• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Kamala na Trump bahuriye mu y’indi Leta gushaka amajwi.

minebwenews by minebwenews
November 3, 2024
in World News
0
Kamala na Trump bahuriye mu y’indi Leta gushaka amajwi.
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kamala na Trump bahuriye mu y’indi Leta gushaka amajwi.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Mu gihe hasigaye iminsi ibiri amatora akaba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Kamala Harris na Donald Trump bagiye gushakira amajwi muri Leta ya North Carolina.

Kamala ahagarariye ishyaka ry’Abademokarate mu matora ya perezida wa Amerika ateganyijwe tariki ya 05/11/2024, mu gihe na Donald Trump nawe ari umukandida w’ishyaka ry’Abarepulikani; ku munsi w’ejo hashize bombi bahuriye muri Leta ya North Carolina.
Iyi leta barimo nimwe mu zishobora kwegukanwa n’umukandida uwo ari we wese. Kandi uraba ari umunsi wa kane wikurikiranya visi perezida Kamala Harris na Donald Trump bahurira muri Leta imwe kwiyamamaza.

Ibi bigaragaza uruhare runini Leta zirindwi zifite mu kugena uzegukana umwanya wa Perezida hagati y’aba bakandinda bombi.
Ikusanyabitekerezo rikorwa kuri aya matora kugeza ubu ryerekana ko abandinda bombi bafite umubare w’amajwi wegeranye cyane.

Abaturage barenga miliyoni 70 bamaze gutora nk’uko bitangazwa n’ubushakashatsi bukorwa muri kaminuza ya Florida kuri aya matora.
Uyu mubare uri munsi y’uwabari bamaze gutora nk’iki gihe mu mwaka w’ 2020, ariko na none urerekana ko abantu bashishikajwe no kwitabira aya matora.

Ku wa Gatandatu w’ejo hashize kandi, ni wo munsi wa nyuma wagenwe w’abashaka gutora kare muri Leta ya North Carolina, aho abagera kuri miliyoni 3.8 bamaze gutora muri iki gihe uburenganzuba bw’iyi Leta bukiva mu bihe by’imiyaga idasanzwe yari yibasiye aka gace muri mu minsi mike ishize.

Tags: KamalaKwiyamamazaNorth CarolinaTrump
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo guhohotera Abanyamulenge mu Minembwe byongeye gufata indi ntera.

Ibyo guhohotera Abanyamulenge mu Minembwe byongeye gufata indi ntera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?