• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kabila arakomeje ibikorwa i Goma.

minebwenews by minebwenews
May 29, 2025
in Regional Politics
0
Kabila arakomeje ibikorwa i Goma.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kabila arakomeje ibikorwa i Goma.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Joseph Kabila wabaye perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo aka kanya ari mu kiganiro n’abanyamadini n’amatorero mu mujyi wa Goma mu Burasizuba bw’iki gihugu.

Iki giganiro cyatangiye mu mwanya muto ushize wo kuri uyu wa kane tariki ya 29/05/2025, aho cyitabiriwe n’abayobozi batandukanye bayoboye amadini n’amatorero.

Ni ikiganiro amakuru agaragaza ko kiri kubera mu gace kitwa Kinyogote, gaherereye mu mujyirwagati wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Nk’uko aya makuru akomeza abivuga nuko iki kiganiro kiri kwibanda cyane ku ntambara imaze igihe ibera mu Burasizuba bw’iki gihugu, hagati y’ingabo za Congo n’umutwe wa M23, n’uruhare aya madini n’amatorero bigomba kuyigiramo kugira ngo bigaragaze umusanzu wabyo.

Ku wa mbere w’iki cyumweru turimo ni bwo Joseph Kabila yasesekaye i Goma nyuma y’aho yari amaze iminsi avugwa ko yawugezemo mu ntangiriro z’ukwezi kwa kane. Ibyo we yise ko ari ibihuha bya leta y’i Kinshasa.

Kuza kwe byemejwe n’ubuyobozi bw’ihuriro rya AFC ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, aho umuvugizi waryo, Lawrence Kanyuka akoresheje urubuga rwa x yanditse ati: “Twishimiye kuza kwa Joseph Kabila, kandi yahisemo neza.”

Icyakurikiyeho hatangajwe ingengabihe yibyo ari buhite akora birimo kwakira abayobozi batandukanye bo muri AFC/M23 bagakorana ibiganiro no kubonana n’amashirahamwe atandukanye yigenga, amadini na za sosiyete sivili.

Ku wa kabiri nyuma y’umunsi umwe gusa yakiriwe i Goma, yasuye ikigo cya gisirikare kiri i Rumangabo, aganira n’abasirikare bahoze ari aba Leta bacyigishirizwamo ingengabitekerezo ya M23.

Kuri ubu ari kuganira n’abahagarariye amadini n’amatorero, ubutaha aganire n’izindi nzego nk’uko byagaragajwe ku rutonde rwibyo agiye gukora mu maguru mashya.

Tags: AbanyamadiniGomaikiganiroKabila
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?