• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Perezida Felix Tshisekedi ngo yaba yamaze kunoza umugambi wo gushora intambara ku Gihugu cy’u Rwanda, nk’uko yabiciye amarenga.

minebwenews by minebwenews
May 7, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Perezida Felix Tshisekedi ngo yaba yamaze kunoza umugambi wo gushora intambara ku Gihugu cy’u Rwanda, nk’uko yabiciye amarenga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Kinshasa ngoyaba yamaze kunoza umugambi wo gutera igihugu cy’u Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Bikubiye mu itangazo Guverinoma ya perezida Félix Tshisekedi yashize hanze kuri uyu wa Mbere tariki ya 06/05/2024.

Ni itangazo iyi leta yashize hanze nyuma y’uko hari hashize iminsi itatu mu nkambi y’abavanwe mu byabo iri ahitwa Mugunga mu Burengerazuba bw’u Mujyi wa Goma hari harashwe ibisasu byasize bihitanye abantu barenga 15 abandi 30 barakomereka.

Iri tangazo rya leta ya Kinshasa rishinja igisirikare cy’u Rwanda kuba ari cyo cyateye biriya bisasu.

Nk’uko leta ya Kinshasa yabigaragaje, muri iryo tangazo ivuga ko biriya bisasu byatewe n’abantu bari i Kaluba muri teritware ya Masisi.

Ikavuga ko kandi ibisasu byatewe ko byari bitanu.

Itangazo rikomeza rivuga ko atari ubwa mbere igisirikare cy’u Rwanda gitera ibisasu ku butaka bwa RDC ko mu mezi atatu ashize zabikoze inshuro ninshi.

Ngo ku itariki ya 03 z’uku kwezi, RDF yarashye i Mungunga, mu gihe ku ya 07/02/2024 ho igitero cya RDF cyagabwe ku kibuga cy’indege cya Goma, ndetse ko no ku ya 22/02/2024 ibisasu by’ingabo z’u Rwanda byibasiriye agace ka Nzulo mu Burengerazuba bw’u mujyi wa Goma.

Kenshi iyo perezida Félix Tshisekedi afitanye ibiganiro n’itangaza makuru akunze kugaragaza ko ashize imbere gahunda yo gukemura amakimbirane afitanye n’u Rwanda mu mahoro nk’amahirwe ya nyuma; byananirana agahitamo gushoza intambara ku Rwanda.

Iri tangazo rya Guverinoma ya Kinshasa ryashimangiye ibi rihumuriza abenegihugu bayo by’u mwihariko abakuwe mu byabo ko ingabo z’iki gihugu zigiye gukoresha imbaraga zose zibaho leta yabo ifite ngo mu rwego rwo kabarinda no kurengera ubusugire bw’igihugu cyabo(Congo).

Congo kandi yateguje guha igisubizo gikwiye abo ivuga ko bagabye igitero ku gihugu cyabo.

Aha muri iritangazo yagize iti: “Leta ya Congo iri zeza abaturage bayo by’u mwihariko abavuye mu byabo ko izakoraresha ingufu zose mu rwego rwo kubarinda no kurengera ubusugire bw’igihugu cya RDC.”

Rikomeza rivuga riti: “Kubwibyo, ingamba zihutirwa zamaze gufatwa mu rwego rwo gucunga umutekano wabavuye mubyabo ndetse no kwigarurira ibice biri mu maboko y’ingabo z’u Rwanda igisubizo gikwiye kizagenerwa abibasiriye iki gihugu.”

Iri tangazo iki gihugu cyari sohoye nyuma gato y’uko cyari kimaze gutangaza ko gishobora kuva mu biganiro bya Luanda bigamije kuyunga n’u Rwanda.

                MCN.
Tags: Leta ya KinshasaNgoyaba yamaze kunoza umugambi wo gutera u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umunsi wo kwizihiza umunsi umutwe wa M23 uvukaho abawugize bakoze ibikorwa bishimisha abenegihugu ba Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umunsi wo kwizihiza umunsi umutwe wa M23 uvukaho abawugize bakoze ibikorwa bishimisha abenegihugu ba Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?