• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuri Satade ya Martyrs, Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yavuzweho k’urwanya icyo bise, “ubushotoranyi,” bw’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
January 20, 2024
in Regional Politics
0
Kuri Satade ya Martyrs, Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yavuzweho k’urwanya icyo bise, “ubushotoranyi,” bw’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakomewe amashyi n’impundu ubwo yaragaze kuri Stade ya Martyrs, ahabereye umuhango w’irahira rya perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Umuhango wo ku rahira kwa perezida Félix Tshisekedi, wa bereye kuri Stade ya Martyrs, iherereye i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yari mu bakuru bi bihugu barenze 14, ba witabiriye, aho ya komewe amashyi arashimwa maze batangaza ko yavuze ko azarwanya “ubushotoranyi,” bw’u Rwanda. Ni byarimo bivugwa na televisiyo y’igihugu ca RDC (RTNC).

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yageze i Kinshasa k’uwa Gatanu, tariki ya 19/01/2024. Ubwo yinjiraga none tariki ya 20/01/2024, kuri Stade ya Martyrs, saa Saba n’igice ku masaha yo mu Burasirazuba bwa RDC, televisiyo ya RTNC yahise ivuga ko ari inshuti magara ya Congo kuko yi yemeje kunga ubumwe na Tshisekedi mu kibazo cye, n’u Rwanda.

Bagize bati: “U Burundi buheruka gusinya amasezerano ya gisirikare na RDC, u Burundi bwashigikiye RDC mu bihe bikomeye, kubera ubushotoranyi bw’u Rwanda.”

“U Burundi nti bufite icyerekezo kimwe n’u Rwanda rushotora igihugu ca RDC, murebe uburyo perezida w’u Burundi ahawe icyubahiro hano muri Stade ya Martyrs.”

Bakomeje bavuga bati: “Tugize igihe tubivuga Ndayishimiye yafashije Congo mu buryo bukomeye. Ndayishimiye arishimye cyane , murebe uburyo abaturage ba mwakiriye.”

Mu byu mweru bibiri bishize Evariste Ndayishimiye, yashinje u Rwanda gufasha Red Tabara, ibyo u Rwanda rwakomeje gutera utwatsi ndetse bavuga ko nta shingiro bifite ni mugihe umutwe wa Red Tabara wagabye ibitero mu Burundi uvuye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo mu Gihugu ca RDC.

Umuhango wo ku rahira kwa perezida wa RDC, witabiriwe n’aba kuru b’ibihugu barenze 14.

Harimo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, João Lourenço, wa Angola, Denis Sassou, wa Congo Braza-vile, Nana Akufi-Addo, wa Ghana, Adama Barrow, wa Gambie, Idriss Deby, wa Tchad, Lazarus Chakwera, wa Malawi, Sissoco Ambalo, wa Guiee Bisau.

Harimo kandi perezida Cyril Ramaphosa, William Ruto, wa Kenya, Hakainde Hichilema, wa Zambie n’uwa Republika ya Zimbabwe ndetse na perezida wa RCA.

Mu bandi Banyacyubahiro bitabiriye u muhango wo ku rahira kwa perezida Félix Tshisekedi, harimo na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’ubumwe bwa Emirats Arabe na delegation ya leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Bruce Bahanda.

Tags: Bw'u RwandaNdayishimiye EvaristeSatade ya MartyrsYavuzweho ku rwanya ubushotoranyi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi, yasezeranije ku garura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC, ubwo yarahiraga.

Perezida Félix Tshisekedi, yasezeranije ku garura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC, ubwo yarahiraga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?