• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

minebwenews by minebwenews
June 1, 2025
in Religion
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y’Abanyamulenge yo muri Uganda no ku Isi hose, yongeye kwandika amateka ubwo yarimo acuranga mu giterane cyateguwe na minisiteri ya El-Bethel.

READ ALSO

Abacengenzi mu miryango: Inyigisho z’Umushumba Gedeon Kayoni mu giterane cy’abamama

Abanyamulenge Bakiriye Inkuru y’Akababaro: Umusaza Simoni Sebaganwa, Umuhanuzi Wubahwaga, Yitabye Imana

Iki giterane cyatangiye ku wa kane, kikaba cyarateguwe gusa n’abayoboke ba El-Bethel yo muri Isingiro district.
Ni igiterane cy’itabiriwe n’abavuye i Mbarara n’ab’i Nakivale ahatuye impunzi nyinshi z’Abanyamulenge zaturutse muri Kivu y’Amajyepfo mu gihugu cya RDC.

Muri iki giterane, umucaranzi Kofi yakubise amato ya kibodi(keyboad), maze abayumbe batambira Imana umwuka w’Imana ururuka; indimi za mwuka wera zitangira kuvugwa, ndetse n’abahanuzi binjira mu iyerekwa n’u bwo muri iyi nkuru tutavuga ibyo bahanuye kuko bwari ubuhanuzi bwibyabereye aho.
Ubwo abo bayumbe batambaga umucuranzi nawe yakomezaga kuryoshya inshurango, ari nako ahindura amajwi y’uburyo yacungagamo.

Ibintu byakomeje kujya mu yindi ntera kugeza ubwo abayumbe barushe bariruka mu mbuga yahabereye iki giterane.

Nk’uko biri iki giterane cyabereye mu mbuga y’itorero rya New Jerusalem riyobowe na Bishop Joseph Mwumvirwa.

Ku bari bicyaye babyinishaga imitwe ubona ibintu byabaye ibindi.

Kofi uri kuzamuka neza mugukubita umuziki w’injyana y’igisirimba ndetse n’indirimbo za gospel, ni umusore w’Umunyamulenge ukiri muto kuko ari mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 20 na 25 y’amavuko.
Papa we ni Umushumba mu itorero rya Shelter rifite icyicaro i Nakivale muri Uganda.

Uyu musore yatangiye kumenyakana cyane muri aka kazi, mu mwaka wa 2023. Kuri ubu ari kukigero gishimishije.

Ubuhamya twahawe n’abatuye muri ibyo bice acurangiramo, bahamya ko aho yataramiye ari naho rubanda nyamwinshi birukira.

Soleil uri mu bamukunda cyane yagize ati: “Aho Kofi yagiye gucuranga, sinabeshya njye niho njya. Si nanjye nyenyine gusa, urubyiruko rwose ni yo rwirukira. Igisirimba agicuranga mu mwuka wa Yesu.”

Undi na we yagize ati: “Uyu munsi ho akoze amateka, ndabarahiye! Si ubufana, ni ukuri Kofi ni we mucuranzi ukaze mu Banyamulenge bacurangira Imana muri iki gihe.”

Minisitiri ya El-Bethel, iyari yatumiye Kofi ku bacungira muri iki giterane cyabereye muri Isingiro district, muri aka gace iyobowe na Reverend Misigaro Bizimana, mu gihe ku Isi hose, iyobowe na Reverend Kimarurungu Osee, wa mamaye cyane ku izina rya Maisha.

Iyi minisiteri iri mu ma minisiteri y’ivugabutumwa yatangiye mbere i Mulenge no hanze yayo. Kuri ubu ikorera mu Rwanda, Uganda, Kenya, Burundi n’ahandi.

Mubayitangije barimo uwitwa Mpogazi n’abandi.
Hagataho, iyi minisiteri tuzayigarukaho tuvuge amateka yayo.

Tags: GucurangaIgisirimbaIgiteraneKofi

Related Posts

Abacengenzi mu miryango: Inyigisho z’Umushumba Gedeon Kayoni mu giterane cy’abamama
Religion

Abacengenzi mu miryango: Inyigisho z’Umushumba Gedeon Kayoni mu giterane cy’abamama

September 6, 2026
Abanyamulenge Bakiriye Inkuru y’Akababaro: Umusaza Simoni Sebaganwa, Umuhanuzi Wubahwaga, Yitabye Imana
Religion

Abanyamulenge Bakiriye Inkuru y’Akababaro: Umusaza Simoni Sebaganwa, Umuhanuzi Wubahwaga, Yitabye Imana

September 2, 2026
ANTIKRISTO AZAVA MURI ISRAEL cyangwa AMERIKA? Ukuri kwa Bibiliya Kurimo Igisubizo Gitangaje
Religion

ANTIKRISTO AZAVA MURI ISRAEL cyangwa AMERIKA? Ukuri kwa Bibiliya Kurimo Igisubizo Gitangaje

August 31, 2026
Minembwe Capital News — Isesengura ry’Amateka, Imyemerere n’Ibihuha Bimaze Imyaka Bivugwa kuri “Illuminati”
Religion

Minembwe Capital News — Isesengura ry’Amateka, Imyemerere n’Ibihuha Bimaze Imyaka Bivugwa kuri “Illuminati”

August 27, 2026
“Kuva ku Bigishwa 12 Kugeza kuri Miliyari 2.3: Ibanga ry’Uko Ubukristo Bwafashe Isi, Amateka Yabwo n’Icyo Ibyo Bivuga ku Mana”
Religion

“Kuva ku Bigishwa 12 Kugeza kuri Miliyari 2.3: Ibanga ry’Uko Ubukristo Bwafashe Isi, Amateka Yabwo n’Icyo Ibyo Bivuga ku Mana”

August 16, 2026
Apostle Alice na Col. Cobra Bakomeje Urugendo rw’Ivugabutumwa muri Minembwe, Bageze mu Nsengero Zirenga 10: Menya Byinshi kuri Iyi Ziara n’Ubutumwa bw’Imana Buyikubiyemo
Religion

Apostle Alice na Col. Cobra Bakomeje Urugendo rw’Ivugabutumwa muri Minembwe, Bageze mu Nsengero Zirenga 10: Menya Byinshi kuri Iyi Ziara n’Ubutumwa bw’Imana Buyikubiyemo

August 12, 2026
Next Post
U Rwanda rwaganiriye na Qatar ku mutekano wo mu Burasizuba bwa RDC.

U Rwanda rwaganiriye na Qatar ku mutekano wo mu Burasizuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
  • FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira
  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?