• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, July 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuri Satade ya Martyrs, Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yavuzweho k’urwanya icyo bise, “ubushotoranyi,” bw’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
January 20, 2024
in Regional Politics
0
Kuri Satade ya Martyrs, Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yavuzweho k’urwanya icyo bise, “ubushotoranyi,” bw’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakomewe amashyi n’impundu ubwo yaragaze kuri Stade ya Martyrs, ahabereye umuhango w’irahira rya perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Umuhango wo ku rahira kwa perezida Félix Tshisekedi, wa bereye kuri Stade ya Martyrs, iherereye i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yari mu bakuru bi bihugu barenze 14, ba witabiriye, aho ya komewe amashyi arashimwa maze batangaza ko yavuze ko azarwanya “ubushotoranyi,” bw’u Rwanda. Ni byarimo bivugwa na televisiyo y’igihugu ca RDC (RTNC).

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yageze i Kinshasa k’uwa Gatanu, tariki ya 19/01/2024. Ubwo yinjiraga none tariki ya 20/01/2024, kuri Stade ya Martyrs, saa Saba n’igice ku masaha yo mu Burasirazuba bwa RDC, televisiyo ya RTNC yahise ivuga ko ari inshuti magara ya Congo kuko yi yemeje kunga ubumwe na Tshisekedi mu kibazo cye, n’u Rwanda.

Bagize bati: “U Burundi buheruka gusinya amasezerano ya gisirikare na RDC, u Burundi bwashigikiye RDC mu bihe bikomeye, kubera ubushotoranyi bw’u Rwanda.”

“U Burundi nti bufite icyerekezo kimwe n’u Rwanda rushotora igihugu ca RDC, murebe uburyo perezida w’u Burundi ahawe icyubahiro hano muri Stade ya Martyrs.”

Bakomeje bavuga bati: “Tugize igihe tubivuga Ndayishimiye yafashije Congo mu buryo bukomeye. Ndayishimiye arishimye cyane , murebe uburyo abaturage ba mwakiriye.”

Mu byu mweru bibiri bishize Evariste Ndayishimiye, yashinje u Rwanda gufasha Red Tabara, ibyo u Rwanda rwakomeje gutera utwatsi ndetse bavuga ko nta shingiro bifite ni mugihe umutwe wa Red Tabara wagabye ibitero mu Burundi uvuye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo mu Gihugu ca RDC.

Umuhango wo ku rahira kwa perezida wa RDC, witabiriwe n’aba kuru b’ibihugu barenze 14.

Harimo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, João Lourenço, wa Angola, Denis Sassou, wa Congo Braza-vile, Nana Akufi-Addo, wa Ghana, Adama Barrow, wa Gambie, Idriss Deby, wa Tchad, Lazarus Chakwera, wa Malawi, Sissoco Ambalo, wa Guiee Bisau.

Harimo kandi perezida Cyril Ramaphosa, William Ruto, wa Kenya, Hakainde Hichilema, wa Zambie n’uwa Republika ya Zimbabwe ndetse na perezida wa RCA.

Mu bandi Banyacyubahiro bitabiriye u muhango wo ku rahira kwa perezida Félix Tshisekedi, harimo na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’ubumwe bwa Emirats Arabe na delegation ya leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Bruce Bahanda.

Tags: Bw'u RwandaNdayishimiye EvaristeSatade ya MartyrsYavuzweho ku rwanya ubushotoranyi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa...

Read moreDetails

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi, yasezeranije ku garura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC, ubwo yarahiraga.

Perezida Félix Tshisekedi, yasezeranije ku garura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC, ubwo yarahiraga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?