• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, July 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yavuze akari ku mutima, ariko kabangamiye bamwe mu baturage be.

minebwenews by minebwenews
May 9, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yavuze akari ku mutima, ariko kabangamiye bamwe mu baturage be.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yavuze akari ku mutima ku byerekeye umutekano w’iki gihugu abereye umuyobozi mukuru.

You might also like

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

Ni mu ijambo rigufi umukuru w’igihugu cya Congo, Félix Tshisekedi yatanze ubwo yari i Kinshasa ku murwa mukuru, aho yari mu kiganiro cya bereye mu muhezo, ku wa Gatatu tariki ya 08/05/2024 yatangaje ikibazo we abona ko ari nyamukuru kibangamiye umutekano w’iki gihugu avuga ko ari abasirikare bari muri FARDC bavuga ururimi rw’i kinyarwanda, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Muri iki kiganiro gito Tshisekedi yagize ati: “Aba basirikare bavuga ururimi rw’ikinyarwanda binjiye mu ngabo za FARDC, mu byukuri babangamiye umutekano w’igihugu cyacu.”

Ay’amakuru atavuzweho byinshi avuga ko iki kiganiro perezida Félix Tshisekedi yavugiyemo iryo jambo cyarimo abanyacyubahiro bake harimo n’abagize komite njyanama ye, ndetse n’abo mu muryango we.

Si ubwambere Tshisekedi avuga amagambo ababaza imitima y’abaturage baturiye u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini abo mu bwoko bw’Abatutsi, kuko mu 2020 ubwo yari yagiriye uruzinduko i Bukavu ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nyuma yuko yari amaze kwakira delegation irimo Mutualite z’amoko atandukanye haraho yavuze ko intambara ibera mu misozi miremire y’Imulenge ko ari y’abahinzi n’aborozi, bityo ko idafite icyo ibangamiye umutekano w’iki gihugu.

Kandi muri icyo gihe ibitero bya Maï Maï ku bufasha bw’Ingabo za RDC byari bibangamiye ubuzima bw’Abanyamulenge, aho ndetse icyo gihe hasenyutse imihana irenga amagana abiri hari kandi ko n’inka z’abo zanyazwe zikabakaba ibihumbi amagana.

I Mihana y’Abanyamulenge yasenyutse icyo gihe harimo igize akarere ka Mibunda yose, igice cya Rurambo, i Ndondo ya Bijombo, Bibogobogo, i Chohagati n’imihana igize karere ko mu Malango.

Gusa Abanyamulenge baje kuvukamo Twirwaneho barwanya Maï Maï yarimo itegwa inkunga n’igisirikare cya FARDC cyari kiyobowe na Brig Gen Dieudonne Muhima wari mu Minembwe.

Abanyamulenge bavuga ko muri icyo gihe Twirwaneho yafashye imbunda irwanya Maï Maï na FARDC kugeza aho babumbiye hamwe Abanyamulenge bari bahunze bava mu Chohagati chaza Rwerera, Mibunda n’i Ndondo ba bashira muri Minembwe.

Kugeza ubu Twirwaneho iracayafashe uwo mukingi, nk’uko bivugwa n’Abanyamulenge benshi.

             MCN.
Tags: Ikiganiro cyabereye mu muhezoPerezida Félix TshisekediYavuze akari ku mutima
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie MINEMBWE...

Read moreDetails

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by'Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n'Igitutu cya Politiki MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka ku hazaza h'ibiganiro...

Read moreDetails

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
La RDC entre dans une phase politique décisive : la décision de la Cour constitutionnelle relance le débat. Le pouvoir de Félix Tshisekedi est-il menacé ? Analyse approfondie

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa...

Read moreDetails

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails
Next Post
Ishirahamwe rya NDSC, ryatanze inama ifasha ku rwanya ubwiyongere bw’amazi y’i Kiyaga cya Tanganyika, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo akomeje gusenyera abaturage.

Ishirahamwe rya NDSC, ryatanze inama ifasha ku rwanya ubwiyongere bw'amazi y'i Kiyaga cya Tanganyika, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo akomeje gusenyera abaturage.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?