• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuri uyu wa Mbere, habaye urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

minebwenews by minebwenews
July 29, 2024
in Regional Politics
0
Kuri uyu wa Mbere, habaye urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Mbere, habaye urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni imirwano yabereye mu bice byinshi byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko amakuru ava muri ibyo abivuga.

Ay’amakuru agaragaza neza ko imirwano yabaye none ku wa mbere tariki ya 29/07/2024, hagati y’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta n’abarwanyi ba M23 yatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyakare, kandi ko yagejeje igihe c’isaha z’igicamunsi.

Kuko kugeza isaha ya saa saba zamanywa imbunda ziremereye n’izito zari zikirimo zumvikana muri ibyo bice.

Iy’i ntambara ikaba yabereye mu duce duherereye muri Localité ya Kahira, nka hitwa Tambi, Kasura na Bigogwe. Rwari urugamba rukaze.

Kimweho, iri huriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bivugwa ko ariryo ryagabye ibi bitero ku barwanyi ba M23 ariko nk’uko Minembwe Capital News yahawe ay’amakuru byarangiye iri huriro ry’ingabo za RDC ziyabangiye ingata.

Kur’ubu biriya bice byabereyemo imirwano biri mu maboko y’abarwanyi bayobowe na General Sultan Makenga, ndetse hari amakuru yatanzwe n’umwe muri abo barwanyi, avuga ko hari n’ibikoresho by’agisirikare uyu mutwe wanyaze ririya huriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

Iyi mirwano yabaye mu gihe impande zombi zikiri muri ya minsi 15 yagahenge kasabwe na leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Ariko nubwo iri huriro ry’ingabo za RDC ariryo ryagabye ibitero mbere, ntibyabujije ko rishija M23 kuba ari yo nyiribayazana nk’uko umuvugizi w’igisirikare cya FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru yamaze kubitangaza akoresheje imbuga nkoranya mbaga.

          MCN
Tags: Hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo za RDCImirwano ikomeyeMasisi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
PAM yagaragaje ibikiyigoye kugira ngo ifashye abahunze imirwano mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

PAM yagaragaje ibikiyigoye kugira ngo ifashye abahunze imirwano mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?