• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Iran iheruka kugaba igitero kitaziguye kuri Israel, igiye gufatirwa ibindi bihano bikarishye.

minebwenews by minebwenews
April 18, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Iran iheruka kugaba igitero kitaziguye kuri Israel, igiye gufatirwa ibindi bihano bikarishye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubumwe bw’i bihugu by’u Burayi bwafashye icyemezo cyo gufatira ibindi ibihano leta ya Iran iheruka kugaba igitero gikaze kuri Israel.

You might also like

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Ni byatangajwe na perezida uyoboye aka Nama k’i bihugu by’u Burayi, Charles Michel, aho yagize ati: “Ni ingenzi gukora igishoboka cyose cyo gushira Iran mu kato.”

Ubumwe bw’i bihugu by’u Burayi bisanzwe byarafatiye Iran ibihano byinshi, birimo n’ibyo bwayifatiye kubera ko yagurishije za drone ku Burusiya bukoresha mu ntambara burwana na Ukraine.

Umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi ukaba wemeranije kongera ibihano wafatiye kompanyi za Iran zikora indege nto z’intambara zitagira abapilote nizikora ibisasu bya Misile, nyuma y’igitero cya Iran kuri Israel kitari cyari geze kubaho mbere.

Ibi bikaba byaremeranijwe mu Nama yabereye i Bruxelles mu Bubiligi, yabaye i Nama ya mbere umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi yitabiriwe n’a bategetsi 27 bo mu bihugu bigize uwo muryango kuva Iran yagaba igitero kitaziguye kuri Israel ku wa Gatandatu, tariki ya 12/04/2024.

Iran yagabye kiriya gitero ikoresheje za drone na Misile byose hamwe birenga 300, byarashwe biva muri iki gihugu cya Iran, Iraq, Siliya na Yamen, byinshi muri byo byahanuwe n’igisirikare cya Israel zifashijwe na leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’ibindi bihugu.

Kuva mbere Iran yakomeje ivuga ko yagabye iki gitero igamije kwihorera ku gitero ivuga ko Israel yagabye kuri Ambasade yayo iri muri Siriya, cyo ku itariki 1/04/2024, cyasize gihitanye abantu babo 13.

Israel yavuze ko izihorera. Ariko abategetsi ba komeye ku Isi bakomeje gusaba ko habaho kwifata, mu rwego rwo kwirinda ko hakwaduka intambara ya karere k’u Burasirazuba bwo hagati.

Nyuma y’i Nama y’u muryango w’ibihugu by’u Burayi yo ku wa Gatatu, tariki ya 16/04/2024, umutegetsi w’u Budage Olaf Scholz yagize ati: “Kuri twe, ni ingenzi ko aka kanya ubu kanakoreshwa mu kurushaho guhosha ubushyamirane ndetse Israel nayo igakora mu kongera imbaraga mu kubaka igihugu cyabo aho gusubiza nayo igaba ibitero kuri Iran.

Israel yasabye Amerika n’u Burayi gufatira ibihano Iran ndetse isaba ko umutwe wa Islamic Revolutionary Guard Corps ushirwa ku rutonde rw’i mitwe y’iterabwoba. Ibyo Amerika yarabikoze ariko ubumwe bw’i bihugu by’u Burayi biracari munzira zo kubikora.

Gusa ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi busanzwe bufitiye ingamba zitandukanye zigambiriye guhana Iran kubera ihonyora ry’u burenganzira bwa muntu, kongera cyane ibikorwa bya Nikleyeli no kubera ubufasha bwa gisirikare Iran iha u Burusiya.

Ku wa Kabiri Amerika yavuze ko ishobora gufatira Iran ibindi bihano, byavuzwe na minisitiri w’imari w’Amerika Janet Yallen aho yavuze ati: “Amahitamo yose yo guhungabanya gutera inkunga iterabwoba kwa Iran akomeje kuba ku meza.”

Yallen yanaciye amarenga ko ibitoro Iran yohereza mu mahanga, ariho hantu hashoboka Amerika igambiriye.

Ati: “Biragaragara, Iran ikomeje kohereza ibitoro bimwe na bimwe mu mahanga. Hari ibindi dushobora gukora.”

Amerika ikaba iheruka no gusohora itangazo ibinyuranyije kuri Jake Sullivan, umunjyanama w’Amerika mu by’u mutekano rivuga ko gahunda ya Iran yaza Misile na drone, hamwe n’umutwe wa IRGC, na byo bizafatirwa ibindi bihano.

                MCN.
Tags: AmerikaIgiye gufatirwa ibindi bihano bikarishyeIranU Burayi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku...

Read moreDetails

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails
Next Post
Umugaba mukuru w’ingabo z’igihugu cya Repubulika ya Kenya, yitabye Imana.

Umugaba mukuru w'ingabo z'igihugu cya Repubulika ya Kenya, yitabye Imana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?