupolisi w’u Burundi mu mujyi wa Bujumbura, aho ubu ari kwitabwaho n’abaganga kubera ibikomere bikomeye.

Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatanu tariki ya 07/11/2025, ni bwo uyu mugore yakomerekejwe.

Amakuru yemeza ko uyu mugore yarasiwe mu gace ka Buterere aho yari asanzwe atuye. Uwari hafi y’umuryango we yabwiye Minembwe Capital News ko kugeza ubu impamvu y’iraswa rye itaramenyekana neza, ariko ko byakozwe n’umupolisi, ndetse ko ari nabo baje kumujyana kwa muganga nyuma y’aho akomerekejwe bikomeye ku kuguru kw’iburyo.

Uyu muryango kandi wemeje ko uwo mugore ari umukazana w’Abahinda, akaba umukobwa w’Abanyabyinshi, ibintu byatumye bamwe bibaza niba hari impamvu zishingiye ku mpamvu bwite cyangwa izijyanye n’irondakoko.

Uyu mugore witwa Mugiraneza wakomerekejwe, mu magambo make yabashije kuvuga, yagize ati: “Abanjyanye ku bitaro nibo bazi uko byagenze. Nje nta byinshi mbiziho.”

Kugeza ubu ari kuvurirwa mu bitaro bikuru byo mu Buterere, aho ibikomere bye bigaragara nk’ibikomeye cyane nk’uko bigaragarira mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, yerekana ukuguru kwe kwajanjaguritse bikabije.

Iperereza ntiratangira ku mugaragaro, kandi inzego z’umutekano ntacyo ziratangaza ku byabaye. Uko byagenda kose, iri raswa ryateje impungenge mu batuye muri ako gace, aho abaturage basaba ko hatangizwa iperereza ryimbitse kugira ngo hatangwe ubutabera ku wakomeretse.

Tags: PolisiUmunyamulengekaziYakomeretse
Share35Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Birakaze: C64 yatangaje imyigaragambyo simusiga yo kurwanya umushinga wo guhindura Itegeko Nshinga rya RDC

by Bahanda Bruce
August 15, 2026
0
Birakaze: C64 yatangaje imyigaragambyo simusiga yo kurwanya umushinga wo guhindura Itegeko Nshinga rya RDC

Birakaze: C64 yatangaje imyigaragambyo simusiga yo kurwanya umushinga wo guhindura Itegeko Nshinga rya RDC Minembwe Capital News Ihuriro ry’amashyaka y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Imyaka 22 Nyuma ya Gatumba: Me Byashoni Atangaje Icyerekezo Gishya ku Banyamulenge—“Amarira yacu Agomba Kuvamo Imbaraga zo Kongera Kubaka”

by Bahanda Bruce
August 15, 2026
0
Imyaka 22 Nyuma ya Gatumba: Me Byashoni Atangaje Icyerekezo Gishya ku Banyamulenge—“Amarira yacu Agomba Kuvamo Imbaraga zo Kongera Kubaka”

Imyaka 22 Nyuma ya Gatumba: Me Byashoni Atangaje Icyerekezo Gishya ku Banyamulenge—“Amarira yacu Agomba Kuvamo Imbaraga zo Kongera Kubaka” Minembwe Capital News Mu butumwa bwatanzwe na Me Maniragaba...

Read moreDetails

Menya byinshi ku ntambara yo gusubiranamo iheruka hagati ya Biroze Bishambuke n’abarwanyi ba Yakutumba

by Bahanda Bruce
August 15, 2026
0
Menya byinshi ku ntambara yo gusubiranamo iheruka hagati ya Biroze Bishambuke n’abarwanyi ba Yakutumba

Menya byinshi ku ntambara yo gusubiranamo iheruka hagati ya Biroze Bishambuke n’abarwanyi ba Yakutumba Minembwe Capital News Intambara yo gusubiranamo hagati y’imitwe ibiri y’abarwanyi ba Mai Mai yatangiriye...

Read moreDetails

Baraka : les FARDC arrêtent six responsables qui se rendaient auprès des autorités militaires pour porter les doléances de la population

by Bahanda Bruce
August 14, 2026
0
Baraka : les FARDC arrêtent six responsables qui se rendaient auprès des autorités militaires pour porter les doléances de la population

Baraka : les FARDC arrêtent six responsables qui se rendaient auprès des autorités militaires pour porter les doléances de la population Minembwe Capital News Une nouvelle tension est...

Read moreDetails

Baraka Yongeye Kuvugwamo Umwuka Mubi: FARDC Ifashe Abayobozi 6 Bari Bagiye Gutabariza Abaturage

by Bahanda Bruce
August 14, 2026
0
Baraka Yongeye Kuvugwamo Umwuka Mubi: FARDC Ifashe Abayobozi 6 Bari Bagiye Gutabariza Abaturage

Baraka Yongeye Kuvugwamo Umwuka Mubi: FARDC Ifashe Abayobozi 6 Bari Bagiye Gutabariza Abaturage Minembwe Capital News Umwuka mubi wongeye kwiyongera mu mujyi wa Baraka, muri Teritwari ya Fizi,...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi ashinja u Rwanda kuyobora intambara y’ibidukikije mu Burasirazuba bwa RDC

Perezida Tshisekedi ashinja u Rwanda kuyobora intambara y’ibidukikije mu Burasirazuba bwa RDC

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?