• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe impamvu FARDC iri gukubitwa kubi muri Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
December 20, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe impamvu FARDC iri gukubitwa kubi muri Kivu Yaruguru.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe impamvu FARDC iri gukubitwa kubi muri Kivu Yaruguru.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ubutumwa buri muri audio Minembwe.com ikesha umurwanyi wo muri Wazalendo bugaragaza ko Ingabo z’u Burundi zitagihembwa nk’uko byari bitegekanyijwe, bityo zikaba zitakija mu rugamba, ibyatumye Ingabo za leta ya Kinshasa zamburwa ibice byinshi muri teritware ya Lubero n’ahandi.

Ni ubutumwa bwatanzwe nyuma y’aho M23 yirukanye FARDC n’abambari bayo mu mijyi myinshi iri muri teritware ya Lubero, iyo ni nka Mingi yafashwe ku wa gatatu, n’indi irimo Mambasa, Alimbongo na Matembe byafashwe ku Cyumweru no ku wa mbere.

Ubwo butumwa bukavuga ko ingabo z’u Burundi zashyizwe muri Wazalendo zitakirwana, ngo kuko nta mushahara zigihabwa ko ahubwo izo bagahawe zirya abayobozi bo hejuru bo mu Gihugu cyabo.

Ati: “M23 iri huta nk’ama inite(irtime), kandi nta kiyitangira, kuko FARDC ihabwa amafaranga nti rwana, abarwanaga mbere ni ingabo z’u Burundi zibarizwa muri Wazalendo. Kubera nta mushahara duhabwa natwe twabivuyemo. Rero biri mu biri gutuma FARDC yamburwa ibice byinshi.”

Uwo murwanyi aduha ubu butumwa, yavuze ko “umusirikare w’u Burundi uri mu Burasirazuba bwa RDC bitegekanyijwe ko ahabwa $ 400, ariko $ 50 ni yo yakira mu ntoki, izindi $ 350 zikoherezwa mu miryango yabo binyuze kuri Banki nkuru y’u Burundi(BRB).

Nyamara n’izo zinyuze kuri Banki nkuru y’u Burundi, ntizitangwa mu miryango yabo ziri umukwiro, kuko ziragabanywa cyane.

Yagize ati: “Ayo yitwa ko yoherezwa mu Burundi barayaturya. Ntayo duhabwa, ashobora no kumara amezi atatu imiryango itayabona. Kandi n’aya $50 bavuga ko baduhera kuri terrain ntabwo bayaduha. Dutunzwe no kwiba, twiba igihe twagiye muri operasiyo.”

Yakomeje avuga ko amasezerano yasinywe hagati ya perezida w’u Burundi n’uwa RDC, ni uko buri musirikare uri muri RDC w’umurundi ahabwa $500, ariko ko batazi uko zigaburwa.

Kimweho yemeje ko hari batayo idasanzwe(special) y’ingabo z’u Burundi ihabwa amafaranga buri kwezi. Iyo batayo kuri ubu iherereye muri centre ya Lubero muri Kivu Yaruguru.

Ibyo abitangaje mu gihe FARDC yakubiswe impande zose, usibye muri Lubero no muri Walikale nuko. Ku munsi w’ejo hashize M23 yarwaniye mu duce turimo ahitwa Kaina no mu nkengero zayo, ndetse biza kurangira uwo mutwe uhigaruriye, nk’uko byagiye bitangazwa ku mbugankoranyambaga.

Ni mirwano yongeye gutuma abaturage bo muri ibyo bice bata izabo, bamwe bakaba barahunze berekeza muri Kivu y’Amajy’epfo, abandi i Goma ku murwa mukuru w’intara ya Kivu Yaruguru.

Tags: FardcGukubitwaIngabo z'u BurundiWazalendo
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Byuzuye wari ufungiwe Uvira yafunguwe.

Byuzuye wari ufungiwe Uvira yafunguwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?