• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kandida Moïse Katumbi Chapwe, yagize icyavuga kubigize igihe bitangazwa na perezida Félix Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
December 14, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kandinda nimero 3, Moïse Katumbi Chapwe, yanenze imivugire ya mugenzi we Perezida Félix Tshisekedi, nawe uri kw’iyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ateganijwe kuba muri RDC.

You might also like

U Rwanda Rurashinja RDC n’u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w’Akarere

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

Ni kuri uyu wa Kane, tariki 14/12/2023, bwana Moïse Katumbi, yakoze ikiganiro kuri Radio France International (RFI), ubwo yaganiraga n’abanyamakuru biriya radio, yaboneyeho umwanya wo gusubiza perezida Félix Tshisekedi, ibyo akunze kuvuga ashotora Moïse Katumbi.

Moïse Katumbi, ati: “Sibyiza kwibasira umuntu uwariwe wese. Icyihutirwa n’ukugira ibikorwa ukorera abaturage! tugomba kugaragaza ibikorwa kuruta amagambo. Ku ki Tshisekedi, yibasira perezida w’u Rwanda? Cangwa abandi biriya bigaragaza kunanirwa kwe! Twari dukwiriye kwihutira gukora kuruta kugira uwo tunenga.”

Muri ibi bihe byo kw’iyamamaza perezida Félix Tshisekedi, yagiye y’umvikana ashinja kandida Moïse Katumbi, ngo kuba ari “Umukandinda w’umunyamahanga,” sibyo gusa kuko y’umvikanye agereranya perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, na Adolph Hitler.

Katumbi, ya navuze ko mu gihe RDC yazagira Igisirikare cyiza ko arigihe kizashimwa n’abanyamahanga.

Yagize ati: “Niba dufite igisirikare kitubaha, Abaturanyi, bariya baturanyi nabo ntibazubaha igisirikare cyacu, ariko igihe tuzubaha Abaturanyi nabo bazatwubaha! Perezida dufite kuri none yaheze mu marira adashira ariko iyaza kugira ibikorwa biruta amarira tuba dufite perezida mwiza!”

“Dukwiye gufata Ingamba ku gihugu cyacu Ingabo zacyu zikwiye gukorera igihugu igihe zinaniwe ntizibone ko kunanirwa kwabo kwa vuye ku wundi, Oya! Igihe cyogusakuza siki hubwo dukore.”

“Sinareka kuvuga ko perezida Félix Tshisekedi, yibagiwe abasirikare, ntabahemba nk’uko bikwiye ! Erega igihe ya bahembye neza bazarinda ubusugire bw’igihugu, ndetse n’umutima wose. Njywe ni ndamuka ntambutse nzahemba abasirikare neza, niba umusirikare w’igihugu ahembwa ifaranga zirimunsi y’Idorari ijana(100) ubwo urumva azakora yishimye? Iki kibazo tugomba kugikemura mu Maguru Mashya.”

“Dufite abasirikare beza cyane ariko bahembwa make . Nzongera umushahara wa basirikare, igihe noramuka ntsinze Amatora.”

Katumbi yanatanze urugero agira ati: “Abadepite ba Congo Kinshasa, bahembwa ku kwezi idorali zirenga 25.000, ariko umusirikare agahembwa izirimunsi 100, kandi ariwe ushinzwe umutekano w’igihugu, ibi birababaje reba Abacanshuro bo bahembwa 9000 ku kwezi, iki n’ikibazo gikomeye ku gihugu.”

Bruce Bahanda.

Tags: Moïse Katumbi ChapweYanenze imivugire ya perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda Rurashinja RDC n’u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

U Rwanda Rurashinja RDC n'u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w'Akarere Leta y’u Rwanda, ibinyujije mu itangazo rya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, yatangarije amahanga ko...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails
Next Post

Amatora muri RDC, ashobora gusubikwa, naho Angola yatengushe Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?