• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuri Satade ya Martyrs, Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yavuzweho k’urwanya icyo bise, “ubushotoranyi,” bw’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
January 20, 2024
in Regional Politics
0
Kuri Satade ya Martyrs, Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yavuzweho k’urwanya icyo bise, “ubushotoranyi,” bw’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakomewe amashyi n’impundu ubwo yaragaze kuri Stade ya Martyrs, ahabereye umuhango w’irahira rya perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Umuhango wo ku rahira kwa perezida Félix Tshisekedi, wa bereye kuri Stade ya Martyrs, iherereye i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yari mu bakuru bi bihugu barenze 14, ba witabiriye, aho ya komewe amashyi arashimwa maze batangaza ko yavuze ko azarwanya “ubushotoranyi,” bw’u Rwanda. Ni byarimo bivugwa na televisiyo y’igihugu ca RDC (RTNC).

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yageze i Kinshasa k’uwa Gatanu, tariki ya 19/01/2024. Ubwo yinjiraga none tariki ya 20/01/2024, kuri Stade ya Martyrs, saa Saba n’igice ku masaha yo mu Burasirazuba bwa RDC, televisiyo ya RTNC yahise ivuga ko ari inshuti magara ya Congo kuko yi yemeje kunga ubumwe na Tshisekedi mu kibazo cye, n’u Rwanda.

Bagize bati: “U Burundi buheruka gusinya amasezerano ya gisirikare na RDC, u Burundi bwashigikiye RDC mu bihe bikomeye, kubera ubushotoranyi bw’u Rwanda.”

“U Burundi nti bufite icyerekezo kimwe n’u Rwanda rushotora igihugu ca RDC, murebe uburyo perezida w’u Burundi ahawe icyubahiro hano muri Stade ya Martyrs.”

Bakomeje bavuga bati: “Tugize igihe tubivuga Ndayishimiye yafashije Congo mu buryo bukomeye. Ndayishimiye arishimye cyane , murebe uburyo abaturage ba mwakiriye.”

Mu byu mweru bibiri bishize Evariste Ndayishimiye, yashinje u Rwanda gufasha Red Tabara, ibyo u Rwanda rwakomeje gutera utwatsi ndetse bavuga ko nta shingiro bifite ni mugihe umutwe wa Red Tabara wagabye ibitero mu Burundi uvuye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo mu Gihugu ca RDC.

Umuhango wo ku rahira kwa perezida wa RDC, witabiriwe n’aba kuru b’ibihugu barenze 14.

Harimo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, João Lourenço, wa Angola, Denis Sassou, wa Congo Braza-vile, Nana Akufi-Addo, wa Ghana, Adama Barrow, wa Gambie, Idriss Deby, wa Tchad, Lazarus Chakwera, wa Malawi, Sissoco Ambalo, wa Guiee Bisau.

Harimo kandi perezida Cyril Ramaphosa, William Ruto, wa Kenya, Hakainde Hichilema, wa Zambie n’uwa Republika ya Zimbabwe ndetse na perezida wa RCA.

Mu bandi Banyacyubahiro bitabiriye u muhango wo ku rahira kwa perezida Félix Tshisekedi, harimo na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’ubumwe bwa Emirats Arabe na delegation ya leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Bruce Bahanda.

Tags: Bw'u RwandaNdayishimiye EvaristeSatade ya MartyrsYavuzweho ku rwanya ubushotoranyi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi, yasezeranije ku garura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC, ubwo yarahiraga.

Perezida Félix Tshisekedi, yasezeranije ku garura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC, ubwo yarahiraga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?