• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kiziya Katolika yanenze ibyavuye mu matora naho Jakaya Kikwete, yaraye ageze i Kinshasa, aserukiye indorerezi za SADC.

minebwenews by minebwenews
December 23, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri RDC, amadini arimo n’irya Keleziya Gatolika, baranenga uburyo Amatora yateguwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yo kw’itariki 20/12/2023.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Bagize bati: “Hari za site zimwe z’amatora zabereyemo imvururu n’imirwano abaturage ntibabasha gutora.”

Bunzemo kandi ati: “Za site zimwe zagiye zishirwa hafi n’ikambi za Gisirikare bishingiye ku ma Shyaka, ibi nabyo byatumye abaturage batinya kuja gutora.”

Ba bitangaje nyuma y’uko CENI, ishinzwe gutegura Amatora itangaje kuri uyu wa Gatanu, tariki 22/12/2023, ko Félix Tshisekedi, yatsinze Amatora kubagiye batorera hanze ya Congo Kinshasa, muri Kanada, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, u Bubiligi, no mu gihugu c’u Bufaransa.

Gusa n’Ishyaka rya PPRD, binyuze mu munyamabanga waryo Mukuru , Ferdinand Kambere, banenze ibyavuye mu matora.

Ati: “Urukiko nirutamagana ibyavuye muri ay’Amatora, tuzahamagarira abaturage gukurikiza itegeko rya 64, maze batwirukanire abategetsi b’igitugu.”

Ibi bibaye kandi mugihe umuryango w’Afrika y’Amajy’epfo SADC, bohereje i ndorerezi zabo ziyobowe na Jakaya Kikwete, wabayeho perezida w’igihugu ca Tanzania, aho yaje azanye na Hery Rajaonarimampianina, nawe w’igeze kuyobora igihugu ca Madagascar.

Aba bakaba baje gushigikira no guhamya ibyavuye mu matora. Tubibutsa ko indorerezi z’uyu muryango wa SADC zakurikiranye ay’amatora mugihe iz’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba EAC, zo zangiwe kuyakurikirana.

Bruce Bahanda.

Tags: CENIIndorereziJakaya KikweteKiliziya KatolikaKinshasaRdcSADCYanenze ibyavuye mu matora
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Umunyamulengekazi, Clemantine Nyarange, yapfanye n'umwana we aguye mu kiyaga giherereye i Nakivale, muri Uganda.

Comments 1

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Kuba kubutegetsi ni mbaraga zo kwiba birashoboka buliya Gisegeti arasubiraho maze ahindure imvugo aje mumishikirano na M23 agaruke irwanda indi mandat irangire

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?