• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kenyatta yarahiriye kwandika amateka, avuga icyo agiye gukora hagati ya Leta ya Kinshasa na M23.

minebwenews by minebwenews
December 20, 2024
in Regional Politics
0
Kenyatta yarahiriye kwandika amateka, avuga icyo agiye gukora hagati ya Leta ya Kinshasa na M23.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kenyatta yarahiriye kwandika amateka, avuga icyo agiye gukora hagati ya Leta ya Kinshasa na M23.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni amakuru yatangajwe n’umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika wungirije ushinzwe umubano na Afrika, Molly Phee, yavuze ko Uhuru Kenyatta wabaye perezida wa Kenya yiyemeje guhuza Leta ya Kinshasa n’umutwe wa M23.

Molly watanze aya makuru, yayavuze mu gihe ibiganiro byagombaga guhuriza perezida Félix Tshisekedi, Paul Kagame na João Lourenço i Luanda tariki ya 15/12/2024 byasubitswe bitewe n’uko Leta ya Kinshasa yanze kuganira n’umutwe wa M23, uwo bahanganye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ubwo ibyo biganiro byasubikwaga, Uhuru Kenyatta na perezida Lourenço bahuriye i Luanda, kugira barebere hamwe uko amahoro n’umutekano birambye byagaruka mu Burasirazuba bwa RDC.

Mu byo aba bayobozi baganiriye harimo ko ibiganiro bya Leta ya Kinshasa n’imitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasirazuba bw’iki gihugu byasubukurwa; M23 na yo ikabijamo.

Molly yanatangaje ko nyuma y’uko Uhuru Kenyatta yiyemeje gutegura ibiganiro bihuza M23 na Leta ya Kinshasa, umuryango wa Afrika y’iburasirazuba (EAC) wemeje ko bishyirwa mu maboko ya Afrika yunze ubumwe.

Yagize ati: “Uhuru yemeye gutanga ubufasha bwo gutegura ibiganiro hagati ya M23 na Leta ya Kinshasa. EAC na yo yarabishigikiye, yemeza ko inshingano yo gukemura ibibazo by’imitwe yitwaje intwaro mu Burasirazuba bwa RDC yimurirwa muri AU.”

Umutwe wa M23 wigeze kwitabira ibiganiro bya Nairobi mu kwezi kwa 4, 2022, yirukanwamo n’intumwa ya perezida Félix Tshisekedi, ubwo yayishinjaga kubura imirwano gusa yasubije ko ari ikinyoma.

Ibyo bibaye kandi mu gihe Leta ya Kinshasa ikomeje kwotswa igitutu ngwiganire na M23, kugira ngo bikemurire hamwe ibibazo bafitanye bimaze imyaka myinshi.

Tags: GuhuzaRdcUhuru Kenyatta
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe impamvu FARDC iri gukubitwa kubi muri Kivu Yaruguru.

Havuzwe impamvu FARDC iri gukubitwa kubi muri Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?