Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Leta ya Cameroun yavuze uko ubuzima bwa perezida Paul Biya buhagaze muri iki gihe byari byavuzwe ko yitabye Imana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 10, 2024
in World News
0
Leta ya Cameroun yavuze uko ubuzima bwa perezida Paul Biya buhagaze muri iki gihe byari byavuzwe ko yitabye Imana.
65
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Cameroun yavuze uko ubuzima bwa perezida Paul Biya buhagaze muri iki gihe byari byavuzwe ko yitabye Imana.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Bikubiye mu itangazo Guverinoma ya Cameroun cyashize hanze ku gicamunsi cyo ku wa gatatu tariki ya 09/10/2024, aho rigaragaza ko uyu munyacyubahiro ubuzima bwe buhagaze neza, nyuma y’iminsi ingana n’ukwezi atagaragara mu ruhame.

Ni itangazo ryashyizwe hanze n’ibiro bya perezida wa Cameroun, iri tangazo ritangira rigira riti: “Biya ameze neza, hubwo turamaganira kure abakunze gushyira akarimi kabo hejuru bagatangaza ibyo badafitiye ibihamya.”

Iri tangazo rigiye hanze mu gihe abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu cya Cameroun, hamwe n’amashirahamwe y’abikorera ku giti cyabo, bari bamaze iminsi babaza uko ubuzima bwa Paul Biya bwifashe muri iki gihe. Ndetse ku wa Kabiri w’iki Cyumweru hari amakuru yagiye hanze avuga ko uyu mugabo yitabye Imana, ariko ntibyari ukuri nk’uko Leta ya Cameroun ikomeje ku bivuga.

Iri ndi tangazo umuvugizi wa Leta ya Cameroun René Sadi aheruka gushyira ahagaragara ryavuga ko Biya ari gusubira mu gihugu mu minsi mike irimbere. Aha yari yimye agaciro abavuga ko ubuzima bwa Biya bumeze nabi.

Paul Biya amaze imyaka 42 ku ngoma muri Cameroun, ni nawe perezida wa mbere ufite myaka ikuze mu bandi bakuru b’ibihugu byo ku mu gabane wa Afrika, ndetse kandi akaba n’uwakabiri umaze igihe kirekire ku butegetsi, nyuma ya Teodoro Obeang Nguema wo mu gihugu cya Guinée.

Biya iki gihugu ayoboye cya Cameroun cyakunze kuba mu muryane wabadashaka ubutegetsi bwe, ukaba umaze kugwamo abantu barenga 6000 mu majyepfo y’iki gihugu.

             MCN.
Tags: Paul BiyaUbuzima
Share26Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
RDC yotorewe kuba umunyamuryango mu kanama ka LONI k’uburenganzira bwa muntu.

RDC yotorewe kuba umunyamuryango mu kanama ka LONI k'uburenganzira bwa muntu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?