• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, July 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo guhohotera Abanyamulenge mu Minembwe byongeye gufata indi ntera.

minebwenews by minebwenews
November 3, 2024
in Regional Politics
1
Ibyo guhohotera Abanyamulenge mu Minembwe byongeye gufata indi ntera.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo guhohotera Abanyamulenge mu Minembwe byongeye gufata indi ntera.

You might also like

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

Abandi Banyamulenge babiri bafunzwe bazira ubusa, kuko batawe muri yombi bakekwaho gushyigikira Twirwaneho, itsinda ry’Abanyamulenge rirwanirira ubwoko bwabo kuvaho Maï Maï kubufasha bw’Ingabo za FARDC itangiye kubagabaho ibitero mu 2017.

Ku wa Gatanu w’iki Cyumweru turimo dusoza, ingabo za FARDC zo muri brigade ya 21 ifite icyicaro muri centre ya Minembwe yataye muri yombi uwitwa Mutware mwene Manutsi n’umuhungu wa Sositene wahoze ayoboye ANR mu misozi miremire y’Imulenge, nawe umaze igihe afungiwe i Kinshasa.

Amakuru yukuri MCN yamaze kwakira avuga ko Mutware na mwene Sositene bafashwe isaha zitandatu z’ijoro, bafatirwa muri Hotel ya Sositene iherereye muri centre ya Minembwe.

Ubuhamya twahawe buvuga ko bwana Mutware ni uwo mu mahana wa Muliza, yafashwe nyuma y’uko yari yabonye ko yiririje muri centre aza gufata umwanzuro wo kurara muri Hotel yo kwa Sositene.

Ubuhamya bugira buti: “Njyewe twariririrwanye muri centre bigeze ku mugoroba aja kurara kuri Hotel yo kwa Sositene, bigeze saa sita z’ijoro bamuta muri yombi. Afunganwe na mwene Sositene.”

Aba bombi bafunzwe mu gihe muri casho y’iyi brigade hari havuyemo undi muhungu wahoraga akora akazi ku bumotari, nawe wari wafunzwe azira ubusa. Mu kumufunguza hatanzwe amafaranga menshi.

Bamwe muri aba Banyamulenge banavuga ko FARDC iri mu Minembwe mu gufunga abaturage babisanzemo ubutunzi ngo kuko bafungurwa habanje gutangwa amafaranga atagira ukwangana.

Umusaza uheruka gufungwa uzwi ku mazina ya Zakayo, wari wafunzwe azira drone y’izi ngabo yaburiwe irengero yafunguwe habanje gutangwa amafaranga angana na $500.

Ubuhamya bukomeza bugira buti: “Ibibazo biraha mu Minembwe n’uko abantu bakomeje gufungirwa ubusa! Nukuvuga ko nta munsi w’ubusa iriya casho irara nta muntu uyifungiwemo. Ntibishoboka! Kandi Igitangaje nta we FARDC ishakaho impamvu ngo iyibure. Menya ko Umunyamulenge yabaye ikibazo muri iki gihugu.”

Uyu watangaga ubuhamya, yanavuze ko ikibazo cya Maï Maï gisa nicyarangiye kuko Twirwaneho yarayirwanyije isigara isa nitagifite imbaraga, ariko kuri ubu Abanyamulenge mu Minembwe ikibazo basigaranye n’ingabo z’iki gihugu (FARDC).

Ibi bikomeje kuba mu gihe mu bice byose bigize Komine ya Minembwe, hari agahenge ka mahoro ni mu gihe ibitero bya Maï Maï biheruka mu ntangiriro z’uyu mwaka.

Tags: AbanyamulengeFardcguhohoteraMinembwe
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie MINEMBWE...

Read moreDetails

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by'Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n'Igitutu cya Politiki MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka ku hazaza h'ibiganiro...

Read moreDetails

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
La RDC entre dans une phase politique décisive : la décision de la Cour constitutionnelle relance le débat. Le pouvoir de Félix Tshisekedi est-il menacé ? Analyse approfondie

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa...

Read moreDetails

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za FARDC n’abambari bazo bahuye n’uruva gusenya muri Kivu Yaruguru.

Ingabo za FARDC n'abambari bazo bahuye n'uruva gusenya muri Kivu Yaruguru.

Comments 1

  1. Henri says:
    2 years ago

    Kiriya gihugu nimana gusa izakirindiramo abantu si non iyi reta nayo izamara abanyagihugu bacyo. Mana tabara ubwoko bwawe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?