• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ku biro bikuru bya Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hakorewe ibisa n’amayobera.

minebwenews by minebwenews
June 14, 2024
in World News
0
Ku biro bikuru bya Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hakorewe ibisa n’amayobera.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku biro bikuru bya Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hakorewe ibisa n’amayobera.

You might also like

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Hari igihe c’isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, nibwo ku biro bya Guverineri w’i Ntara ya Kivu Yaruguru, mu rwego rwa gisirikare, haje abagore ba Wazalendo bakora imyigaragambyo bambaye ubusa.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News dukesha abaturiye ibyo bice, avuga ko aba bagore ko bakoreye imyigaragambyo imbere y’ibi biro bya Maj Gen Peter Cirimwami Nkuba babarirwa ku bantu bari hagati ya 50 na 30.

Aba bagore mu gukora iyi myigaragabyo baje bari bitwaje ibyapa birimo ubutumwa bashaka guha Maj Gen Peter Cirimwami Nkuba, nawe akabushikiriza urukiko rukuru rwa gisirikare ruherereye i Goma, rwa bafungiye abagabo babo, aho bafunzwe bazira guhemuka no kugumura abaturage, igihe cy’imyigaragambyo yabaye i Goma yo kwa magana Ingabo z’u muryango w’Abibumbye (Monusco).

Ubwo butumwa bugira buti: “Turashaka ko mu tubohorera abagabo bacu, bararwanye uko bashoboye. Murabafungira iki? Ni mubafungure nona ha, turabashaka.”

Nk’uko byasobanuwe n’uko aba bagore bakoze imyigarambyo basanzwe arabo mu idini risenga ibishushyanyo, idini ry’amayobera! Byanavuzwe kandi ko bakoze iyi myigaragabyo bamabaye ubusa, ndetse ngo bakoraga ibyamayobera imbere y’ibiro bya Guverineri, ni mu gihe bakoraga ibyo gucyuragura, bakabikorera kuri ibi biro bya Maj Gen Peter Cirimwami Nkuba.

Abagabo babo bahoze muri Wazalendo, bakaba barafunzwe ku ya 09/10/2023, ndetse bafunganwa n’umuyobozi wiri dini ryamayobera Bisimwa. Ninyuma y’uko i Goma muri icyo gihe hari hakozwe imyigaragambyo idasanzwe yari yo kwa magana Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, Monusco n’ingabo za EACRF.

Muri iyo myigaragabyo yaguyemo abantu babarirwa mu ijana rirenga, hari ku ya 30/08/2023. Nyuma urukiko rukuru rwa gisirikare, mu Ntara ya Kivu Yaruguru rwakatiye abashinjwaga bose kugira uruhare mu kugumura abaturage no kubashuka ngo bakore imyigaragambyo, mu bashinjwaga harimo n’abo Wazalendo abagore babo baje gukora imyigaragambyo irimo ibya mayobera kugira ngo habeho kubafungurira abagabo babo.

                MCN.
Tags: GomaGuverineriIbya mayoberaImyigaragambyoWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails
Next Post
Hizwe icyakorwa kugira ngo abarwanyi ba M23 batagira  ibindi bice bafata byo muri Kivu Yaruguru n’iy’Epfo ndetse na Walikare.

Hizwe icyakorwa kugira ngo abarwanyi ba M23 batagira ibindi bice bafata byo muri Kivu Yaruguru n'iy'Epfo ndetse na Walikare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?