• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Kw’ibuka Intwari Gen.Makanika byahuje Mutualite zibiri zari zisanzwe zidacyana uwaka mu Banyamulenge.

minebwenews by minebwenews
March 29, 2025
in sport & entertainment
0
Kw’ibuka Intwari Gen.Makanika byahuje Mutualite zibiri zari zisanzwe zidacyana uwaka mu Banyamulenge.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kw’ibuka Intwari Gen.Makanika byahuje Mutualite zibiri zari zisanzwe zidacyana uwaka mu Banyamulenge.

You might also like

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Nyuma y’aho i Nakivale muri Uganda ahari inkambi y’impunzi icyumbikiwemo n’abarimo n’Abanyamulenge babarirwa mu bihumbi bibiri bemeje ko bagomba gukora umuhango wo kw’ibuka Intwari y’i Mulenge, General Rukunda Michel wari waramamaye ku izina rya Makanika, uheruka gutabaruka; Mutualite zibiri z’Abanyamulenge zitavugaga rumwe muri iyo nkambi, kubera uwo muhango zemezanyije kuwukorera hamwe. Ibyafashwe nk’intambwe ikomeye mu bwiyunge.

Ni bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze ejo ku wa gatanu, aho riteweho imikono y’izi Mutualite zimpande zombi, rigaragaza ko ubuyobozi bw’izi Mutualite zibiri zireba Abanyamulenge i Nakivale zateguye gukorera hamwe umuhango wo kw’ibuka Gen.Makinika. Kandi ko ziwukora kuri uyu wa gatandatu tariki ya 29/03/2025.

Iri tangazo ritangira rigira riti: “Kubufatanye bwaza Mutualite tuributsa abantu bose ko tariki ya 29/03/2025, tuzasoza kw’ibuka Intwari yacu Gen.Rukunda Michel n’abandi batabarukanye nawe.”

Rikomeza rivuga ko uwo muhango uri butangire igihe c’isaha zirindwi zuzuye zamanywa yo kuri uyu wa gatandatu.

Hejuru y’ibi rikamenyesha ko uwo muhango wo kw’ibuka ubera ku itorero rya New Jerusalem riyobowe na Bishop Joseph Mwumvirwa.

General Rukunda Michel bagiye kwibuka i Nakivale muri Uganda, yishwe tariki ya 19/02/2025, akaba yarishwe n’igitero cya drone y’Ingabo za Leta ya Congo, icyo zagabye i Gakangala mu Minembwe aho yarari. Amakuru Twirwaneho umutwe yari ayoboye yashyize hanze icyo gihe, yagaragaje ko icyo gitero cyaturutse i Kisangani, ahari icyicaro gikuru cya zone ya gatatu y’izi ngabo za Congo, iyobowe na Lt.Gen. Pacifique Masunzu.

Hagataho, izi Mutualite zigiye ku mwibuka iyowe na John Musore igizwe n’umuryango w’Abanyabyinshi, Abasinzira, Abasama, Abadinzi, Abitira, Abasegege, Abatwari, Abahiga n’igice kimwe cy’Abasita n’iyobowe na Innocent Mukiza nayo irimo umuryango w’Abagorora, igice kimwe cy’Abasita, Abahondogo, Abasinga, Abahima, Abazigaba n’abandi…
Ibi akaba ari imwe mu ntambwe nziza zubwiyinge yatewe hagati mu Banyamulenge bari i Nakivale.

Ikigeretse kuri ibyo, nuko n’umuryango w’Abapfizi(Abaheto n’Abadahugwa) wokoreraga kuruhande rw’izo Mutualite zibiri, nawo wemeje gukorera hamwe n’izo Mutualite mu kw’ibuka Intwari y’Abanyamulenge General Rukunda Michel.

Imyaka yari baye ine, Abanyamulenge i Nakivale bakorera muri za Mutualite zibiri nyuma y’aho bagize ibyo batumvikanaho, bahitamo gutandukana mu mwaka wa 2021. Ni bwo imiryango yacitsemo havuka ziriya Mutualite zavuzwe haruguru.

Tags: AbanyamulengeKw'ibukaMakanikaMutualitéNakivale
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya Ku Cyumweru, tariki ya 18/01/2026, ni bwo hasojwe ku mugaragaro irushanwa rikomeye ry’Igikombe cya Afurika...

Read moreDetails

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

by Bahanda Bruce
January 7, 2026
0
Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira Mu Gikombe cya Afurika kiri kubera muri Maroc, hagaragaye umufana w’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi Tangawizi ni ikirungo gikunze kuboneka mu ngo nyinshi hirya no hino ku isi, cyane cyane mu bihugu byo mu karere kacu nko...

Read moreDetails

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

by Bahanda Bruce
December 25, 2025
0
Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho Mu ijoro rya Noheli, tariki ya 25/12/2025, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi,...

Read moreDetails

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4 Umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Israel Mbonyi, akomeje kwandika amateka adasanzwe mu muziki wo...

Read moreDetails
Next Post
Bishop Muhoza yakoze kubahakana kuri genocide irimo gukorerwa Abanyamulenge muri RDC.

Bishop Muhoza yakoze kubahakana kuri genocide irimo gukorerwa Abanyamulenge muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?