• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

minebwenews by minebwenews
June 1, 2025
in Religion
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

You might also like

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y’Abanyamulenge yo muri Uganda no ku Isi hose, yongeye kwandika amateka ubwo yarimo acuranga mu giterane cyateguwe na minisiteri ya El-Bethel.

Iki giterane cyatangiye ku wa kane, kikaba cyarateguwe gusa n’abayoboke ba El-Bethel yo muri Isingiro district.
Ni igiterane cy’itabiriwe n’abavuye i Mbarara n’ab’i Nakivale ahatuye impunzi nyinshi z’Abanyamulenge zaturutse muri Kivu y’Amajyepfo mu gihugu cya RDC.

Muri iki giterane, umucaranzi Kofi yakubise amato ya kibodi(keyboad), maze abayumbe batambira Imana umwuka w’Imana ururuka; indimi za mwuka wera zitangira kuvugwa, ndetse n’abahanuzi binjira mu iyerekwa n’u bwo muri iyi nkuru tutavuga ibyo bahanuye kuko bwari ubuhanuzi bwibyabereye aho.
Ubwo abo bayumbe batambaga umucuranzi nawe yakomezaga kuryoshya inshurango, ari nako ahindura amajwi y’uburyo yacungagamo.

Ibintu byakomeje kujya mu yindi ntera kugeza ubwo abayumbe barushe bariruka mu mbuga yahabereye iki giterane.

Nk’uko biri iki giterane cyabereye mu mbuga y’itorero rya New Jerusalem riyobowe na Bishop Joseph Mwumvirwa.

Ku bari bicyaye babyinishaga imitwe ubona ibintu byabaye ibindi.

Kofi uri kuzamuka neza mugukubita umuziki w’injyana y’igisirimba ndetse n’indirimbo za gospel, ni umusore w’Umunyamulenge ukiri muto kuko ari mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 20 na 25 y’amavuko.
Papa we ni Umushumba mu itorero rya Shelter rifite icyicaro i Nakivale muri Uganda.

Uyu musore yatangiye kumenyakana cyane muri aka kazi, mu mwaka wa 2023. Kuri ubu ari kukigero gishimishije.

Ubuhamya twahawe n’abatuye muri ibyo bice acurangiramo, bahamya ko aho yataramiye ari naho rubanda nyamwinshi birukira.

Soleil uri mu bamukunda cyane yagize ati: “Aho Kofi yagiye gucuranga, sinabeshya njye niho njya. Si nanjye nyenyine gusa, urubyiruko rwose ni yo rwirukira. Igisirimba agicuranga mu mwuka wa Yesu.”

Undi na we yagize ati: “Uyu munsi ho akoze amateka, ndabarahiye! Si ubufana, ni ukuri Kofi ni we mucuranzi ukaze mu Banyamulenge bacurangira Imana muri iki gihe.”

Minisitiri ya El-Bethel, iyari yatumiye Kofi ku bacungira muri iki giterane cyabereye muri Isingiro district, muri aka gace iyobowe na Reverend Misigaro Bizimana, mu gihe ku Isi hose, iyobowe na Reverend Kimarurungu Osee, wa mamaye cyane ku izina rya Maisha.

Iyi minisiteri iri mu ma minisiteri y’ivugabutumwa yatangiye mbere i Mulenge no hanze yayo. Kuri ubu ikorera mu Rwanda, Uganda, Kenya, Burundi n’ahandi.

Mubayitangije barimo uwitwa Mpogazi n’abandi.
Hagataho, iyi minisiteri tuzayigarukaho tuvuge amateka yayo.

Tags: GucurangaIgisirimbaIgiteraneKofi
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC Nyuma yo gusoma isengesho rya Angélus ku Cyumweru, Papa Léon XIV yahamagariye amahanga yose gusengera...

Read moreDetails

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu Olive Lembe Kabila, umugore wa Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC),...

Read moreDetails

“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

by Bahanda Bruce
January 4, 2026
0
“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete Mu mateka y’intambara yabaye mu Buyapani, hakomeje kuvugwa inkuru ikora ku mitima ya benshi hirya no hino...

Read moreDetails

Ubuhanuzi bwa 2026: “Imana Igiye Gutangaza Ibirenze Ibyatekerezwaga ku Bayikunda” — Apôtre Dr Gitwaza

by Bahanda Bruce
January 1, 2026
0
Ubuhanuzi bwa 2026: “Imana Igiye Gutangaza Ibirenze Ibyatekerezwaga ku Bayikunda” — Apôtre Dr Gitwaza

Ubuhanuzi bwa 2026: “Imana Igiye Gutangaza Ibirenze Ibyatekerezwaga ku Bayikunda” — Apôtre Dr Gitwaza Mu butumwa bukomeye bwerekeye ubuhanuzi bw’umwaka wa 2026, Apôtre Dr Gitwaza yagarutse ku Ijambo...

Read moreDetails

Ubutumwa bwa Bujiriri Buganisha ku Kwisuzuma Kw’Urubyiruko rw’Abanye-Congo Bukomeje Gukora ku Mitima ku Mbuga Nkoranyambaga

by Bahanda Bruce
December 30, 2025
0
Ubutumwa bwa Bujiriri Buganisha ku Kwisuzuma Kw’Urubyiruko rw’Abanye-Congo Bukomeje Gukora ku Mitima ku Mbuga Nkoranyambaga

Ubutumwa bwa Bujiriri Buganisha ku Kwisuzuma Kw’Urubyiruko rw’Abanye-Congo Bukomeje Gukora ku Mitima ku Mbuga Nkoranyambaga Umuvugabutumwa w’Itorero Philadelphie, Bwana Bujiriri, yagaragaje intimba ikomeye n’umujinya wuzuye impungenge mu butumwa...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwaganiriye na Qatar ku mutekano wo mu Burasizuba bwa RDC.

U Rwanda rwaganiriye na Qatar ku mutekano wo mu Burasizuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?