• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kabila yahuye mu ibanga rikomeye na perezida Museveni.

minebwenews by minebwenews
March 19, 2025
in Regional Politics
0
Kabila yahuye mu ibanga rikomeye na perezida Museveni.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kabila yahuye mu ibanga rikomeye na perezida Museveni.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Uwahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Joseph Kabila Kabange, aherutse kugirira uruzinduko rw’ibanga i Kampala muri Uganda, aho yahuye na perezida w’iki gihugu, Yoweli Kaguta Museveni.

Hari muruzinduko rw’ibanga bivugwa ko yari yarutumiwemo na Yoweli Kaguta Museveni, nk’uko byatangajwe na Africa intelligence dukesha iyi nkuru.

Africa intelligence ivuga ko tariki ya 14/03/2025 kwaribwo Kabila yavuye i Kampala, mbere yo kwerekeza i Nairobi muri Kenya.

Iki gitangaza makuru nticyagaragaje ibyo aba bagabo baganiriyeho, usibye ko batareka kuganira ku mutekano muke urangwa mu Burasizuba bwa RDC.

Ni mu gihe bwana Joseph Kabila yari aheruka gutangaza ko yarangije amasomo yaramazemo iminsi arimo kwitaho, bityo, avuga ko ubu agiye kwita kubibazo biri mu gihugu cye.

Mu biganiro bitandukanye aheruka kugirana n’ibitangazamakuru byo muri Afrika y’Epfo, yagiye abigaragazamo ko perezida Felix Tshisekedi wa Congo ari we nyiribayazana w’ibibazo iki gihugu cya RDC gifite.

Ku rundi ruhande, amakuru avuga ko uru ruzinduko rw’uyu wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yaruhuriyemo na Corneille Nangaa umuhuza bikorwa mukuru w’i huriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, rirwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa, ndetse rikaba rivuga ko rizashirwa aruko rishizeho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Nangaa asanzwe ari umuntu wahafi cyane ya Joseph Kabila, dore ko mu gihe cy’ubutegetsi bwe yari akuriye komisiyo y’amatora muri iki gihugu cya RDC.

Nyamara kandi, Leta y’i Kinshasa ishinja Kabila gutera inkunga umutwe wa m23 n’ihuriro uyu mutwe ubarizwamo rya AFC; ibyo yakunze guhakana kenshi.

Hagataho, Uganda yakiriye bariya bagabo bombi, mu gihe Leta ya Congo yakunze kuyivugaho kuba itera inkunga umutwe wa m23, ariko iki gihugu kirabihakana. Gusa, bikaba bizwi ko uyu mutwe wa m23 mu gutera Congo waje uturutse muri Uganda.

Tags: KabilaKamalaMu ibangaYoweli Kaguta
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Hari hateguwe kwica cyangwa gushimuta abazitabira ibiganiro i Luanda," amakuru avugwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?