• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 25, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Kinshasa yisubiyeho ku cyemezo cyo gusenya umutwe w’iterabwaba wa FDLR.

minebwenews by minebwenews
May 11, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Kinshasa yisubiyeho ku cyemezo cyo gusenya umutwe w’iterabwaba wa FDLR.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwarafashye cyo gusenya umutwe wa FDLR.

Ni cyemezo Guverinoma ya Congo n’iya Kigali zari zemezanije ko ari bwo buryo zizarangiza amakimbirane ari mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

READ ALSO

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

Ni mu gihe intumwa za Kigali n’iza Kinshasa zari zahuriye i Luanda mu gihugu cya Angola, hakaba hari ku itariki ya 21/03/2024; impande zombi zumvikana ko zigomba kurangiza amakimbirane ari mu Ntara ya Kivu Yaruguru, zikoresheje ugusenya FDLR.

Imyanzuro y’iyi nama y’i Luanda yashizweho umukono na ba minisitiri b’ubanye n’amahanga b’ibihugu byombi ndetse n’uwa Angola.

Muri icyo gihe intumwa za leta ya Kinshasa zavuze ko ibikorwa byo gusenya FDLR bizagaragarira mu nama yagombaga kubera i Luanda mu kwezi kwa kane ari nayo yaje kwigizwa inyuma mu kwezi kwa Gatanu, uyu mwaka.

Uko kwerekana iyo gahunda y’uko Kinshasa izasenya FDLR byari kugaragazwa mbere y’uko perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Félix Tshisekedi wa RDC bahura.

Ibyo rero nibyo leta ya Congo yateye utwatsi ku itariki ya 09/05/2024, igaragaza ko nta mwanya na muto ifite wo gusenya FDLR cyangwa kuganira n’u Rwanda.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, yavuze ko gahunda yo gusenya FDLR igihugu cye ngo cyari cyarayigejeje kuri perezida wa Angola, João Lourenço mu byumweru bibiri bishize.

Lutundula avuga ko RDC n’u Rwanda bagombaga kuganira ku itariki ya 10/05/2024 ariko bakaba barasanze nta mpamvu yo kuganira n’Abanyarwanda.

Yagize ati: “Mu byumweru bibiri bishize, twashyikirije perezida wa Angola, João Lourenço gahunda yo gusenya FDLR kandi twagombaga kuganira ku itariki ya 10/05/2024, ariko hamwe n’ibyo bakoze, nti dushobora kujya kuganira hamwe n’Abanyarwanda.”

Lutundula asobanura ko kutaganira ku isenywa rya FDLR biterwa n’uko ngo u Rwanda rwaranze guhagarika intambara mu Burasirazuba bwa RDC.

Ati: “Nta gihugu na kimwe ku Isi gishobora kwemera ko ingabo za mahanga zifata ubutaka bwacyo noneho ngo abayobozi bacyo banjye gushyikirana.”

Yanashimangiye ko intambara M23 irimo ari yu bucuruzi bwa mabuye y’agaciro no kwica Abanyekongo.

Ati: “Niba perezida w’u Rwanda ashaka gukora ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro hano, nta kibazo ariko ntidukwiye kwica abantu.”

Yasabye perezida João Lourenço gutegeka u Rwanda kuvana Ingabo zabwo ku butaka bwa RDC.

Ibyatangajwe na minisitiri w’u banye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bisa nibitesha agaciro inzira y’amahoro ya Luanda na Nairobi.

Kandi bikaba bigamije ku kuyobya uburari kugira ngo ikibazo nyamakuru ku birebana na FDLR bitaja ahabona.

U Rwanda rwo rwagiye rushigikira amasezerano yose agamije kugarura amahoro, kugira ngo imvururu ziranduranwe n’imizi mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa.

          MCN.
Tags: Cyo gusenya umutwe wa FDLRKu cyemezoLeta ya Kinshasa yisubiyeho

Related Posts

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
Regional Politics

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

August 24, 2026
Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
Regional Politics

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

August 24, 2026
Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare
Regional Politics

Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare

August 24, 2026
Amakuru akomeje gutangwa ku basirikare babiri b’u Burundi barokotse igitero gikaze i Fizi
Regional Politics

Amakuru akomeje gutangwa ku basirikare babiri b’u Burundi barokotse igitero gikaze i Fizi

August 23, 2026
Perezida Biya yagarutse muri Cameroun nyuma y’iminsi 74 yari amaze hanze y’igihugu: Genève hasize ibibazo byinshi ku buzima n’ubuyobozi bwe
Regional Politics

Perezida Biya yagarutse muri Cameroun nyuma y’iminsi 74 yari amaze hanze y’igihugu: Genève hasize ibibazo byinshi ku buzima n’ubuyobozi bwe

August 21, 2026
Akimara kubona ibyabaye i Bujumbura, Perezida Ndayishimiye yahise yifata mu mutwe: Inkongi yongeye gutwika ibikorwaremezo by’ubucuruzi, amateka y’inkongi y’umuriro mu Burundi
Regional Politics

Akimara kubona ibyabaye i Bujumbura, Perezida Ndayishimiye yahise yifata mu mutwe: Inkongi yongeye gutwika ibikorwaremezo by’ubucuruzi, amateka y’inkongi y’umuriro mu Burundi

August 21, 2026
Next Post
Abategetsi ba leta ya Congo baganiriye na ba Kenya bashinja guha urubuga ihuriro  rya Alliance Fleuve Congo(AFC).

Abategetsi ba leta ya Congo baganiriye na ba Kenya bashinja guha urubuga ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
  • Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
  • En savoir plus sur le retour de la MONUSCO à Minembwe : une première évaluation du respect du cessez-le-feu se prépare dans les zones contrôlées par le MRDP-Twirwaneho
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?