• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kandida Moïse Katumbi Chapwe, yagize icyavuga kubigize igihe bitangazwa na perezida Félix Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
December 14, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kandinda nimero 3, Moïse Katumbi Chapwe, yanenze imivugire ya mugenzi we Perezida Félix Tshisekedi, nawe uri kw’iyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ateganijwe kuba muri RDC.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni kuri uyu wa Kane, tariki 14/12/2023, bwana Moïse Katumbi, yakoze ikiganiro kuri Radio France International (RFI), ubwo yaganiraga n’abanyamakuru biriya radio, yaboneyeho umwanya wo gusubiza perezida Félix Tshisekedi, ibyo akunze kuvuga ashotora Moïse Katumbi.

Moïse Katumbi, ati: “Sibyiza kwibasira umuntu uwariwe wese. Icyihutirwa n’ukugira ibikorwa ukorera abaturage! tugomba kugaragaza ibikorwa kuruta amagambo. Ku ki Tshisekedi, yibasira perezida w’u Rwanda? Cangwa abandi biriya bigaragaza kunanirwa kwe! Twari dukwiriye kwihutira gukora kuruta kugira uwo tunenga.”

Muri ibi bihe byo kw’iyamamaza perezida Félix Tshisekedi, yagiye y’umvikana ashinja kandida Moïse Katumbi, ngo kuba ari “Umukandinda w’umunyamahanga,” sibyo gusa kuko y’umvikanye agereranya perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, na Adolph Hitler.

Katumbi, ya navuze ko mu gihe RDC yazagira Igisirikare cyiza ko arigihe kizashimwa n’abanyamahanga.

Yagize ati: “Niba dufite igisirikare kitubaha, Abaturanyi, bariya baturanyi nabo ntibazubaha igisirikare cyacu, ariko igihe tuzubaha Abaturanyi nabo bazatwubaha! Perezida dufite kuri none yaheze mu marira adashira ariko iyaza kugira ibikorwa biruta amarira tuba dufite perezida mwiza!”

“Dukwiye gufata Ingamba ku gihugu cyacu Ingabo zacyu zikwiye gukorera igihugu igihe zinaniwe ntizibone ko kunanirwa kwabo kwa vuye ku wundi, Oya! Igihe cyogusakuza siki hubwo dukore.”

“Sinareka kuvuga ko perezida Félix Tshisekedi, yibagiwe abasirikare, ntabahemba nk’uko bikwiye ! Erega igihe ya bahembye neza bazarinda ubusugire bw’igihugu, ndetse n’umutima wose. Njywe ni ndamuka ntambutse nzahemba abasirikare neza, niba umusirikare w’igihugu ahembwa ifaranga zirimunsi y’Idorari ijana(100) ubwo urumva azakora yishimye? Iki kibazo tugomba kugikemura mu Maguru Mashya.”

“Dufite abasirikare beza cyane ariko bahembwa make . Nzongera umushahara wa basirikare, igihe noramuka ntsinze Amatora.”

Katumbi yanatanze urugero agira ati: “Abadepite ba Congo Kinshasa, bahembwa ku kwezi idorali zirenga 25.000, ariko umusirikare agahembwa izirimunsi 100, kandi ariwe ushinzwe umutekano w’igihugu, ibi birababaje reba Abacanshuro bo bahembwa 9000 ku kwezi, iki n’ikibazo gikomeye ku gihugu.”

Bruce Bahanda.

Tags: Moïse Katumbi ChapweYanenze imivugire ya perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post

Amatora muri RDC, ashobora gusubikwa, naho Angola yatengushe Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?