• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ku murongo w’urugamba hiriwe ituze, ariko ku ruhande rwa M23 havuzwe ko uwo mutwe wagize ibindi w’ungutse.

minebwenews by minebwenews
May 9, 2024
in World News
1
Ku murongo w’urugamba hiriwe ituze, ariko ku ruhande rwa M23 havuzwe ko uwo mutwe wagize ibindi w’ungutse.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragaye ituze mu bice byaberagamo intambara ihanganishije Igisirikare cya leta ya Kinshasa na M23.

You might also like

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Ni kuri uyu wa Kane tariki ya 09/05/2024, nibwo habonetse agahenge ka mahoro mu bice byagiye bivugwamo urugamba byo muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Aka gahenge katangiye kuva igihe c’isaha z’igitondo cya kare cyo kuri uyu munsi, bitandukanye no ku wa Gatatu tariki ya 08/05/2024, kuko ho hiriwe intambara yatangiye kuva amasaha y’urukerera kugeza isaha z’umugoroba wajoro.

Iy’imirwano yarimo ibera mu nkengero za centre ya Sake ho muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho M23 yari yagabweho ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Ninyuma y’uko SADC yari yasohoye itangazo ku wa Kabiri tariki ya 7/05, isezeranya ko igiye kwinjira mu rugamba rukaze rwo guhashya Ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga(M23 ), kandi isobanura ko urwo rugamba izaba irufatanije n’igisirikare cya FARDC.

Gusa ntabwo urwo rugamba rwigeze ruhira iri huriro ry’Ingabo za RDC ku bufatanye n’iza SADC kuko ibitero bagabye kuri M23 yabisubije inyuma ndetse igira n’ibikoresho bya gisirikare iryambura birimo n’imbunda zirasa kure, ndetse n’ibindi bikoresho bikora mu itumanaho.

Hagati aho, Minembwe Capital News yahawe amakuru n’umurwanyi wo muri M23 ariko utemerewe gutanga amakuru, avuga ko kuri ubu uyu mutwe abarizwamo ko wakiriye abarwayi bavuye ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, barimo Wazalendo bagera kuri 50 n’abasirikare ba Barundi bakabakaba 37.

Ahamiriza Minembwe Capital News ko ibi byongye guha imbaraga M23 ndetse biyiha n’andi makuru ava ku mwanzi wabo.

Tu bibutsa ko ataribwo bwa mbere M23 yakira abarwayi bavuye ku ruhande rw’ingabo za leta ya Congo, kuko n’ubushize bakiriye abarwayi benshi barimo n’abanyapolitiki baje bavuye muri iyo leta ya Kinshasa.

           MCN.
Tags: Hagaragaye ituzeIbindi byo ngeye M23ImbaragaKu murongo w'urugamba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yavuze akari ku mutima, ariko kabangamiye bamwe mu baturage be.

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yavuze akari ku mutima, ariko kabangamiye bamwe mu baturage be.

Comments 1

  1. Kavune Obadias says:
    2 years ago

    Abarwayi cg ABARWANYI ?
    Ndabona mwanditse kenshi ngo ABARWAYI

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?