• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ku biro bikuru bya Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hakorewe ibisa n’amayobera.

minebwenews by minebwenews
June 14, 2024
in World News
0
Ku biro bikuru bya Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hakorewe ibisa n’amayobera.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku biro bikuru bya Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hakorewe ibisa n’amayobera.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Hari igihe c’isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, nibwo ku biro bya Guverineri w’i Ntara ya Kivu Yaruguru, mu rwego rwa gisirikare, haje abagore ba Wazalendo bakora imyigaragambyo bambaye ubusa.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News dukesha abaturiye ibyo bice, avuga ko aba bagore ko bakoreye imyigaragambyo imbere y’ibi biro bya Maj Gen Peter Cirimwami Nkuba babarirwa ku bantu bari hagati ya 50 na 30.

Aba bagore mu gukora iyi myigaragabyo baje bari bitwaje ibyapa birimo ubutumwa bashaka guha Maj Gen Peter Cirimwami Nkuba, nawe akabushikiriza urukiko rukuru rwa gisirikare ruherereye i Goma, rwa bafungiye abagabo babo, aho bafunzwe bazira guhemuka no kugumura abaturage, igihe cy’imyigaragambyo yabaye i Goma yo kwa magana Ingabo z’u muryango w’Abibumbye (Monusco).

Ubwo butumwa bugira buti: “Turashaka ko mu tubohorera abagabo bacu, bararwanye uko bashoboye. Murabafungira iki? Ni mubafungure nona ha, turabashaka.”

Nk’uko byasobanuwe n’uko aba bagore bakoze imyigarambyo basanzwe arabo mu idini risenga ibishushyanyo, idini ry’amayobera! Byanavuzwe kandi ko bakoze iyi myigaragabyo bamabaye ubusa, ndetse ngo bakoraga ibyamayobera imbere y’ibiro bya Guverineri, ni mu gihe bakoraga ibyo gucyuragura, bakabikorera kuri ibi biro bya Maj Gen Peter Cirimwami Nkuba.

Abagabo babo bahoze muri Wazalendo, bakaba barafunzwe ku ya 09/10/2023, ndetse bafunganwa n’umuyobozi wiri dini ryamayobera Bisimwa. Ninyuma y’uko i Goma muri icyo gihe hari hakozwe imyigaragambyo idasanzwe yari yo kwa magana Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, Monusco n’ingabo za EACRF.

Muri iyo myigaragabyo yaguyemo abantu babarirwa mu ijana rirenga, hari ku ya 30/08/2023. Nyuma urukiko rukuru rwa gisirikare, mu Ntara ya Kivu Yaruguru rwakatiye abashinjwaga bose kugira uruhare mu kugumura abaturage no kubashuka ngo bakore imyigaragambyo, mu bashinjwaga harimo n’abo Wazalendo abagore babo baje gukora imyigaragambyo irimo ibya mayobera kugira ngo habeho kubafungurira abagabo babo.

                MCN.
Tags: GomaGuverineriIbya mayoberaImyigaragambyoWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Hizwe icyakorwa kugira ngo abarwanyi ba M23 batagira  ibindi bice bafata byo muri Kivu Yaruguru n’iy’Epfo ndetse na Walikare.

Hizwe icyakorwa kugira ngo abarwanyi ba M23 batagira ibindi bice bafata byo muri Kivu Yaruguru n'iy'Epfo ndetse na Walikare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?