• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kibukila wishwe ari mu bakomanda babiri bayoboye Mai-Mai kwica abakozi ba Ebenezer, babaziza ko ari Abatutsi muri Fizi.

minebwenews by minebwenews
March 15, 2025
in Regional Politics
0
Kibukila wishwe ari mu bakomanda babiri bayoboye Mai-Mai kwica abakozi ba Ebenezer, babaziza ko ari Abatutsi muri Fizi.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kibukila wishwe ari mu bakomanda babiri bayoboye Mai-Mai kwica abakozi ba Ebenezer, babaziza ko ari Abatutsi muri Fizi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umwe mu bakomanda babiri bo mu mutwe wa Mai-Mai bayoboye igitero cyishe gitemaguye Abanyamulenge bari abakozi ba Ebenezer-Ministries, yishwe arashwe n’umutwe witwara gisirikare w’Ababuyu bo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Uyu mukomanda wishwe wo muri Mai-Mai, azwi ku mazina ya Mutetezi Ebuela Tresor, akaba muri uwo mutwe wa Mai-Mai yari General.

Urupfu rwe rwemejwe n’abo mu muryango avukamo bo mu bwoko bw’Ababembe, aho bashize inyandiko hanze zigaragaza ko babajwe n’urupfu rwa Ebuela Tresor.
Inyandiko bashyize hanze zigira ziti: “Turi n’umubabaro wo kubabikira urupfu rwa Gen.Mutetezi Kibukila, yapfuye nyuma yokwicwa na Mai Mai y’Ababuyu.”

Izi nyandiko kandi zigaragaza ko yiciwe ahitwa i Lutete haherereye mu birometero 14 uvuye i Baraka muri teritware ya Fizi.
Nubwo ziriya nyandiko zitagaragaje ko yaba yarashwe cyangwa yishwe urundi rupfu, ariko Minembwe Capital News yamenye ko yaguye mu gico cy’abariya barwanyi bo mu babuyu, ubundi bahita bamurasa agwaho.

Uyu wishwe ashinjwa kuba yari mu bayoboye kiriya gitero cyishe Abanyamulenge 7 barimo umudamu umwe, bose bakaba bari abakozi ba Ebenezer-Ministries, biciwe i Seberi hagati y’i Baraka no kuri zone ya Fizi.

Bishwe ubwo bari bavuye i Uvira bazamuye ibikoresho by’amatorero n’iby’amashuri mu Minembwe.
Bivugwa ko bakigera aha i Seberi bahise bavanwa mu mudoka barimo yo mu bwoko bwa Lund-Cruser y’uyu mushinga wabo wa Ebenezer-Ministries, bahita batangira kubica bakoresheje imipanga n’izindi ntwaro za gakondo.

Icyo gihe amakuru yavugaga ko iki gitero cya Mai-Mai, cyari kiyobowe na General Hamuri Yakutumba nawe wari wungirijwe n’uyu wapfuye, Ebuela Tresor Mutetezi.

Ubwo aba bakozi ba Ebenezer-Ministries bicwaga, hari hagati mu mwaka wa 2011.

Kibukila kandi, ashinjwa gusenyera Abanyamulenge kubica no kunyaga Inka zabo mu Bibogobogo, Minembwe, i Ndondo ya Bijombo n’i Cyohagati. uri mu komanda babiri ba Mai-Mai bayoboye igitero cy’ishe abakozi ba “Ebenezer” babaziza ko ari Abatutsi, yishwe.

Umwe mu bakomanda babiri bo mu mutwe wa Mai-Mai bayoboye igitero cyishe gitemaguye Abanyamulenge bari abakozi ba Ebenezer-Ministries, yishwe arashwe n’umutwe witwara gisirikare w’Ababuyu bo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Uyu mukomanda wishwe wo muri Mai-Mai, azwi ku mazina ya Mutetezi Ebuela Tresor, akaba muri uwo mutwe wa Mai-Mai yari General.

Urupfu rwe rwemejwe n’abo mu muryango avukamo bo mu bwoko bw’Ababembe, aho bashize inyandiko hanze zigaragaza ko babajwe n’urupfu rwa Ebuela Tresor.
Inyandiko bashyize hanze zigira ziti: “Turi n’umubabaro wo kubabikira urupfu rwa Gen.Mutetezi Kibukila, yapfuye nyuma yokwicwa na Mai Mai y’Ababuyu.”

Izi nyandiko kandi zigaragaza ko yiciwe ahitwa i Lutete haherereye mu birometero 14 uvuye i Baraka muri teritware ya Fizi.
Nubwo ziriya nyandiko zitagaragaje ko yaba yarashwe cyangwa yishwe urundi rupfu, ariko Minembwe Capital News yamenye ko yaguye mu gico cy’abariya barwanyi bo mu babuyu, ubundi bahita bamurasa agwaho.

Uyu wishwe ashinjwa kuba yari mu bayoboye kiriya gitero cyishe Abanyamulenge 7 barimo umudamu umwe witwaga Nyabisage, bose bakaba bari abakozi ba Ebenezer-Ministries, biciwe i Seberi hagati y’i Baraka no kuri zone ya Fizi.

Bishwe ubwo bari bavuye i Uvira bazamuye ibikoresho by’amatorero n’iby’amashuri mu Minembwe.
Bivugwa ko bakigera aha i Seberi bahise bavanwa mu mudoka barimo yo mu bwoko bwa Lund-Cruser y’uyu mushinga wabo wa Ebenezer-Ministries, bahita batangira kubica bakoresheje imipanga n’izindi ntwaro za gakondo.

Icyo gihe amakuru yavugaga ko iki gitero cya Mai-Mai, cyari kiyobowe na General Hamuri Yakutumba nawe wari wungirijwe n’uyu wapfuye, Ebuela Tresor Mutetezi.

Ubwo aba bakozi ba Ebenezer-Ministries bicwaga, hari hagati mu mwaka wa 2011.

Kibukila kandi, ashinjwa gusenyera Abanyamulenge kubica no kunyaga Inka zabo mu Bibogobogo, Minembwe, i Ndondo ya Bijombo n’i Cyohagati.

Tags: Ebenezer-Ministriesyishwe
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zakijijwe n’amaguru zihunga m23 i Kaziba.

Ibivugwa i Kaziba nyuma y'aho m23 ihafashe ikaza kuhikura nta mirwano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?