• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

minebwenews by minebwenews
August 24, 2025
in World News
0
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.
66
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

You might also like

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Igisirikare cya Koreya y’Epfo cyarashe ku basirikare ba Koreya Yaruguru barinda umupaka uhuza ibihugu byombi, nyuma y’aho ab’iyaruguru bari barenze umupaka.

Ni amakuru yemejwe na perezida wa Kareya y’Epfo, bwana Lee Jae Myung ubwo yari mu ruzinduko mu Buyapani ku munsi w’ejo ku wa Gatandatu tariki ya 23/08/2025, yavuze ko ingabo ze zarashe kuri bariya basirikare mu gihe bari barenze umupaka.

Habe n’igisirikare cye cyabyemeje, kuko cyatangaje ko cyarashe ayo masasu nyuma yo kubona abasirikare ba Koreya Yaruguru barenze imbibi z’igihugu cyabo bagana mu gihugu imbere. Kigasobanura ko ayo masasu yari ayo kubasubiza inyuma.

Nyuma, Koreya Yaruguru yahise itangaza ko ibyo bakorewe ari ubushotoranyi, kandi ko bishobora kuzanira isi akaga.

Umwe mu basirikare ba Koreya Yaruguru, Lt. Gen. Ko Jong Chol, yavuze ko ibyo Koreya y’Epfo ivuga ko ari amasasu yo kuburira yabikoresheje imbunda ya Mashine Gun inshuro zirenga icumi.

Ati: “Uko si ukuburira, ibintu bishobora gutuma abasirikare bari ku mipaka bashobora gutangira imirwano, ibintu bikaba bibi cyane.”

Umubano w’ibihugu byombi wajemo agatotsi ubwo intambara yadukaga muri iki gihugu mu 1953. Ni Intambara yanasize igihugu cyari kimwe kivutsemo bibiri, kuva icyo gihe byagumye kugira ubushamirane budashyira kugeza n’ubu.

Tags: abasirikareKareya YaruguruKoreya y'Epfo yarasheKu mupaka
Share26Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy'indembe Lieutenant General Alain Guillaume Bonyoni wahoze ari minisitiri w'intebe w'u Burundi, yamaze kujya muri "coma." Gen Guillaume Bonyoni yagiye muri coma nyuma y'iminsi...

Read moreDetails

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu Perezida Andry Rojoeline wa Madagascar yahungiye mu gihugu cy'u Bufaransa, nyuma yo kweguzwa n'umutwe wa basirikare witwa CAPSAT. Mu ijoro ryo...

Read moreDetails

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo Leta ya Israel n'umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere...

Read moreDetails

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu cyayo kidasanzwe mu birori yarifite byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 50 y'ishaka ry'abakozi. Iki gisasu Koreya...

Read moreDetails
Next Post
Iby’imishyikirano yabereye mu Bibogobogo hagati y’amako ahaturiye.

Iby'imishyikirano yabereye mu Bibogobogo hagati y'amako ahaturiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?