Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kiziya Katolika yanenze ibyavuye mu matora naho Jakaya Kikwete, yaraye ageze i Kinshasa, aserukiye indorerezi za SADC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 23, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri RDC, amadini arimo n’irya Keleziya Gatolika, baranenga uburyo Amatora yateguwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yo kw’itariki 20/12/2023.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Bagize bati: “Hari za site zimwe z’amatora zabereyemo imvururu n’imirwano abaturage ntibabasha gutora.”

Bunzemo kandi ati: “Za site zimwe zagiye zishirwa hafi n’ikambi za Gisirikare bishingiye ku ma Shyaka, ibi nabyo byatumye abaturage batinya kuja gutora.”

Ba bitangaje nyuma y’uko CENI, ishinzwe gutegura Amatora itangaje kuri uyu wa Gatanu, tariki 22/12/2023, ko Félix Tshisekedi, yatsinze Amatora kubagiye batorera hanze ya Congo Kinshasa, muri Kanada, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, u Bubiligi, no mu gihugu c’u Bufaransa.

Gusa n’Ishyaka rya PPRD, binyuze mu munyamabanga waryo Mukuru , Ferdinand Kambere, banenze ibyavuye mu matora.

Ati: “Urukiko nirutamagana ibyavuye muri ay’Amatora, tuzahamagarira abaturage gukurikiza itegeko rya 64, maze batwirukanire abategetsi b’igitugu.”

Ibi bibaye kandi mugihe umuryango w’Afrika y’Amajy’epfo SADC, bohereje i ndorerezi zabo ziyobowe na Jakaya Kikwete, wabayeho perezida w’igihugu ca Tanzania, aho yaje azanye na Hery Rajaonarimampianina, nawe w’igeze kuyobora igihugu ca Madagascar.

Aba bakaba baje gushigikira no guhamya ibyavuye mu matora. Tubibutsa ko indorerezi z’uyu muryango wa SADC zakurikiranye ay’amatora mugihe iz’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba EAC, zo zangiwe kuyakurikirana.

Bruce Bahanda.

Tags: CENIIndorereziJakaya KikweteKiliziya KatolikaKinshasaRdcSADCYanenze ibyavuye mu matora
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

Umunyamulengekazi, Clemantine Nyarange, yapfanye n'umwana we aguye mu kiyaga giherereye i Nakivale, muri Uganda.

Comments 1

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Kuba kubutegetsi ni mbaraga zo kwiba birashoboka buliya Gisegeti arasubiraho maze ahindure imvugo aje mumishikirano na M23 agaruke irwanda indi mandat irangire

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?