• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, November 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kinshasa yasabye u Bubiligi kuza kuyifasha mu ntambara irimo.

minebwenews by minebwenews
February 7, 2025
in Regional Politics
0
Kinshasa yasabye u Bubiligi kuza kuyifasha mu ntambara irimo.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kinshasa yasabye u Bubiligi kuza kuyifasha mu ntambara irimo.

You might also like

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

Ubutegetsi bwa Kinshasa binyuze muri minisitiri w’ubabanye n’amahanga wabwo, Thérèse Kayikwamba Wagner, yatakambiye u Bubiligi kuza kubafasha kurwanya umutwe wa M23 ugize igihe warabuzengereje, ndetse uwo mutwe ukaba uri no kubambura ubutaka ukabubohoza muburyo budasanzwe.

Tariki ya 05/02/2025, ni bwo Thérèse Kayikwamba yageze mu Bubiligi, amakuru akavuga ko mubyamujanye, harimo no gusaba iki gihugu cya kolonije igihugu cyabo kuza kubafasha kwirukana m23 muri Goma n’ahandi yafashe.

Minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Bubiligi, akaba kandi ari na minisitiri w’intebe wungirije, ndetse kandi akaba anashinzwe u Burayi n’ubufanye mu iterambere, yakoresheje urubuga rwa x, avuga ko yagiranye ibiganiro na Kayikwamba, kandi ko ibyo biganiro byabo byagarutse kubigomba gukorwa ngo ubusugire bwa RDC bwubahwe.

Kayikwamba kandi yahuye na depite wo mu nteko ishinga amategeko y’u Bubiligi, Michel De Maegd, wavuze ko u Bubiligi bukwiye gukora ibishoboka byose RDC ikisubiza ikibuga cy’indege cya Goma.

Yagize ati: “U Bubiligi bugomba gukora ibishoboka byose ikibuga cy’indege cya Goma kikabohorwa kuko ubu kiri mu biganza bya M23.”

Gusa aba bayobozi bombi b’u Bubiligi ntibigeze bagaragaza uko RDC izongera kwisubiza Goma n’uburyo bazayifashamo.”

Ahanini ikibuga cy’indege cya Goma cyifashishwa mu bucuruzi bw’amabuye y’agaciro bukorwa n’abanyaburayi na Amerika baba mu karere bitwa ko ari abagira neza.”

RDC yagiye ishakira ubufasha hirya no hino ku Isi, nubwo nta musaruro ubivamo, kuko umutwe bahanganye wa M23 M23 ugenda urushaho kugira imbaraga, bityo ukaba ukomeje kwigarurira ibice byinshi harimo n’imijyi ikomeye.

Kimwecyo uyu mutwe wari uheruka gutangaza agahenge, kandi ugaragaza ko ugashyizeho kugira ngo ibikorwa by’ubutabazi bigere kubakuwe mubyabo kubera intambara. Ibi nyamara bigaragaza ko uyu mutwe udashaka amakimbirane,hubwo ko ubutegetsi bwa Kinshasa bwakagombye kuyamara butiriwe bukubita hirya no hino, ariko ntibukozwe kuganiriza Abanye-kongo ubwabo.

Ikindi n’uko ibyo bivuzwe mu gihe uyu mutwe wamaze gushyinga ubuyobozi bw’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ndetse kandi ukaba umaze kugarura amahoro muri aka gace kari karabaye indiri y’abarwanyi ba Maï-Maï na FDLR. Bazwiho kubuza abaturage umudendezo wabo , aho babicaga bakabanyaga n’ibyabo.

Tags: RdcU BubiligiUbusugire
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo kwiyomekaho igice cy’uburasirazuba bw’igihugu...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23 Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n'umutwe...

Read moreDetails

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

U Burundi mu bibangamiye amahoro y'Abanyamulenge n'amasezerano y'amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe Igihugu cy'u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u...

Read moreDetails

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu Mu gihe imyigaragambyo ikomeje kuzamura ubukana mu gihugu cya Tanzania, abaririmbyi barimo n'icyamamare Diamond Platnumz berekeje iy'ubuhungiro. Iyi myigaragambyo yatangiye...

Read moreDetails

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy'indege cya Goma U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, yavuze ko ikibuga cy'indege cya Goma...

Read moreDetails
Next Post
FARDC irashinjwa kw’iba  imyaka y’abaturage.

FARDC irashinjwa kw'iba imyaka y'abaturage.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?