Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Leta ya Cameroun yavuze uko ubuzima bwa perezida Paul Biya buhagaze muri iki gihe byari byavuzwe ko yitabye Imana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 10, 2024
in World News
0
Leta ya Cameroun yavuze uko ubuzima bwa perezida Paul Biya buhagaze muri iki gihe byari byavuzwe ko yitabye Imana.
65
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Cameroun yavuze uko ubuzima bwa perezida Paul Biya buhagaze muri iki gihe byari byavuzwe ko yitabye Imana.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Bikubiye mu itangazo Guverinoma ya Cameroun cyashize hanze ku gicamunsi cyo ku wa gatatu tariki ya 09/10/2024, aho rigaragaza ko uyu munyacyubahiro ubuzima bwe buhagaze neza, nyuma y’iminsi ingana n’ukwezi atagaragara mu ruhame.

Ni itangazo ryashyizwe hanze n’ibiro bya perezida wa Cameroun, iri tangazo ritangira rigira riti: “Biya ameze neza, hubwo turamaganira kure abakunze gushyira akarimi kabo hejuru bagatangaza ibyo badafitiye ibihamya.”

Iri tangazo rigiye hanze mu gihe abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu cya Cameroun, hamwe n’amashirahamwe y’abikorera ku giti cyabo, bari bamaze iminsi babaza uko ubuzima bwa Paul Biya bwifashe muri iki gihe. Ndetse ku wa Kabiri w’iki Cyumweru hari amakuru yagiye hanze avuga ko uyu mugabo yitabye Imana, ariko ntibyari ukuri nk’uko Leta ya Cameroun ikomeje ku bivuga.

Iri ndi tangazo umuvugizi wa Leta ya Cameroun René Sadi aheruka gushyira ahagaragara ryavuga ko Biya ari gusubira mu gihugu mu minsi mike irimbere. Aha yari yimye agaciro abavuga ko ubuzima bwa Biya bumeze nabi.

Paul Biya amaze imyaka 42 ku ngoma muri Cameroun, ni nawe perezida wa mbere ufite myaka ikuze mu bandi bakuru b’ibihugu byo ku mu gabane wa Afrika, ndetse kandi akaba n’uwakabiri umaze igihe kirekire ku butegetsi, nyuma ya Teodoro Obeang Nguema wo mu gihugu cya Guinée.

Biya iki gihugu ayoboye cya Cameroun cyakunze kuba mu muryane wabadashaka ubutegetsi bwe, ukaba umaze kugwamo abantu barenga 6000 mu majyepfo y’iki gihugu.

             MCN.
Tags: Paul BiyaUbuzima
Share26Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
RDC yotorewe kuba umunyamuryango mu kanama ka LONI k’uburenganzira bwa muntu.

RDC yotorewe kuba umunyamuryango mu kanama ka LONI k'uburenganzira bwa muntu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?