• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kinshasa yasabye u Bubiligi kuza kuyifasha mu ntambara irimo.

minebwenews by minebwenews
February 7, 2025
in Regional Politics
0
Kinshasa yasabye u Bubiligi kuza kuyifasha mu ntambara irimo.
90
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kinshasa yasabye u Bubiligi kuza kuyifasha mu ntambara irimo.

You might also like

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Ubutegetsi bwa Kinshasa binyuze muri minisitiri w’ubabanye n’amahanga wabwo, Thérèse Kayikwamba Wagner, yatakambiye u Bubiligi kuza kubafasha kurwanya umutwe wa M23 ugize igihe warabuzengereje, ndetse uwo mutwe ukaba uri no kubambura ubutaka ukabubohoza muburyo budasanzwe.

Tariki ya 05/02/2025, ni bwo Thérèse Kayikwamba yageze mu Bubiligi, amakuru akavuga ko mubyamujanye, harimo no gusaba iki gihugu cya kolonije igihugu cyabo kuza kubafasha kwirukana m23 muri Goma n’ahandi yafashe.

Minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Bubiligi, akaba kandi ari na minisitiri w’intebe wungirije, ndetse kandi akaba anashinzwe u Burayi n’ubufanye mu iterambere, yakoresheje urubuga rwa x, avuga ko yagiranye ibiganiro na Kayikwamba, kandi ko ibyo biganiro byabo byagarutse kubigomba gukorwa ngo ubusugire bwa RDC bwubahwe.

Kayikwamba kandi yahuye na depite wo mu nteko ishinga amategeko y’u Bubiligi, Michel De Maegd, wavuze ko u Bubiligi bukwiye gukora ibishoboka byose RDC ikisubiza ikibuga cy’indege cya Goma.

Yagize ati: “U Bubiligi bugomba gukora ibishoboka byose ikibuga cy’indege cya Goma kikabohorwa kuko ubu kiri mu biganza bya M23.”

Gusa aba bayobozi bombi b’u Bubiligi ntibigeze bagaragaza uko RDC izongera kwisubiza Goma n’uburyo bazayifashamo.”

Ahanini ikibuga cy’indege cya Goma cyifashishwa mu bucuruzi bw’amabuye y’agaciro bukorwa n’abanyaburayi na Amerika baba mu karere bitwa ko ari abagira neza.”

RDC yagiye ishakira ubufasha hirya no hino ku Isi, nubwo nta musaruro ubivamo, kuko umutwe bahanganye wa M23 M23 ugenda urushaho kugira imbaraga, bityo ukaba ukomeje kwigarurira ibice byinshi harimo n’imijyi ikomeye.

Kimwecyo uyu mutwe wari uheruka gutangaza agahenge, kandi ugaragaza ko ugashyizeho kugira ngo ibikorwa by’ubutabazi bigere kubakuwe mubyabo kubera intambara. Ibi nyamara bigaragaza ko uyu mutwe udashaka amakimbirane,hubwo ko ubutegetsi bwa Kinshasa bwakagombye kuyamara butiriwe bukubita hirya no hino, ariko ntibukozwe kuganiriza Abanye-kongo ubwabo.

Ikindi n’uko ibyo bivuzwe mu gihe uyu mutwe wamaze gushyinga ubuyobozi bw’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ndetse kandi ukaba umaze kugarura amahoro muri aka gace kari karabaye indiri y’abarwanyi ba Maï-Maï na FDLR. Bazwiho kubuza abaturage umudendezo wabo , aho babicaga bakabanyaga n’ibyabo.

Tags: RdcU BubiligiUbusugire
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku...

Read moreDetails

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails
Next Post
FARDC irashinjwa kw’iba  imyaka y’abaturage.

FARDC irashinjwa kw'iba imyaka y'abaturage.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?