Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuri Satade ya Martyrs, Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yavuzweho k’urwanya icyo bise, “ubushotoranyi,” bw’u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 20, 2024
in Regional Politics
0
Kuri Satade ya Martyrs, Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yavuzweho k’urwanya icyo bise, “ubushotoranyi,” bw’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakomewe amashyi n’impundu ubwo yaragaze kuri Stade ya Martyrs, ahabereye umuhango w’irahira rya perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Umuhango wo ku rahira kwa perezida Félix Tshisekedi, wa bereye kuri Stade ya Martyrs, iherereye i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yari mu bakuru bi bihugu barenze 14, ba witabiriye, aho ya komewe amashyi arashimwa maze batangaza ko yavuze ko azarwanya “ubushotoranyi,” bw’u Rwanda. Ni byarimo bivugwa na televisiyo y’igihugu ca RDC (RTNC).

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yageze i Kinshasa k’uwa Gatanu, tariki ya 19/01/2024. Ubwo yinjiraga none tariki ya 20/01/2024, kuri Stade ya Martyrs, saa Saba n’igice ku masaha yo mu Burasirazuba bwa RDC, televisiyo ya RTNC yahise ivuga ko ari inshuti magara ya Congo kuko yi yemeje kunga ubumwe na Tshisekedi mu kibazo cye, n’u Rwanda.

Bagize bati: “U Burundi buheruka gusinya amasezerano ya gisirikare na RDC, u Burundi bwashigikiye RDC mu bihe bikomeye, kubera ubushotoranyi bw’u Rwanda.”

“U Burundi nti bufite icyerekezo kimwe n’u Rwanda rushotora igihugu ca RDC, murebe uburyo perezida w’u Burundi ahawe icyubahiro hano muri Stade ya Martyrs.”

Bakomeje bavuga bati: “Tugize igihe tubivuga Ndayishimiye yafashije Congo mu buryo bukomeye. Ndayishimiye arishimye cyane , murebe uburyo abaturage ba mwakiriye.”

Mu byu mweru bibiri bishize Evariste Ndayishimiye, yashinje u Rwanda gufasha Red Tabara, ibyo u Rwanda rwakomeje gutera utwatsi ndetse bavuga ko nta shingiro bifite ni mugihe umutwe wa Red Tabara wagabye ibitero mu Burundi uvuye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo mu Gihugu ca RDC.

Umuhango wo ku rahira kwa perezida wa RDC, witabiriwe n’aba kuru b’ibihugu barenze 14.

Harimo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, João Lourenço, wa Angola, Denis Sassou, wa Congo Braza-vile, Nana Akufi-Addo, wa Ghana, Adama Barrow, wa Gambie, Idriss Deby, wa Tchad, Lazarus Chakwera, wa Malawi, Sissoco Ambalo, wa Guiee Bisau.

Harimo kandi perezida Cyril Ramaphosa, William Ruto, wa Kenya, Hakainde Hichilema, wa Zambie n’uwa Republika ya Zimbabwe ndetse na perezida wa RCA.

Mu bandi Banyacyubahiro bitabiriye u muhango wo ku rahira kwa perezida Félix Tshisekedi, harimo na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’ubumwe bwa Emirats Arabe na delegation ya leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Bruce Bahanda.

Tags: Bw'u RwandaNdayishimiye EvaristeSatade ya MartyrsYavuzweho ku rwanya ubushotoranyi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi, yasezeranije ku garura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC, ubwo yarahiraga.

Perezida Félix Tshisekedi, yasezeranije ku garura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC, ubwo yarahiraga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?