• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ku mugoroba wo ku wa Kane, habaye urugamba rukaze rukaba rwabereye mu nkengero za Centre ya Kanyabayonga.

minebwenews by minebwenews
June 7, 2024
in World News
0
Ku mugoroba wo ku wa Kane, habaye urugamba rukaze rukaba rwabereye mu nkengero za Centre ya Kanyabayonga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku mugoroba wo ku wa Kane, habaye urugamba rukaze rukaba rwabereye mu nkengero za Centre ya Kanyabayonga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni urugamba rwabereye neza mu gace ka Bulindi ga herereye mu ntera y’ibirometre nka Cumi uvuye muri centre ya Kanyabayonga, aho harimo ha hangana umutwe wa m23 n’uruhande rugizwe n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, rufatanije na Fdlr, Wazalendo, abacanshuro na Sadc.

Nk’uko ay’amakuru yatanzwe n’abaturage baturiye ibyo bice abivuga, n’uko iyo mirwano yatangiye ahagana isaha z’igicamunsi, kandi ko ririya huriro ry’Ingabo zo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, arirwo rwagabye ibi bitero ku barwanyi ba m23 bari mu birindiro byabo ahitwa Bulindi, aho bari baheruka gufata vuba.

Nyuma abo ku ruhande rw’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga birwanaho maze urugamba ruza gukomera cyane. Bya nasobanuwe ko uru rugamba rw’umvikanyemo ibiturika byinshi, birimo n’imbunda ziremereye ndetse n’izito.

Amakuru akomeza avuga ko iyi mirwano ko yagejeje isaha z’u mugoroba wajoro wo kuri uyu wa Kane.

Kandi ko m23 yaje kongera gusubiza ibi bitero inyuma ndetse ikomeza kuja imbere aho ndetse igikomeje ku zenguruka iyi centre ya Kanyabayonga.

Tubibutsa ko iminsi ibaye umunani mu nkengero za Centre ya Kanyabayonga, harimo kubera Imirwano, ndetse m23 ikaba igose iyi centre ifatwa nk’iyingenzi muri teritware ya Lubero na Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iyi mirwano ngo yasize kandi abaturage benshi bongera guta izabo, berekera iyubuhungiro. Bamwe bahunze bava muri centre ya Kanyabayonga, abandi bahungaga bava muri utu duce turi mu nkengero zayo.

             MCN.
Tags: FardcFDLRImirwanoKanyabayongaM23SADCWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Impuruza ku cyorezo cy’amayobera cyadutse, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Impuruza ku cyorezo cy'amayobera cyadutse, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?