• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kibukila wishwe ari mu bakomanda babiri bayoboye Mai-Mai kwica abakozi ba Ebenezer, babaziza ko ari Abatutsi muri Fizi.

minebwenews by minebwenews
March 15, 2025
in Regional Politics
0
Kibukila wishwe ari mu bakomanda babiri bayoboye Mai-Mai kwica abakozi ba Ebenezer, babaziza ko ari Abatutsi muri Fizi.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kibukila wishwe ari mu bakomanda babiri bayoboye Mai-Mai kwica abakozi ba Ebenezer, babaziza ko ari Abatutsi muri Fizi.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Umwe mu bakomanda babiri bo mu mutwe wa Mai-Mai bayoboye igitero cyishe gitemaguye Abanyamulenge bari abakozi ba Ebenezer-Ministries, yishwe arashwe n’umutwe witwara gisirikare w’Ababuyu bo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Uyu mukomanda wishwe wo muri Mai-Mai, azwi ku mazina ya Mutetezi Ebuela Tresor, akaba muri uwo mutwe wa Mai-Mai yari General.

Urupfu rwe rwemejwe n’abo mu muryango avukamo bo mu bwoko bw’Ababembe, aho bashize inyandiko hanze zigaragaza ko babajwe n’urupfu rwa Ebuela Tresor.
Inyandiko bashyize hanze zigira ziti: “Turi n’umubabaro wo kubabikira urupfu rwa Gen.Mutetezi Kibukila, yapfuye nyuma yokwicwa na Mai Mai y’Ababuyu.”

Izi nyandiko kandi zigaragaza ko yiciwe ahitwa i Lutete haherereye mu birometero 14 uvuye i Baraka muri teritware ya Fizi.
Nubwo ziriya nyandiko zitagaragaje ko yaba yarashwe cyangwa yishwe urundi rupfu, ariko Minembwe Capital News yamenye ko yaguye mu gico cy’abariya barwanyi bo mu babuyu, ubundi bahita bamurasa agwaho.

Uyu wishwe ashinjwa kuba yari mu bayoboye kiriya gitero cyishe Abanyamulenge 7 barimo umudamu umwe, bose bakaba bari abakozi ba Ebenezer-Ministries, biciwe i Seberi hagati y’i Baraka no kuri zone ya Fizi.

Bishwe ubwo bari bavuye i Uvira bazamuye ibikoresho by’amatorero n’iby’amashuri mu Minembwe.
Bivugwa ko bakigera aha i Seberi bahise bavanwa mu mudoka barimo yo mu bwoko bwa Lund-Cruser y’uyu mushinga wabo wa Ebenezer-Ministries, bahita batangira kubica bakoresheje imipanga n’izindi ntwaro za gakondo.

Icyo gihe amakuru yavugaga ko iki gitero cya Mai-Mai, cyari kiyobowe na General Hamuri Yakutumba nawe wari wungirijwe n’uyu wapfuye, Ebuela Tresor Mutetezi.

Ubwo aba bakozi ba Ebenezer-Ministries bicwaga, hari hagati mu mwaka wa 2011.

Kibukila kandi, ashinjwa gusenyera Abanyamulenge kubica no kunyaga Inka zabo mu Bibogobogo, Minembwe, i Ndondo ya Bijombo n’i Cyohagati. uri mu komanda babiri ba Mai-Mai bayoboye igitero cy’ishe abakozi ba “Ebenezer” babaziza ko ari Abatutsi, yishwe.

Umwe mu bakomanda babiri bo mu mutwe wa Mai-Mai bayoboye igitero cyishe gitemaguye Abanyamulenge bari abakozi ba Ebenezer-Ministries, yishwe arashwe n’umutwe witwara gisirikare w’Ababuyu bo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Uyu mukomanda wishwe wo muri Mai-Mai, azwi ku mazina ya Mutetezi Ebuela Tresor, akaba muri uwo mutwe wa Mai-Mai yari General.

Urupfu rwe rwemejwe n’abo mu muryango avukamo bo mu bwoko bw’Ababembe, aho bashize inyandiko hanze zigaragaza ko babajwe n’urupfu rwa Ebuela Tresor.
Inyandiko bashyize hanze zigira ziti: “Turi n’umubabaro wo kubabikira urupfu rwa Gen.Mutetezi Kibukila, yapfuye nyuma yokwicwa na Mai Mai y’Ababuyu.”

Izi nyandiko kandi zigaragaza ko yiciwe ahitwa i Lutete haherereye mu birometero 14 uvuye i Baraka muri teritware ya Fizi.
Nubwo ziriya nyandiko zitagaragaje ko yaba yarashwe cyangwa yishwe urundi rupfu, ariko Minembwe Capital News yamenye ko yaguye mu gico cy’abariya barwanyi bo mu babuyu, ubundi bahita bamurasa agwaho.

Uyu wishwe ashinjwa kuba yari mu bayoboye kiriya gitero cyishe Abanyamulenge 7 barimo umudamu umwe witwaga Nyabisage, bose bakaba bari abakozi ba Ebenezer-Ministries, biciwe i Seberi hagati y’i Baraka no kuri zone ya Fizi.

Bishwe ubwo bari bavuye i Uvira bazamuye ibikoresho by’amatorero n’iby’amashuri mu Minembwe.
Bivugwa ko bakigera aha i Seberi bahise bavanwa mu mudoka barimo yo mu bwoko bwa Lund-Cruser y’uyu mushinga wabo wa Ebenezer-Ministries, bahita batangira kubica bakoresheje imipanga n’izindi ntwaro za gakondo.

Icyo gihe amakuru yavugaga ko iki gitero cya Mai-Mai, cyari kiyobowe na General Hamuri Yakutumba nawe wari wungirijwe n’uyu wapfuye, Ebuela Tresor Mutetezi.

Ubwo aba bakozi ba Ebenezer-Ministries bicwaga, hari hagati mu mwaka wa 2011.

Kibukila kandi, ashinjwa gusenyera Abanyamulenge kubica no kunyaga Inka zabo mu Bibogobogo, Minembwe, i Ndondo ya Bijombo n’i Cyohagati.

Tags: Ebenezer-Ministriesyishwe
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zakijijwe n’amaguru zihunga m23 i Kaziba.

Ibivugwa i Kaziba nyuma y'aho m23 ihafashe ikaza kuhikura nta mirwano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?