• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 24, 2025
in World News
0
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.
63
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

You might also like

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

Igisirikare cya Koreya y’Epfo cyarashe ku basirikare ba Koreya Yaruguru barinda umupaka uhuza ibihugu byombi, nyuma y’aho ab’iyaruguru bari barenze umupaka.

Ni amakuru yemejwe na perezida wa Kareya y’Epfo, bwana Lee Jae Myung ubwo yari mu ruzinduko mu Buyapani ku munsi w’ejo ku wa Gatandatu tariki ya 23/08/2025, yavuze ko ingabo ze zarashe kuri bariya basirikare mu gihe bari barenze umupaka.

Habe n’igisirikare cye cyabyemeje, kuko cyatangaje ko cyarashe ayo masasu nyuma yo kubona abasirikare ba Koreya Yaruguru barenze imbibi z’igihugu cyabo bagana mu gihugu imbere. Kigasobanura ko ayo masasu yari ayo kubasubiza inyuma.

Nyuma, Koreya Yaruguru yahise itangaza ko ibyo bakorewe ari ubushotoranyi, kandi ko bishobora kuzanira isi akaga.

Umwe mu basirikare ba Koreya Yaruguru, Lt. Gen. Ko Jong Chol, yavuze ko ibyo Koreya y’Epfo ivuga ko ari amasasu yo kuburira yabikoresheje imbunda ya Mashine Gun inshuro zirenga icumi.

Ati: “Uko si ukuburira, ibintu bishobora gutuma abasirikare bari ku mipaka bashobora gutangira imirwano, ibintu bikaba bibi cyane.”

Umubano w’ibihugu byombi wajemo agatotsi ubwo intambara yadukaga muri iki gihugu mu 1953. Ni Intambara yanasize igihugu cyari kimwe kivutsemo bibiri, kuva icyo gihe byagumye kugira ubushamirane budashyira kugeza n’ubu.

Tags: abasirikareKareya YaruguruKoreya y'Epfo yarasheKu mupaka
Share25Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

by Bruce Bahanda
August 21, 2025
0
Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe. Abana babarirwa mu bihumbi 19 biciwe mu ntambara ihanganishije Israel na Hamas mu ntara ya Gaza mu Burasirazuba...

Read moreDetails

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin. Perezida Zelenskyy Volodymyr wa Ukraine yavuze ko afite ubushake bwo kuzahurira mu biganiro bizamuhuza na perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara. Leta Zunze ubumwe z'Amerika yo keje igitutu Ukraine, iyisaba guhagarike intambara vuba na bwangu, kandi ikemera ibyumvikanyweho mu biganiro biheruka guhuriramo perezida...

Read moreDetails

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Vladimir Putin, umubonano...

Read moreDetails
Next Post
Iby’imishyikirano yabereye mu Bibogobogo hagati y’amako ahaturiye.

Iby'imishyikirano yabereye mu Bibogobogo hagati y'amako ahaturiye.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?