• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuri uy’u mugoroba, M23 yigambye kwa mbura ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa, agace bavuga ko ari ngenzi ko muri teritwari ya Masisi.

minebwenews by minebwenews
February 1, 2024
in Regional Politics
0
Kuri uy’u mugoroba, M23 yigambye kwa mbura ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa, agace bavuga ko ari ngenzi ko muri teritwari ya Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yemeje bidasubirwaho ko bafashe agace avuga ko ari ngenzi ka ka Gano, gaherereye muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu mirwano yahuje M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho impande zombi zatangiye kurwana kuva isaha z’igitondo kugeza ubu mu masaha y’ijoro.

Imirwano yabaye kuri uyu wa Kane, tariki ya 01/02/2024, bya vuzwe ko y’umvikanye mo imbunda ziremereye n’izito, aho yanasize M23 yigaruriye Localite zitanu zinini zo muri teritware ya Masisi, nk’uko byatangajwe n’urubuga rwa Alliance Fleuve Congo.

Uru rubuga rwashize inkuru hanze ivuga ko M23 ko yambuye ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa, Localité zirimo iya Majagi, Rushogo, Kabushumba, Rwiririza na Kazinga, muri teritware ya Masisi.

K’urundi ruhande umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka mu nyandiko amaze gushira hanze mu minota mike ishize zubu saa tatu z’ijoro ku masaha yo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yavuze ko umutwe wa M23, abereye umuvugizi ko bafashe agace avuga ko ari ngenzi mu buryo bw’u rugamba.

Yagize ati: “Turamenyesha ibi bikurikira, muburyo bw’ubunararibonye dukomeje kurwana ku basivile, tubarinda ibitero by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC; kuri uyu mugoroba, tura bahamiriza ko twafashe umusozi wingenzi ufasha m’urugamba, uwo musozi n’uwa Kagano.”

Uy’u munsi hakaba havuzwe ko habaye urugamba rudasanzwe n’imugihe ibitero byose bya gabwe kuri M23 yabashe ku bisubiza inyuma, aho nimuri Karuba na Mushaki.

Bruce Bahanda.

Tags: GufataM23MasisiYigambye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Haravugwa imivurungano mu ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ahanini ku ntambara iri mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Haravugwa imivurungano mu ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa, ahanini ku ntambara iri mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?