• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ku manuka kwa Masunzu kuri terrain nti byatumye FARDC na FDLR zidakubitwa izakabwana.

minebwenews by minebwenews
May 19, 2025
in Conflict & Security
0
Uko byifashe mu Rugezi nyuma y’imirwano ikomeye yo ku munsi w’ejo ku wa gatanu.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku manuka kwa Masunzu kuri terrain nti byatumye FARDC na FDLR zidakubitwa iza kabwana.

You might also like

Dore Aho Imirwano Ikomeye Hagati ya FARDC na AFC/M23 Yabereye, Abasirikare n’Abasivili Batangiye Guhungira i Burundi

Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside

Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy’ubuhungiro

Lieutenant General Pacifique Masunzu yimanukiye ubwe wenyine ayobora imirwano ingabo ze zihanganyemo n’izo mu mutwe wa M23 muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ariko nanone biranga ingabo ze zirakubitwa zinirukanwa muri tumwe mu duce two muri iyi teritware, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iyi mirwano ihuriro ry’ingabo za Congo zatsindiwemo zikizwa n’amaguru yabaye ejo ku cyumweru tariki ya 18/05/2025.

Ni imirwano amakuru ahamya ko yabereye mu gace ka Buleusa no mu nkengero zayo muri Walikale.

MCN amakuru yizewe ifite avuga ko iri hangana rikomeye ryabaye hagati y’abarwanyi ba M23 n’u ruhande rwa Leta rugizwe na FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo, aho izi ngabo zarimo zinakomandingwa na Lt Gen Masunzu wari waje aturutse i Kisangani zarukubitiwemo kubi, kandi zinamburwa n’uduce turimo Buleusa n’inkengero zayo.

Kuva i Kisangani kugera mu gace karimo kaberamo imirwano, ni ahantu hari intera y’ibirometero bibarirwa mu magana. Bivugwa ko Lt Gen Masunzu yimanukiye kuri terrain avuye i Kisangani mu rwego rwo kugira ngo ahe ingabo ze akanyabugabo, ariko biranga umutwe wa M23 uziha amasomo akaze.

Uyu Masunzu warimo abona aho ingabo ze zitsindwa n’i umwe mu basirikare bakuru bo mu ngabo za Leta ya Congo, kuko na we ayoboye zone ya gatatu y’izi ngabo z’iki gihugu.

Ni umwanya yahawe kuyobora kuva mu mpera z’umwaka ushize wa 2024, aho yawuhawe yari asanzwe ayoboye uwa zone ya kabiri na wo ufite icyicaro gikuru i Lubumbashi mu cyahoze ari Katanga. mu gihe zone ya gatatu yo icyicaro cyayo giherereye i Kisangani mu ntara ya Tshopo aho yavuye yerekeza ku rugamba i Walikale.

Si ubwa mbere Masunzu amanuka kuri terrain ingabo ayoboye zigatsindwa kuko no mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka yari yagiye i Bukavu, ariko na bwo uyu mutwe wa M23 wirukanye ingabo ayoboye unafata n’uyu mujyi, ni bwo yahise asubira i Kisangani abanjye guhungira i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.

Imirwano yongeye gukomera i Walikale no mu bindi bice byo muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe impande zombi ziri mu gahenge kemeranyijweho mu biganiro by’i Doha muri Qatar.

Ndetse kandi hari ibindi biganiro biri kubera i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, aho bihuriramo u Rwanda na Congo Kinshasa. Ibi biganiro bikaba nabyo bigamije gushakira amahoro arambye u Burasirazuba bwa Congo no guhoshya amakimbirane arangwa hagati y’ibi bihugu byombi.

Hagataho, imirwano irakomeje aho umutwe wa M23 uri kwerekeza gufata centre nini y’iyi teritware ya Walikale, n’ubundi iyo bari baheruka gufata bakayivamo kubera ibiganiro by’imishikirano hagati y’uyu mutwe na Leta y’i Kinshasa.

Tags: MasunzuWalikale
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Dore Aho Imirwano Ikomeye Hagati ya FARDC na AFC/M23 Yabereye, Abasirikare n’Abasivili Batangiye Guhungira i Burundi

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Amasasu yavugiye mu isoko rya Rubanga yateje igihombo gikomeye ku bacuruzi

Dore Aho Imirwano Ikomeye Hagati ya FARDC na AFC/M23 Yabereye, Abasirikare n’Abasivili Batangiye Guhungira i Burundi Imirwano ikaze hagati y’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside

Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside Imirwano ikomeje gufata indi ntera hagati y’ihuriro rya AFC/M23 n’ingabo za Leta ya...

Read moreDetails

Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy’ubuhungiro

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy’ubuhungiro

Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy'ubuhungiro Umwuka w’impungenge n’akaduruvayo ukomeje kwiyongera mu mujyi wa Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko abasirikare...

Read moreDetails

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rikomeje kwagura ibice rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika ya...

Read moreDetails

FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye

FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zasohoye itangazo kuri uyu wa...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku Banyarwanda barenga 300 batahutse bava mu Burasizuba bwa Congo.

Ibyo wa menya ku Banyarwanda barenga 300 batahutse bava mu Burasizuba bwa Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?