Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kabila yahuye mu ibanga rikomeye na perezida Museveni.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 19, 2025
in Regional Politics
0
Kabila yahuye mu ibanga rikomeye na perezida Museveni.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kabila yahuye mu ibanga rikomeye na perezida Museveni.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Uwahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Joseph Kabila Kabange, aherutse kugirira uruzinduko rw’ibanga i Kampala muri Uganda, aho yahuye na perezida w’iki gihugu, Yoweli Kaguta Museveni.

Hari muruzinduko rw’ibanga bivugwa ko yari yarutumiwemo na Yoweli Kaguta Museveni, nk’uko byatangajwe na Africa intelligence dukesha iyi nkuru.

Africa intelligence ivuga ko tariki ya 14/03/2025 kwaribwo Kabila yavuye i Kampala, mbere yo kwerekeza i Nairobi muri Kenya.

Iki gitangaza makuru nticyagaragaje ibyo aba bagabo baganiriyeho, usibye ko batareka kuganira ku mutekano muke urangwa mu Burasizuba bwa RDC.

Ni mu gihe bwana Joseph Kabila yari aheruka gutangaza ko yarangije amasomo yaramazemo iminsi arimo kwitaho, bityo, avuga ko ubu agiye kwita kubibazo biri mu gihugu cye.

Mu biganiro bitandukanye aheruka kugirana n’ibitangazamakuru byo muri Afrika y’Epfo, yagiye abigaragazamo ko perezida Felix Tshisekedi wa Congo ari we nyiribayazana w’ibibazo iki gihugu cya RDC gifite.

Ku rundi ruhande, amakuru avuga ko uru ruzinduko rw’uyu wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yaruhuriyemo na Corneille Nangaa umuhuza bikorwa mukuru w’i huriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, rirwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa, ndetse rikaba rivuga ko rizashirwa aruko rishizeho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Nangaa asanzwe ari umuntu wahafi cyane ya Joseph Kabila, dore ko mu gihe cy’ubutegetsi bwe yari akuriye komisiyo y’amatora muri iki gihugu cya RDC.

Nyamara kandi, Leta y’i Kinshasa ishinja Kabila gutera inkunga umutwe wa m23 n’ihuriro uyu mutwe ubarizwamo rya AFC; ibyo yakunze guhakana kenshi.

Hagataho, Uganda yakiriye bariya bagabo bombi, mu gihe Leta ya Congo yakunze kuyivugaho kuba itera inkunga umutwe wa m23, ariko iki gihugu kirabihakana. Gusa, bikaba bizwi ko uyu mutwe wa m23 mu gutera Congo waje uturutse muri Uganda.

Tags: KabilaKamalaMu ibangaYoweli Kaguta
Share39Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post

Hari hateguwe kwica cyangwa gushimuta abazitabira ibiganiro i Luanda," amakuru avugwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?