Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kabila ugize igihe atigisa ubutegetsi bwa Kinshasa yakiriwe muri kimwe mu bihugu bikomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 14, 2024
in Regional Politics
0
Kabila ugize igihe atigisa ubutegetsi bwa Kinshasa yakiriwe muri kimwe mu bihugu bikomeye.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kabila ugize igihe atigisa ubutegetsi bwa Kinshasa yakiriwe muri kimwe mu bihugu bikomeye.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bivugwa ko yakiriwe i Bruxelles mu Bubiligi ho ku mugabane w’u Burayi.

Mu minsi mike ishize nibwo Joseph Kabila wayoboye iki gihugu cya RDC yambutse imipaka y’iki gihugu mu buryo bamwe mu bategetsi ba Kinshasa bavugaga ko yahunze, nyuma y’uko atari akivugarumwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. Ahanini yashinjwaga gushyigikira AFC ibarizwamo n’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.

Kabila yayoboye Repubulika ya demokarasi ya Congo, imyaka 18, aza gutsimburwa na Tshisekedi uriho kuri none.

Usibye Tshisekedi washinje Kabila gushyigikira AFC, n’abandi bategetsi b’iki gihugu barimo na Christophe Lutundula wahoze ari minisitiri w’ubabanye n’amahanga yavuze ko uyu mugabo ashobora no gutabwa muri yombi azira gushyigikira ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC.

Kuri ubu, amakuru ava muri RDC avuga ko Joseph Kabila yakiriwe i Bruxelles mu Bubiligi.

Aya makuru anavuga ko ahagana tariki ya 12/09/2024, kwaribwo yakiriwe muri iki gihugu giherereye ku mu gabane w’u Burayi.

Kimweho, ibyo Joseph Kabila yaba yaraganiriye n’abategetsi b’u Bubiligi ntibiramenyekana.

Binavugwa ko u Bubiligi ko bwaba bumaze gutakariza icyizere perezida Félix Tshisekedi, muri ubwo buryo ngo bukaba bwatangiye gutegura uzamutsimbura.

             MCN.
Tags: Joseph KabilaYageze mu Bubiligi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Abanyabibogobogo bari mu byishimo byinshi, nyuma yokubona uwari waragiye amatekwa.

Abanyabibogobogo bari mu byishimo byinshi, nyuma yokubona uwari waragiye amatekwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?