Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Kinshasa yatangije indi nzira yo kurwanya ubutegetsi bw’i Kigali.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 2, 2025
in Religion
0
Ibivugwa kuri Tshisekedi wamaze kwaka ubuhungiro aranabwemererwa.
129
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kinshasa yatangije indi nzira yo kurwanya ubutegetsi bw’i Kigali.

You might also like

Inshingano z’Umwuka wera mu itorero n’izihe?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije muri minisitiri wayo w’intebe, Judith Suminwa, yatangije gahunda yiswe “Congolais Telema,” igamije kurwanya u Rwanda no guhindanya isura yarwo mu ruhando mpuzamahanga.

Iyi gahunda isobanura ngo “Abanye-Congo, muhaguruke, ikaba yaratangijwe tariki ya 01/03/2025.

Minisitiri w’intebe, Judith Suminwa, abisobanura kuri radio na televisiyo by’igihugu, yavuze ko iriya gahunda yakozwe mu rwego rwo kunganira urugamba rwa gisirikare, dipolomasi, itangazamakuru, ubukungu ndetse n’ubucuruzi.

Asovanura ko iki gihugu cyabo kitazihanganira ubushotoranyi bw’u Rwanda rushaka kugabanyamo igihugu cyabo kabiri no gusahura umutungo wacyo.

Avuga ko Abanye-Congo bose, aho bari hose ku isi bakwiye kumva ko kurengera igihugu cyabo ari inshingano zabo.

Suminwa yasabye ko n’abakiri bato bakwiye guhaguruka kugira ngo bahangane n’u Rwanda, urwo bashinja ibibazo byose biri muri iki gihugu cyabo.

Yasabye abo mu ntara zose z’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo guhagurikira u Rwanda.

Nyamara iyi gahunda ya Congo ibinyujije muri minisitiri wayo w’intebe, yabanjirijwe n’iya Sama Lukonde yo mu mwaka w’2021, yo yari yise “Bendele Ekweya te.” Gusa, ntacyo yagezeho kuko yahekeye mu nduru.

Byitezwe ko iyo gahunda izacengezamatwara y’urwango ingengabitekerezo ya jenocide, gushyigikira ingabo za Fardc zikorana byahafi n’iz’u Burundi ndetse na FDLR mu gukora n’ibindi bikorwa byinshi bibi.

Bibaye mu gihe kandi ubutegetsi bw’i Kinshasa bumaze igihe bugambirira gutera u Rwanda bunyuze muri iri huriro ryabo ry’ingabo zirimo iz’iki gihugu, iz’u Burundi na FDLR ndetse na Wazalendo.

Ariko nubwo biruko, u Rwanda rugenda rurushyaho kugaragaza ko rutazahwema kurinda ubusugire bw’igihugu cyabo n’imipika yarwo, ndetse n’ibitero bishobora kurugabwaho, hagamijwe kurinda abaturage barwo.

Tags: GahundaKinshasaRwanda
Share52Tweet32Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Inshingano z’Umwuka wera mu itorero n’izihe?

by Bruce Bahanda
June 8, 2025
0
Inshingano z’Umwuka wera mu itorero n’izihe?

Inshingano z'Umwuka wera mu itorero n'izihe? Umukozi w'Imana, Reverend Bizimana Misigaro, uyoboye itorero rya All National Assembly of God rizwi cyane nka Philadelphia, mu giterane cyahuje amatorero umunani...

Read moreDetails

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails
Next Post
Ndayishimiye yagaragaje ko ashaka kuganira n’u Rwanda.

Ibyu menya kuri perezida w'u Burundi waranzwe cyane no guhinduka mu majambo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?