• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kajugujugu y’Ingabo z’u Burundi yafashwe n’inyeshyamba.

minebwenews by minebwenews
June 10, 2025
in Regional Politics
0
Kajugujugu y’Ingabo z’u Burundi yafashwe n’inyeshyamba.
123
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kajugujugu y’Ingabo z’u Burundi yafashwe n’inyeshyamba.

You might also like

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Umutwe w’iterabwoba wa Al-Shabaab urwanya ubutegetsi bwo muri Somalia watangaje ko ari wo wateye igisasu gishwanyaguza kajugujugu y’igisirikare cy’u Burundi yo mu bwoko bwa Bell 412.

Nk’uko Al-Shabaab yabigaragaje ni uko iriya Kajugujugu yarasiwe hafi y’ibirindiro by’iki gisirikare cy’u Burundi biri ahitwa Middle Shabelle.

Isobanura kandi ko kajugujugu y’igisirikare cy’u Burundi yahanuye ko yarifite nimero AUO-012.

U Burundi busanzwe bufite abasirikare babwo muri Somalia, mu butumwa buzwi nka Aussom. Ni ubutumwa izi ngabo zahawe n’umuryango wa Afrika Yunze ubumwe.

Ingabo z’u Burundi ziri muri ubwo butumwa zo zatangaje ko kajugujugu yazo yangijwe yarimo kuvana abasirikare bayo bari muri ubwo butumwa bwo kubungabunga amahoro ibavana mu mudugudu wa Hawadley wibasiwe n’umwuzure, izaguhura n’ikibazo cya tekiniki, biba ngombwa ko igwa hafi y’ubutaka bugenzurwa na Al-Shabaab.

Umuvugizi w’izi ngabo z’u Burundi yagize ati: “Kugwa byihutirwa byatewe n’ikibazo cya tekiniki aho guhanurwa n’umwanzi. N’ubwo Kajugujugu yatawe aho hantu kubera icyo kibazo, abakozi bose bari mu ndege barimo umupilote n’ingabo, bashoboye kuhava nta kibazo. Baje no gukira bimurirwa mu kindi kigo cya gisirikare cyari hafi aho.”

Aba bo mu mutwe wa Al-Shabaab baje gufata ibisigazwa by’iriya kajugujugu nyuma yo kugwa kwayo, bahita babifata amashusho, bavuga ko bayirashe irahanuka.

Intumwa idasanzwe y’agateganyo ya perezida wa komisiyo ya AU muri Somalia, yashimye ingabo z’u Burundi ku buryo bihuse kandi bakitwara kinyamwuga muri iki kibazo. Ubundi kandi yashimiye umuryango wa Afrika Yunze ubumwe ukomeje kwiyemeza gushyigikira Somalia, igihugu gihanganye n’umwuzure ukabije ndetse n’umutekano muke ukomeje guhungabanywa n’imitwe yitwaje intwaro irimo n’uwa Al-Shabaab.

Ibi bibaye mu gihe kandi n’umwaka ushize, aba barwanyi bo muri Al-Shabaab bafashe kajugujugu y’umuryango w’Abibumbye yaritwaye abagabo babiri bo muri Somalia n’abanyamahanga benshi. Iyo ndebe yari yahagurutse iva mu mujyi wa Beledweyne rwagati muri Somalia ariko ihura n’ikibazo nyuma gato, bituma igwa byihutirwa hafi y’umudugudu wa Hindhere, hafi ya karere ka Galguduud. Aha yagiye icyo gihe hagenzurwa kandi n’aba barwanyi bo muri uyu mutwe wa Al-Shabaab, kuko bahise banafata iyi kajugujugu.

Gukomeza kwibasira cyangwa gufata indege zahanuwe na Al-Shabaab bigaragaza akaga gakomeje kugaragara mu bikorwa byo kubungabunga amahoro n’ibikorwa by’u butabazi mu bice bigenzurwa na Al-Shabaab. Ibyabaye kuri Bell 412 y’ingabo z’u Burundi, kimwe no gufata kajugujugu y’umuryango w’Abibumbye, byerakana uburyo ibintu bishobora gufata intera mu turere uyu mutwe w’iterabwoba ukoreramo.

Kuba kajugujugu y’igisirikare cy’u Burundi yarafashwe n’uyu mutwe, byerakana ugusubira inyuma no gutakaza kw’izi ngabo ziri muri ubu butumwa bwa Aussom. Ubushobozi bwo gufata no kwamamaza ibisigazwa ntibikora gusa nka poropoganda y’intsinzi gusa, ahubwo binibutsa imbogamizi mu kubungabunga umutekano mu bihe bitoroshye.

Tags: Al-shababAussomIngabo z'u BurundiKajugujugu
Share49Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Norwegian People’s Aid (NPA) igaragaza ishusho iteje impungenge ku ngaruka ndende z’igeragezwa ry’intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

RDC yagize icyo ivuga ku Rwanda rwikuye mu muryango wa CEEAC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?