• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Justin Bitakwira wabaye minisitiri w’iterambere ry’icyaro muri RDC, yatukanye mu ruhame imbere ya perezida Félix Tshilombo.

minebwenews by minebwenews
May 19, 2024
in Regional Politics
0
Justin Bitakwira wabaye minisitiri  w’iterambere ry’icyaro muri RDC, yatukanye mu ruhame imbere ya perezida Félix Tshilombo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Justin Bitakwira wabaye minisitiri ushinzwe iterambere ry’icyaro muri Repubulika ya demokorasi ya Congo, yatukanye mu ruhame imbere ya perezida Félix Tshilombo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Hari mu Nama idasanzwe y’abanyamuryango b’ihuriro union sacrée rigizwe n’amashyaka ashyigikiye ubutegetsi bwa Tshilombo, yateranye tariki ya 17/05/2024.

Muri iyi Nama Justin Bitakwira yavuze ko aho kugira ngo Christophe Mbosso agaruke ku buyobozi bw’umutwe wa w’abadepite, byarutwa n’uko icyorezo cya COVID-19 cyagaruka.

Iri gereranya Bitakwira umenyereweho amagambo y’ivangura rishingiye ku moko, ya bivuze mu gihe hari habaye umwuka mubi, ubwo bari bamaze gutanga ingingo ziganirwaho . Uyu mwuka mubi ukaba wari watewe ahanini no kutemeranya kubakwiye kujya muri Guverinoma n’abayobora imitwe yombi y’inteko ishinga amategeko.

Mbosso uherutse gutorerwa kuyobora akanama k’inararibonye yari mu bashakaga kuyobora umutwe w’abadepite, ariko Vital Kamerhe wo mu ishyaka UNC akaba na minisitiri ushinzwe ubukungu niwe washyigikiwe n’abanyamuryango benshi.

Umukuru w’igihugu Tshisekedi yamenyesheje abanyamuryango b’iri huriro, ko uyu mwiryane nukomeza, ashobora no kuzafata icyemezo cyo gusesa inteko ishinga amategeko.

Justin Bitakwira nawe yaje gufata ijambo, agaragaza ko bikwiye ko Mbosso atongera kuyobora umutwe w’abadepite, kuko ingaruka mbi ubuyobozi bwe bwagira zaba ziremereye kurusha izo icyorezo cya COVID-19 cyateza kibaye cyongeye kugaragara muri RDC.

Yagize ati: “Abantu bacu biteguye kugaruka kwa COVID-19, mu mwanya wo kugaruka kwa bwana Mbosso mu buyobozi bw’inteko inshinga amategeko.”

Amatora y’abadepite yabaye mu kwezi kwa cumi nabiri umwaka ushize, bitangazwa mu kwezi kwa mbere uyu mwaka . Muri Guverinoma, Tshisekedi yagize Judith Suminwa kuba minisitiri w’intebe tariki ya 01/04/2024. Ntabwo igihe izi nzego zizuzurizwa cyari cyamenyekana.

             MCN.
Tags: COVID -19Imbere ya perezida Félix TshisekediInteko ishinga amategekoJustin BitakwiraMbossoYatukanye mu ruhame
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru y’imbitse y’u rugamba ruhanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, n’uburyo iri huriro rikomeje kuruhuriramo na kaga gakomeye.

Amakuru y'imbitse y'u rugamba ruhanganishije M23 n'ihuriro ry'Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, n'uburyo iri huriro rikomeje kuruhuriramo na kaga gakomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?