• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Kinshasa yisubiyeho ku cyemezo cyo gusenya umutwe w’iterabwaba wa FDLR.

minebwenews by minebwenews
May 11, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Kinshasa yisubiyeho ku cyemezo cyo gusenya umutwe w’iterabwaba wa FDLR.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwarafashye cyo gusenya umutwe wa FDLR.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni cyemezo Guverinoma ya Congo n’iya Kigali zari zemezanije ko ari bwo buryo zizarangiza amakimbirane ari mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni mu gihe intumwa za Kigali n’iza Kinshasa zari zahuriye i Luanda mu gihugu cya Angola, hakaba hari ku itariki ya 21/03/2024; impande zombi zumvikana ko zigomba kurangiza amakimbirane ari mu Ntara ya Kivu Yaruguru, zikoresheje ugusenya FDLR.

Imyanzuro y’iyi nama y’i Luanda yashizweho umukono na ba minisitiri b’ubanye n’amahanga b’ibihugu byombi ndetse n’uwa Angola.

Muri icyo gihe intumwa za leta ya Kinshasa zavuze ko ibikorwa byo gusenya FDLR bizagaragarira mu nama yagombaga kubera i Luanda mu kwezi kwa kane ari nayo yaje kwigizwa inyuma mu kwezi kwa Gatanu, uyu mwaka.

Uko kwerekana iyo gahunda y’uko Kinshasa izasenya FDLR byari kugaragazwa mbere y’uko perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Félix Tshisekedi wa RDC bahura.

Ibyo rero nibyo leta ya Congo yateye utwatsi ku itariki ya 09/05/2024, igaragaza ko nta mwanya na muto ifite wo gusenya FDLR cyangwa kuganira n’u Rwanda.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, yavuze ko gahunda yo gusenya FDLR igihugu cye ngo cyari cyarayigejeje kuri perezida wa Angola, João Lourenço mu byumweru bibiri bishize.

Lutundula avuga ko RDC n’u Rwanda bagombaga kuganira ku itariki ya 10/05/2024 ariko bakaba barasanze nta mpamvu yo kuganira n’Abanyarwanda.

Yagize ati: “Mu byumweru bibiri bishize, twashyikirije perezida wa Angola, João Lourenço gahunda yo gusenya FDLR kandi twagombaga kuganira ku itariki ya 10/05/2024, ariko hamwe n’ibyo bakoze, nti dushobora kujya kuganira hamwe n’Abanyarwanda.”

Lutundula asobanura ko kutaganira ku isenywa rya FDLR biterwa n’uko ngo u Rwanda rwaranze guhagarika intambara mu Burasirazuba bwa RDC.

Ati: “Nta gihugu na kimwe ku Isi gishobora kwemera ko ingabo za mahanga zifata ubutaka bwacyo noneho ngo abayobozi bacyo banjye gushyikirana.”

Yanashimangiye ko intambara M23 irimo ari yu bucuruzi bwa mabuye y’agaciro no kwica Abanyekongo.

Ati: “Niba perezida w’u Rwanda ashaka gukora ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro hano, nta kibazo ariko ntidukwiye kwica abantu.”

Yasabye perezida João Lourenço gutegeka u Rwanda kuvana Ingabo zabwo ku butaka bwa RDC.

Ibyatangajwe na minisitiri w’u banye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bisa nibitesha agaciro inzira y’amahoro ya Luanda na Nairobi.

Kandi bikaba bigamije ku kuyobya uburari kugira ngo ikibazo nyamakuru ku birebana na FDLR bitaja ahabona.

U Rwanda rwo rwagiye rushigikira amasezerano yose agamije kugarura amahoro, kugira ngo imvururu ziranduranwe n’imizi mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa.

          MCN.
Tags: Cyo gusenya umutwe wa FDLRKu cyemezoLeta ya Kinshasa yisubiyeho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Abategetsi ba leta ya Congo baganiriye na ba Kenya bashinja guha urubuga ihuriro  rya Alliance Fleuve Congo(AFC).

Abategetsi ba leta ya Congo baganiriye na ba Kenya bashinja guha urubuga ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?