• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 25, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

minebwenews by minebwenews
August 24, 2025
in World News
0
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.
66
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Igisirikare cya Koreya y’Epfo cyarashe ku basirikare ba Koreya Yaruguru barinda umupaka uhuza ibihugu byombi, nyuma y’aho ab’iyaruguru bari barenze umupaka.

READ ALSO

Nakivale: Ibarura Rikomeye ry’Impunzi Rigiye Gutangira—HCR na OPM Batangaje Ibyo Buri Muryango Ugomba Kumenya Mbere y’Itariki Yagenwe

Umwuka w’intambara hagati ya Iran na Amerika ukomeje gukara, mu gihe ikibazo cya Hormuz gikomeje guteza impungenge

Ni amakuru yemejwe na perezida wa Kareya y’Epfo, bwana Lee Jae Myung ubwo yari mu ruzinduko mu Buyapani ku munsi w’ejo ku wa Gatandatu tariki ya 23/08/2025, yavuze ko ingabo ze zarashe kuri bariya basirikare mu gihe bari barenze umupaka.

Habe n’igisirikare cye cyabyemeje, kuko cyatangaje ko cyarashe ayo masasu nyuma yo kubona abasirikare ba Koreya Yaruguru barenze imbibi z’igihugu cyabo bagana mu gihugu imbere. Kigasobanura ko ayo masasu yari ayo kubasubiza inyuma.

Nyuma, Koreya Yaruguru yahise itangaza ko ibyo bakorewe ari ubushotoranyi, kandi ko bishobora kuzanira isi akaga.

Umwe mu basirikare ba Koreya Yaruguru, Lt. Gen. Ko Jong Chol, yavuze ko ibyo Koreya y’Epfo ivuga ko ari amasasu yo kuburira yabikoresheje imbunda ya Mashine Gun inshuro zirenga icumi.

Ati: “Uko si ukuburira, ibintu bishobora gutuma abasirikare bari ku mipaka bashobora gutangira imirwano, ibintu bikaba bibi cyane.”

Umubano w’ibihugu byombi wajemo agatotsi ubwo intambara yadukaga muri iki gihugu mu 1953. Ni Intambara yanasize igihugu cyari kimwe kivutsemo bibiri, kuva icyo gihe byagumye kugira ubushamirane budashyira kugeza n’ubu.

Tags: abasirikareKareya YaruguruKoreya y'Epfo yarasheKu mupaka

Related Posts

Nakivale: Ibarura Rikomeye ry’Impunzi Rigiye Gutangira—HCR na OPM Batangaje Ibyo Buri Muryango Ugomba Kumenya Mbere y’Itariki Yagenwe
World News

Nakivale: Ibarura Rikomeye ry’Impunzi Rigiye Gutangira—HCR na OPM Batangaje Ibyo Buri Muryango Ugomba Kumenya Mbere y’Itariki Yagenwe

August 19, 2026
Umwuka w’intambara hagati ya Iran na Amerika ukomeje gukara, mu gihe ikibazo cya Hormuz gikomeje guteza impungenge
World News

Umwuka w’intambara hagati ya Iran na Amerika ukomeje gukara, mu gihe ikibazo cya Hormuz gikomeje guteza impungenge

August 17, 2026
Perezida Ruto Arashaka Manda ya Kabiri, Abatavuga Rumwe na We Barimo Gushinga Amashyaka Mashya: Ese Kenya Yerekeje ku Matora Azahindura Politiki Yayo? — Menya Byinshi Kuri Iyi Nkuru
World News

President Ruto Seeks a Second Term as Opposition Figures Form New Parties: Is Kenya Heading Toward an Election That Could Reshape Its Political Landscape? — Read More

August 11, 2026
Perezida Ruto Arashaka Manda ya Kabiri, Abatavuga Rumwe na We Barimo Gushinga Amashyaka Mashya: Ese Kenya Yerekeje ku Matora Azahindura Politiki Yayo? — Menya Byinshi Kuri Iyi Nkuru
World News

Perezida Ruto Arashaka Manda ya Kabiri, Abatavuga Rumwe na We Barimo Gushinga Amashyaka Mashya: Ese Kenya Yerekeje ku Matora Azahindura Politiki Yayo? — Menya Byinshi Kuri Iyi Nkuru

August 11, 2026
Colombia Mu Marira Nyuma y’Umutingito Ukomeye: Abasaga 130 Bapfuye, Inyubako Ziragwa — Dore Icyo Abahanga Bawuvugaho
World News

Colombia Mu Marira Nyuma y’Umutingito Ukomeye: Abasaga 130 Bapfuye, Inyubako Ziragwa — Dore Icyo Abahanga Bawuvugaho

August 11, 2026
Trump Ahinduye Umurongo kuri Iran: Hormuz Igiye Guhinduka Intwaro Ikomeye mu Makimbirane Ashobora Guhungabanya Ubukungu bw’Isi?
World News

Trump Ahinduye Umurongo kuri Iran: Hormuz Igiye Guhinduka Intwaro Ikomeye mu Makimbirane Ashobora Guhungabanya Ubukungu bw’Isi?

August 11, 2026
Next Post
Iby’imishyikirano yabereye mu Bibogobogo hagati y’amako ahaturiye.

Iby'imishyikirano yabereye mu Bibogobogo hagati y'amako ahaturiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
  • Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
  • En savoir plus sur le retour de la MONUSCO à Minembwe : une première évaluation du respect du cessez-le-feu se prépare dans les zones contrôlées par le MRDP-Twirwaneho
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?