• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

minebwenews by minebwenews
June 1, 2025
in Religion
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

You might also like

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y’Abanyamulenge yo muri Uganda no ku Isi hose, yongeye kwandika amateka ubwo yarimo acuranga mu giterane cyateguwe na minisiteri ya El-Bethel.

Iki giterane cyatangiye ku wa kane, kikaba cyarateguwe gusa n’abayoboke ba El-Bethel yo muri Isingiro district.
Ni igiterane cy’itabiriwe n’abavuye i Mbarara n’ab’i Nakivale ahatuye impunzi nyinshi z’Abanyamulenge zaturutse muri Kivu y’Amajyepfo mu gihugu cya RDC.

Muri iki giterane, umucaranzi Kofi yakubise amato ya kibodi(keyboad), maze abayumbe batambira Imana umwuka w’Imana ururuka; indimi za mwuka wera zitangira kuvugwa, ndetse n’abahanuzi binjira mu iyerekwa n’u bwo muri iyi nkuru tutavuga ibyo bahanuye kuko bwari ubuhanuzi bwibyabereye aho.
Ubwo abo bayumbe batambaga umucuranzi nawe yakomezaga kuryoshya inshurango, ari nako ahindura amajwi y’uburyo yacungagamo.

Ibintu byakomeje kujya mu yindi ntera kugeza ubwo abayumbe barushe bariruka mu mbuga yahabereye iki giterane.

Nk’uko biri iki giterane cyabereye mu mbuga y’itorero rya New Jerusalem riyobowe na Bishop Joseph Mwumvirwa.

Ku bari bicyaye babyinishaga imitwe ubona ibintu byabaye ibindi.

Kofi uri kuzamuka neza mugukubita umuziki w’injyana y’igisirimba ndetse n’indirimbo za gospel, ni umusore w’Umunyamulenge ukiri muto kuko ari mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 20 na 25 y’amavuko.
Papa we ni Umushumba mu itorero rya Shelter rifite icyicaro i Nakivale muri Uganda.

Uyu musore yatangiye kumenyakana cyane muri aka kazi, mu mwaka wa 2023. Kuri ubu ari kukigero gishimishije.

Ubuhamya twahawe n’abatuye muri ibyo bice acurangiramo, bahamya ko aho yataramiye ari naho rubanda nyamwinshi birukira.

Soleil uri mu bamukunda cyane yagize ati: “Aho Kofi yagiye gucuranga, sinabeshya njye niho njya. Si nanjye nyenyine gusa, urubyiruko rwose ni yo rwirukira. Igisirimba agicuranga mu mwuka wa Yesu.”

Undi na we yagize ati: “Uyu munsi ho akoze amateka, ndabarahiye! Si ubufana, ni ukuri Kofi ni we mucuranzi ukaze mu Banyamulenge bacurangira Imana muri iki gihe.”

Minisitiri ya El-Bethel, iyari yatumiye Kofi ku bacungira muri iki giterane cyabereye muri Isingiro district, muri aka gace iyobowe na Reverend Misigaro Bizimana, mu gihe ku Isi hose, iyobowe na Reverend Kimarurungu Osee, wa mamaye cyane ku izina rya Maisha.

Iyi minisiteri iri mu ma minisiteri y’ivugabutumwa yatangiye mbere i Mulenge no hanze yayo. Kuri ubu ikorera mu Rwanda, Uganda, Kenya, Burundi n’ahandi.

Mubayitangije barimo uwitwa Mpogazi n’abandi.
Hagataho, iyi minisiteri tuzayigarukaho tuvuge amateka yayo.

Tags: GucurangaIgisirimbaIgiteraneKofi
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga Itorero riherereye i Kigali mu Rwanda rya Foursquare, riyobowe na Bishop Fidel Masengo, ryafashije umuririmbyi uririmba...

Read moreDetails

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Umuyobozi w'Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry'Imana abugenera abatuye isi yose Ngendahayo Justin, Umuyobozi w'Impunzi mu ikambi z'icyumbikiwemo y'i Nakivale, ha herereye mu majy'Epfo ya Uganda,...

Read moreDetails

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w'ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwaganiriye na Qatar ku mutekano wo mu Burasizuba bwa RDC.

U Rwanda rwaganiriye na Qatar ku mutekano wo mu Burasizuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?