Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Judith Suminwa minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yunze murya Tshisekedi ryo gutera u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 28, 2024
in Regional Politics
0
Judith Suminwa minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yunze murya Tshisekedi ryo gutera u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Judith Suminwa minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yunze murya Tshisekedi ryo gutera u Rwanda.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Nibyo Judith Suminwa yatangarije i Goma, ubwo yari muruzinduko rwa mbere agiriye muri uyu mujyi mu kuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ahagize igihe habera intambara ihanganishije Ingabo z’iki guhugu n’izo mu mutwe wa m23.

Uru ruzinduko rwa minisitiri w’intebe wa Congo i Goma rwabaye ku wa Gatatu, tariki ya 26/06/2024. Ari i Goma yavuze ko abateye Igihugu cye, atavuze abo ari bo bazabakurikirana mupaka iwabo.

Leta ya Kinshasa ihora ishinja Kigali gutera iki guhugu iciye mu mutwe wa m23, ibyo leta y’u Rwanda yahakanye ivuga ko iki ari ikibazo cy’abanyecongo ubwabo, ndetse hubwo kandi ibashinja gukona byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa fdlr urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda mu 1994.

Mu ijoro ryo ku wa Gatatu Judith Suminwa yabwiye amatsinda y’abahagarariye inzego z’itandukanye zari zatumiwe ku cicaro cy’iyi Ntara mu mujyi wa Goma ko uruzindiko rwe rwa mbere nka minisitiri w’intebe yahisemo kuruhera mu gace k’igihugu karimo intambara kuko ari ikibazo Guverinoma ye ishyize imbere muku gishakira umuti.

Avuga kuri iyi ntambara, yavuze ko abateye igihugu cye bazabakurikirana .

Yagize ati: “Ntabwo tuzabareka, tuzakomeza, tuzakomereza iwabo mu buryo bumwe cyangwa ubundi, ntabwo tuzabareka.”

Ibiro ntara makuru bya Congo ACP nabyo ubwabyo byatangaje ko Suminwa, yavuze ko ingabo za leta zirimo kongererwa ubushobozi kugira ngo zibashe guhashya umutwe wa m23.”

Judith Suminwa yavuze ko atari ubwa mbere ageze muri aka gace, ariko ko ari ubwa mbere ahageze nka minisitiri w’intebe, ati: “Byari byo kugira ngo mpere hano kuko, ibibazo bihari turabizi ariko ni ingenzi kwiyizira, ngahura n’abaturage, n’abategetsi ba hano nkabasha kuganira nabo.”

Judith yijeje abaturage ko igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (fardc) hari gukorwa ibishoboka byose mu ku cyongera ubushobozi ngo kibashye gutsinda iyi ntambara kirimo mu bice bitandukanye by’iyi Ntara ya Kivu Yaruguru, aha maze iminsi habera urugamba rwo guhangana n’u mutwe wa m23.

Ibyo bibaye mu gihe hashize igihe cy’u kwezi, ku rugamba nta ntambwe ikomeye iterwa ku ruhande urwo ari rwo rwose, mu kwigarurira cyangwa kwisubiza uduce runaka.

Gusa abaturage bo barahunga umunsi ku wundi, bava mu byabo bahunga berekeza i Goma, no mu nkengero zayo, aho benshi baba mu nkambi z’impunzi.

Judith Suminwa yageze i Goma ku mugoroba wo ku wa Gatatu aturutse i Bukavu aho yari yatangiriye uru ruzinduko rwe rw’akazi, ari kumwe kandi na minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi, minisitiri w’ingengo y’imari na minisitiri w’itangaza makuru akaba n’umuvuguzi wa leta, Patrick Muyaya.

                 MCN.
Tags: Abateye igihuguGomaJudith SuminwaMinisitiri w'intebeRdcTuzabakurikirana
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe uburyo FDLR na  FARDC bikorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda.

Hagaragajwe uburyo FDLR na FARDC bikorana byahafi n'umutwe w'iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?