Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kibukila wishwe ari mu bakomanda babiri bayoboye Mai-Mai kwica abakozi ba Ebenezer, babaziza ko ari Abatutsi muri Fizi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 15, 2025
in Regional Politics
0
Kibukila wishwe ari mu bakomanda babiri bayoboye Mai-Mai kwica abakozi ba Ebenezer, babaziza ko ari Abatutsi muri Fizi.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kibukila wishwe ari mu bakomanda babiri bayoboye Mai-Mai kwica abakozi ba Ebenezer, babaziza ko ari Abatutsi muri Fizi.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Umwe mu bakomanda babiri bo mu mutwe wa Mai-Mai bayoboye igitero cyishe gitemaguye Abanyamulenge bari abakozi ba Ebenezer-Ministries, yishwe arashwe n’umutwe witwara gisirikare w’Ababuyu bo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Uyu mukomanda wishwe wo muri Mai-Mai, azwi ku mazina ya Mutetezi Ebuela Tresor, akaba muri uwo mutwe wa Mai-Mai yari General.

Urupfu rwe rwemejwe n’abo mu muryango avukamo bo mu bwoko bw’Ababembe, aho bashize inyandiko hanze zigaragaza ko babajwe n’urupfu rwa Ebuela Tresor.
Inyandiko bashyize hanze zigira ziti: “Turi n’umubabaro wo kubabikira urupfu rwa Gen.Mutetezi Kibukila, yapfuye nyuma yokwicwa na Mai Mai y’Ababuyu.”

Izi nyandiko kandi zigaragaza ko yiciwe ahitwa i Lutete haherereye mu birometero 14 uvuye i Baraka muri teritware ya Fizi.
Nubwo ziriya nyandiko zitagaragaje ko yaba yarashwe cyangwa yishwe urundi rupfu, ariko Minembwe Capital News yamenye ko yaguye mu gico cy’abariya barwanyi bo mu babuyu, ubundi bahita bamurasa agwaho.

Uyu wishwe ashinjwa kuba yari mu bayoboye kiriya gitero cyishe Abanyamulenge 7 barimo umudamu umwe, bose bakaba bari abakozi ba Ebenezer-Ministries, biciwe i Seberi hagati y’i Baraka no kuri zone ya Fizi.

Bishwe ubwo bari bavuye i Uvira bazamuye ibikoresho by’amatorero n’iby’amashuri mu Minembwe.
Bivugwa ko bakigera aha i Seberi bahise bavanwa mu mudoka barimo yo mu bwoko bwa Lund-Cruser y’uyu mushinga wabo wa Ebenezer-Ministries, bahita batangira kubica bakoresheje imipanga n’izindi ntwaro za gakondo.

Icyo gihe amakuru yavugaga ko iki gitero cya Mai-Mai, cyari kiyobowe na General Hamuri Yakutumba nawe wari wungirijwe n’uyu wapfuye, Ebuela Tresor Mutetezi.

Ubwo aba bakozi ba Ebenezer-Ministries bicwaga, hari hagati mu mwaka wa 2011.

Kibukila kandi, ashinjwa gusenyera Abanyamulenge kubica no kunyaga Inka zabo mu Bibogobogo, Minembwe, i Ndondo ya Bijombo n’i Cyohagati. uri mu komanda babiri ba Mai-Mai bayoboye igitero cy’ishe abakozi ba “Ebenezer” babaziza ko ari Abatutsi, yishwe.

Umwe mu bakomanda babiri bo mu mutwe wa Mai-Mai bayoboye igitero cyishe gitemaguye Abanyamulenge bari abakozi ba Ebenezer-Ministries, yishwe arashwe n’umutwe witwara gisirikare w’Ababuyu bo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Uyu mukomanda wishwe wo muri Mai-Mai, azwi ku mazina ya Mutetezi Ebuela Tresor, akaba muri uwo mutwe wa Mai-Mai yari General.

Urupfu rwe rwemejwe n’abo mu muryango avukamo bo mu bwoko bw’Ababembe, aho bashize inyandiko hanze zigaragaza ko babajwe n’urupfu rwa Ebuela Tresor.
Inyandiko bashyize hanze zigira ziti: “Turi n’umubabaro wo kubabikira urupfu rwa Gen.Mutetezi Kibukila, yapfuye nyuma yokwicwa na Mai Mai y’Ababuyu.”

Izi nyandiko kandi zigaragaza ko yiciwe ahitwa i Lutete haherereye mu birometero 14 uvuye i Baraka muri teritware ya Fizi.
Nubwo ziriya nyandiko zitagaragaje ko yaba yarashwe cyangwa yishwe urundi rupfu, ariko Minembwe Capital News yamenye ko yaguye mu gico cy’abariya barwanyi bo mu babuyu, ubundi bahita bamurasa agwaho.

Uyu wishwe ashinjwa kuba yari mu bayoboye kiriya gitero cyishe Abanyamulenge 7 barimo umudamu umwe witwaga Nyabisage, bose bakaba bari abakozi ba Ebenezer-Ministries, biciwe i Seberi hagati y’i Baraka no kuri zone ya Fizi.

Bishwe ubwo bari bavuye i Uvira bazamuye ibikoresho by’amatorero n’iby’amashuri mu Minembwe.
Bivugwa ko bakigera aha i Seberi bahise bavanwa mu mudoka barimo yo mu bwoko bwa Lund-Cruser y’uyu mushinga wabo wa Ebenezer-Ministries, bahita batangira kubica bakoresheje imipanga n’izindi ntwaro za gakondo.

Icyo gihe amakuru yavugaga ko iki gitero cya Mai-Mai, cyari kiyobowe na General Hamuri Yakutumba nawe wari wungirijwe n’uyu wapfuye, Ebuela Tresor Mutetezi.

Ubwo aba bakozi ba Ebenezer-Ministries bicwaga, hari hagati mu mwaka wa 2011.

Kibukila kandi, ashinjwa gusenyera Abanyamulenge kubica no kunyaga Inka zabo mu Bibogobogo, Minembwe, i Ndondo ya Bijombo n’i Cyohagati.

Tags: Ebenezer-Ministriesyishwe
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zakijijwe n’amaguru zihunga m23 i Kaziba.

Ibivugwa i Kaziba nyuma y'aho m23 ihafashe ikaza kuhikura nta mirwano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?