• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kera kabaye, basabwe guhunga bakava i Kinshasa n’i Bukavu.

minebwenews by minebwenews
February 3, 2025
in Regional Politics
0
Kera kabaye, basabwe guhunga bakava i Kinshasa n’i Bukavu.
145
SHARES
3.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kera kabaye, basabwe guhunga bakava i Kinshasa n’i Bukavu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zasabye abaturage bayo bari muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, kwihutira kuhava mu maguru mashya.

Ni amakuru akubiye mu itangazo Amerika yashyize hanze kuri uyu wa mbere tariki ya 03/02/2025, aho yabinyujije muri Ambasade yayo iri i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Iri tangazo rikaba rimenyesha ko ambasade ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika itewe impungenge n’ikibazo cy’umutekano muke uri mu mujyi wa Kinshasa, bityo ikaba yafashe icyemezo kuba igabanyije abakozi bayo bayikoragamo.

Rigira riti: “Ambasade ya Amerika i Kinshasa ikomeje kugabanya umubare w’abakozi bayikoragamo.”

Rikomeza rigira riti: “Kandi ambasade iragira inama Abanyamerika bari muri RDC kuhava bwangu baciye munzira z’ubucuruzi.”

Nanone kandi iyi ambasade yavuze ko yabaye ihagaritse ibikorwa bitandukanye, birimo gukoresha ibizamini bya “interview” ku bashaka za visa.

Ibyo Amerika ibikoze mu gihe mu Burasirazuba bwa RDC burimo imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta.

Aho uyu mutwe wa M23 kuri ubu ugenzura ibice byinshi byo muri Kivu y’Amajyaruguru n’iy’Epfo.

Ndetse kandi ni mu gihe ahar’ejo naho, u Buhinde biciye muri Ambasade yabwo i Kinshasa bwasabye abaturage babwo bari i Bukavu kuhava, bijyanye no kuba M23 iri kurwanira mu birometero bibarirwa kuri 20 uvuye muri uyu mujyi wa Bukavu.

Ikindi kandi nuko abakozi b’imiryango mpuzamahanga barimo n’aba MONUSCO batangiye guhunga bava i Bukavu no mu bindi bice byo muri ibi bice byo muri Kivu y’Amajy’epfo.

Imirwano hagati ya M23 n’ingabo za RDC irakomeje. Irabera muri teritware ya Kalehe, aho uyu mutwe ukomeje kwerekeza i Bukavu.

Tags: BukavuguhungaKinshasa
Share58Tweet36Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibyingenzi ku mujyi wa Goma wasukuwe na M23.

Ibyingenzi ku mujyi wa Goma wasukuwe na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?